Bisa nk’ibyarangiye! Kevin De Brune agiye gusanga Ngoro Kante na Karim Benzema muri arabia saudite

Kevin De Brune yamaze kwemeranya byose na ekipe ya Al-Ittihad ikina muri shampiyona yo muri arabiya Sawudite kuba yayisinyira nk’umukinnyi wayo mushya. Nyuma yo kumara imyaka igera ku icumi muri ekipe y’umujyi wa Manchester united ,uyu mubiligi usanzwe ukina hagati mu kibuga amasezerano ye afite muri Manchester city azarangira mu mwaka w’imikino wa 2024-25. Amakuru…

Read More

Tuyisenge Arsene wavuye muri Rayon sports afashije Red Arrows kwegukana Cecafa Kagame Cup

Red Arrows imaze kwegukana igikombe cya Cecafa Kagame cup itsinze ekipe ya Apr fc kuri penaliti nyuma yo kugwa miswi mu mu minota yagenwe 90 ndetse na mirongo itatu y’inyongera. Uyu ni umukino wabereye kuri sitade ya Uwanja wa KMC,iki kibuga cyatoranyijwe kwakira umukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup akaba ari nacyo cyakiriye imikino…

Read More

BREAKING NEWS : Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda yitabye imana

 Misfer bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani, wari ambasaderi w’igihugu cya Qatar mu Rwanda yitabye imana . Amakuru mabi yatashye i Doha ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu ubwo Nyakabahwa Mohammed bin Abdulrahman Al-Thani usanzwe ari minisitiri w’intebe w’iki gihugu yatangaje iyi nkuru y’incamugongo kuri rubanda,abicishije ku urukuta rwe rwa X ,aho yihanganishije umuryango ndetse…

Read More

Nyuma y’Imyaka 10  APR FC yongeye kugera kumukino wanyuma wa CECAFA Kagame Cup itanga ubutumwa kuri  Azam bafitanye urubanza!

Ikipe y’Ingabo z’igihugu APR FC imaze kugera kumukino wanyuma wa CECAFA nyuma yogutsinda kuri za penaliti  Al- Hilal Omdurman 5-4  umukino wabereye kuri KMC Stadium. Kuri uyu wa gatanu n’ibwo ikipe y’ingabo z’igihugu  APR FC  yagombaga kwisobanura n’ikipe ya Al- Hilal Omdurman yo muri Sudani  y’umutoza  Florent Ibengé akaba ari n’umukino wagombaga gutanga itike y’umukino w’anyuma…

Read More

AMATORA 2024:FPR yongeye kwigarurira ubwiganze mu nteko ishingamategeko

Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje iby’ibanze byavuye mu matora y’abadepite 53, bigaragaza ko ishyaka FPR-Inkotanyi n’andi mashyaka bafatanyije baje imbere n’amajwi 62,6%. ishyaka rya FPR-Inkotanyi yafatanyije n’amashyaka atanu, ari yo PDC, PPC, PSR, PSP na UDPR.Abo badepite 53 ni abatowe babangikanye n’amatora ya perezida yabaye ku wa mbere mu gihugu no ku cyumweru ku Banyarwanda baba…

Read More

Enzo Fernandez ari gukorwaho iperereza ku birego bijyanye n’irondaruhu

Chelsea iri gukora iperereza kuri videwo yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga n’umukinnyi wayo wo hagati Enzo Fernandez ,aho Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bufaransa rivuga ko iyi videwo rikubiyemo indirimbo zimakaza ivanguramoko n’ivangura. Ku wa kabiri, federasiyo y’umupira w’amaguru yo mu bufaransa [FFF] yavuze ko izatanga ikirego ku rwego nyobozi rw’isi rwa Fifa kuri videwo irimo indirimbo…

Read More

abafana n’ubu baracyakomeje kwibaza ugurira ikipe yabo! Rayon sports yaguze Haruna Niyonzima

Ikipe ya Rayon sports imaze gusinyisha Haruna Niyonzima wahoze ari kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, yavuye muri Al Ta’awon SC, yemezwa nk’umukinnyi mushya wa Rayon Sports yahozemo mu myaka 17 ishize. Aya makuru yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu munsi tariki ya 16 Nyakanga 2024 aho uyu Haruna Niyonzima aje muri Rayon Sports avuye mu ikipe…

Read More

Dore abakinnyi icumi bari guhabwa amahirwe yo kwegukana Ball d’or

Nyuma y’isozwa ry’amarushanwa akomeye y’iburayi yaba igikombe cy’uburayi n’amashampiyona atandukanye ,ubu hari kwibazwa ugomba kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi cyizwi nka Ballon d’or. Euro 2024 na Copa America zombi byaje kurangira ku cyumweru nijoro nyuma yukwezi kose kwimikino, ibihangange bitandukanye ku mugabane w’iburayi biri gutekereza uko byakitegura umwaka utaha w’imikino mushya. Ku cyumweru, Espagne…

Read More