Bisa nk’ibyarangiye! Kevin De Brune agiye gusanga Ngoro Kante na Karim Benzema muri arabia saudite
Kevin De Brune yamaze kwemeranya byose na ekipe ya Al-Ittihad ikina muri shampiyona yo muri arabiya Sawudite kuba yayisinyira nk’umukinnyi wayo mushya. Nyuma yo kumara imyaka igera ku icumi muri ekipe y’umujyi wa Manchester united ,uyu mubiligi usanzwe ukina hagati mu kibuga amasezerano ye afite muri Manchester city azarangira mu mwaka w’imikino wa 2024-25. Amakuru…