Nigeria yongeye kugabizwa u Rwanda! ukotomora isize “Amavubi” mu rugamba rwo kwerekeza mu gikombe cy’Africa muri Morocco 2025

Ikipe y’Igihugu yu Rwanda “ Amavubi” y’isanze mu itsinda rya kane mugushaka tike y’Igikombe cya Africa kizabera mu gihugu cya Morocco mu mwaka wa 2025 , tombora yabereye  I Johannesburg, muri South Africa ku gicamunsi cyo kuri uyu wa  kane taliki ya 07 Nyakanga 2024. U Rwanda ruheruka mu gikombe cya Africa mu mwaka wa…

Read More

CAMEROUN : umukobwa wa perezida ashobora kuba ari umutinganyi

Umukobwa w’umukuru w’igihugu Cameroun yasohoye amafoto asomana n’uwundi mugore, ibi byatumye abatari bake bacika ururondogoro mu gihe ibikorwa by’abahuje ibitsina muri iki gihugu bihanwa n’amategeko. Ubu ni ubutumwa yacishije ku rubuga rwe rwa Instagram bwerekana Brenda Biya w’imyaka 26 arigusomana n’umunyamiderikazi wo muri Brezili Layyons Valença. Brenda Biya yanditse ati: “Naragupfiriye kandi ndashaka ko isi…

Read More

Manchester United yiteguye gushyira Rashford ku isoko

Ikipe ya Manchester United yiteguye kugurisha Rashford Nyuma y’umusaruro mubi n’imyitwarire ye. Nkuko ikinyamakuru “the sun” kibitangaza, Marcus Rashford yaba agiye kugurishwa na Manchester United bitewe n’umusaruro mubi byiyongera kumyitwarire mibi yuyu Musore bituma atumvikana n’umutoza Ten Hag. Rashford ukina asatira kuruhande rw’ibumoso, unambara nimero 10 mumugongo mu mashitani atukura, ntiyitwaye neza sezo yashize nkuko…

Read More

EUROPEAN TRANSFERS: willian yamaze gutera umugongo ibyo kungera amezerano muri Fulham

Umunyaburezile willian borges da silva yamaze guhakanira ikipe ya Fulham yari asanzwe akinira yamaze ibyo kongera amasezerano muri iyi ikipe bivugwa ko ashobora kuza kwerekeza muri shampiyona ya Arabia Saudite cyangwa mu gihugu cya Turukiya. Willian yanze amasezerano yatanzwe na Fulham mu gihe ashishikajwe cyane no kwerekeza muri shampiyona ya Arabiya Sawudite.Uyu mukinyi wimyaka 35…

Read More

AMAKURU MASHYA : inyubako y’umuturirwa izwi nka Makuza Peace Plaza yafashwe n’inkongi y’umuriro

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Nyakanga 2024 Inyubako Makuza Peace Plaza iherereye mu mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi. Inyubako izwi nka Makuza Peace Plaza iherereye mu mujyi Rwagati mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, yibasiwe n’inkongi y’umuriro, ariko ishami rya Polisi rishinzwe kuzimya inkongi, rihagoboka itarakwira iyi nyubako…

Read More

PREMIER LEAGUE : Tottenham Hotspurs imaze kwibikaho Archie Gray wakiniraga leeds united

Ikipe ya Leeds united imaze kwemeza ko imaze kugurisha umukinnyi Archie Gray mu ikipe ya Tottenham Hotspurs kuri miliyoni 30 z’amyero,uyu musore w’imyaka 18 bitezweko azafasha iyi ikipe yo mu murwa mukuru i Londres kwitwara neza mu mwaka w’imikino utaha. Leeds United yashyize ahagaragara itangazo ridasanzwe nyuma yo kugurisha Archie Gray muri Tottenham kuri £30m,ndetse…

Read More

EURO 2024 : Jude Bellingham ashobora kutazongera gukina EURO ukundi

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’i Burayi [UEFA] iri gukora iperereza ricukumbuye ku myitwarire y’umwongereza Jude Bellingham nyuma yo gutsinda igitego cyo kwishyura mu mukino wabahuzaga n’ikipe y’igihugu ya Slovakia muri EURO iri kubera mu gihugu cy’ubudage. Uefa iri gukora iperereza ku kimenyetso cyakozwe n’umukinnyi wo hagati w’Ubwongereza Jude Bellingham nyuma yo gutsinda igitego ikipe…

Read More

EURO 2024 : Anthony Gordon yagarukanye ibikomere mu myitozo

Kuri uyu wa kane, Anthony Gordon yagaragaye mu myitozo ya ekipe y’igihugu y’ubwongereza abifite igikomere ku kanananwa no kubiganza nyuma y’uko uyu mukinnyi wa Newcastle yaguye ari ku igare rye ku wa gatatu mu kigo ikipe y’Ubwongereza icumbitsemo . Uko Bigaragara Anthony Gordon w’imyaka 23 ukinira Newcastle yarakomeretse bikomeye cyane nyuma yuko we n’abandi bakinnyi…

Read More

Transfers : Apr fc imaze kugura abakinnyi bane bashya babanyamahanga barimo Richmond Lamptey [Menya byinshi kuribo]

Ikipe ya APR fc imaze kumvakana n’abakinnyi bagera kuri bane bafite ubwenegihugu bwo muri afurika y’iburengerazuba bagomba kuza gufasha iyi kipe mu marushanwa nyafurika ya Caf Chanpions League iyi kipe igomba kwitabira mu mwaka utaha wa 2024-2025. Muri izi ntwaro iyi kipe y’ingabo z’igihugu igiye kumanura i Nyarugenge harimo uwitwa Richmond Lamptey usanzwe ukina hagati…

Read More