Tito Barahira wari warakatiwe igifungo cya burundu kubera ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yitabye Imana.

Tito Barahira Umunyarwanda wari warakatiwe igifungo cya burundu n’ urukiko rwa rubanda ruri i Paris mu Bufaransa mu mwaka wa 2017 rumuhamije ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994 yapfuye aguye aho yari afungiye mu Bufaransa. Ni amakuru yamenyekanye ku munsi w’ejo kuwa mbere tariki 29 Nyakanga 2024 atangajwe na Me. Richard Gisagara…

Read More

Intwaro eshatu za Murera zamaze gusesekera i Kigali !

Abakinnyi bagera kuri batatu barimo Nathanael Iga Ndwangou ,Youssou Diagne na Rutahizamu Fall Ngagne bamaze kugera kugera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali kugira ngo basinyire ikipe ya Rayon sports. Nathanael Iga Ndwangou, umusore wimyaka 21 ukina nka Rutahizamu , yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali kugira ngo asinyire muri Gikundiro ,uyu musore ukiri…

Read More

A.s Kigali yasinyishije myugariro Rwabuhihi Aimée Placide

myugariro Rwabuhihi Aimée Placide watandukanye n’ikipe ya APR FC yasinyiye ikipe ya A.s de Kigali yari isanzwe ivugwamo ibibazo by’amikoro byanagiye biyikoma mu nkokora mu kuba yatangira imyitozo. Nubwo hari amakuru yavugaga ko ikipe ya Kiyovu Sports yamwifuje kuva kera ndetse ikanamwizeza igitambaro cy’ubukapiteni ;Rwabuhihi Aimée Placide yahisemo kwerekeza muri ekipe ya AS de Kigali…

Read More

Ethiopia : agaciro k’ifaranga rya Ethiopia kikubise hasi bitewe n’ingamba za leta zidahamye

Banki nkuru z’ubucuruzi zo muri Ethiopia zavuze ko agaciro k’ifaranga rya Ethiopia kagabanutseho 30% ugereranije n’idolari ry’Amerika nyuma y’uko guverinoma idebetse ku ingamba zo gucunga ifaranga mu gihugu. Guverinoma ya Ethiopia yahinduye politiki yari imaze igihe yo kugena igipimo cy’ivunjisha mu rwego rwo kubona inguzanyo ya biliyoni 10.7 z’amadolari yatanzwe n’ikigo mpuzamahanga cyita ku ubukungu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Peresida wa Rayon Sports ibyo yijeje abafana yatangiye kubishyira mu ngiro, Police FC iri muri Uganda ikomeje gutanga ubutumwa!

Ikipe ya Police FC yahano mu Rwanda mu rwego rwo  kwitegura umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025  byumwihariko imikino Nya-Africa ya CAF Confederations Cup yakinnye umukino wa gicuti n’ikipe ya MAROONS yo mu gihugu cya Uganda banyabitse ibitego bitatu kuri kimwe (3-1) akaba ari n’umukino wakabiri bakinnye kuva bagera muri iki gihugu aho uwambere banganyije n’ikipe…

Read More

Rayon sports yamaze kwemeranya byose kugirango isinyishe abanya – senegal babiri

Ikipe ya Rayon sports mu rwego gutegura neza umwaka w’imikino utaha w’imikino yamaze kwemeranya n’abanya -senegal babiri kuba basinyira iyi kipe barimo Youssou Diagne na Fall Ngagne. Rayon Sports yumvikanye na Youssou Diagne, myugariro w’Umunya-Sénegal wari Kapiteni wa Ittihad Zemmouri de Khémiss yo muri Maroc. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 ategerejwe i Kigali kuri uyu wa…

Read More

Perezida wa Rayon sports avuga ko kuba Rayon day itazabera kuri Sitade Amahoro byabahombeje byinshi

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yavuze ko nubwo iyi kipe hari amafaranga menshi yari kwinjiza kuri ‘Rayon Day’ iyo ibera kuri Stade Amahoro, ariko igihombo kinini yagize ari uko batashoboye kwereka ibigo bikomeye ko bafite umubare munini w’abafana ku buryo byayifasha gukorana na byo. Si gahunda ya Rayon day yakomwe mu nkokora gusa…

Read More

Imikino Olempike 2024 : Ikipe ya sudan y’epfo yacurangiwe indirimbo y’igihugu itariyo !

Abategura imikino Olempike mu Bufaransa bakinnye indirimbo yubahiriza igihugu cya Sudani y’Amajyepfo itariyo mbere yuko umukino wa Basketball mu bagabo utangira wagombaga guhuza Sudani na Porto Rico. Ku cyumweru, abarebaga uyu mukino kuri stade ya Pierre Mauroy baratangaye ubwo indirimbo ya Sudani yacurangwaga aho kuba iya Sudani y’Amajyepfo.Nubwo iyi ndirimbo yakosowe nyuma yo guhagarara gato…

Read More

Libya : Abayobozi bafunzwe bazira kugira uruhare mu myuzure yishe abatari bake!

Abayobozi 12 ba Libiya bakatiwe igifungo kiri hagati y’imyaka icyenda na makumyabiri n’irindwi kubera uruhare bagize mu isenyuka ry’urugomero rw’amashanyarazi rwahitanye abantu barenga 4000 muri mu kwezi kwa Nzeri mu mwaka ushize. abayobozi bakatiwe ibi bihano bari bashinzwe gucunga umutungo w’amazi no kubungabunga ingomero , ibiro ntaramakuru by’abongereza bitangaza ko aba bakurikiranyweho ibyaha birimo uburangare,…

Read More