Premier League : Liverpool itangiye yiyunyuguza amakipe ; ihereweho n’iyitwa Ipswich Town!

Ikipe ya liverpool imaze kubona amanota atatu yayo ya mbere muri shampiyona y’ubwongereza [english Premier League ] nyuma yo gutsinda ikipe ya Ipswich Town ibitego bibiri kubusa byatsinzwe na Mohammed Salah na Diego Jota. abakinnyi babiri bakina imbere muri Liverpool Diogo Jota na Mohamad Salah bangije kugaruka kwa Ipswich muri Premier League maze baha umutoza…

Read More

abarwayi bane nibo bamaze gusangwamo indwara y’ubushita bw’inkende

Mu itangazo Minisiteri y’ubuzima yasohoye ku mugoroba wo ku wa gatanu, ivuga ko abantu bane ari bo bamaze kugaragarwaho ikiza cy’ubushita bw’inkende kandi bose bari baherutse kugirira ingendo hanze y’u Rwanda. Mu mpera y’ukwezi gushize ni bwo u Rwanda rwatangaje abantu babiri ba mbere bagaragaweho ubushita bw’inkende, umugabo n’umugore bari bavuye muri Repubulika ya Demokarasi…

Read More

PREMIER LEAGUE : Joshua zirkzee yafashije ikipe ya Manchester united kubona amanota atatu ya mbere

Ikipe ya Manchester united yabonye itsinzi yayo ya mbere muri premier league nyuma yo gutsinda ikipe ya Fulham igitego kimwe ku busa cya Joshua Zirkzee  ku mukino ufungura shampiyona y’ubwongereza [English premier league ] . Joshua Zirkzee yagize ibihe bidasanzwe ndetse anishimira umukino wambere winzozi nyuma yo gutereka umukono ku masezerano mu impeshyi ishize nyuma…

Read More

European transfers : ikipe ya Chelsea ishobora kuza kwibikaho Victor Osimhen byoroshye!

Chelsea isa nkaho yabonye amahirwe yo gusinyisha Victor Osimhen yiyongera nyuma yicyemezo kinini cya Napoli ,aho umutoza wayo antonio Conte yatangaje ko atamushaka muri iriya kipe ahubwo ko yifuza lomeru Lukaku wa Chelsea fc. Uyu mukinnyi ukomoka muri Nijeriya yahujwe na ekipe ikipe ikinira kuri sitade yitiriwe ikiraro cya Stamford Bridge mu myaka ibiri ishize…

Read More

PREMIER LEAGUE : Dore byinshi wamenya ku mukino wa Manchester united na Fulham uteganijwe kuri uyu mugoroba

Umunsi wo gutangira shampiyona ya Premier League , ikipe Manchester United na Fulham bagomba guhura bagafungura umwaka w’imikino kuri uyu mugoroba wo kuwa gatanu. Ikipe ya Manchester United ishobora kubanzamo:Onana; Dalot, De Ligt, Martinez, Mazraoui; Casemiro, Mainoo; Amad, Fernandes, Rashford; Zirkzee Fulham birashoboka ko yabanzamo :Leno; Castagne, Diop, Bassey, Robinson; Lukic, Urubingo; Iwobi, Pereira, Smith…

Read More

indwara y’ubushita bw’inkende yamaze kugera ku mugabane w’uburayi

Minisiteri y’ubuzima yo muri Suwede yatangaje ko yatahuye umuntu ufite ubu bwoko bukaze kurushaho bw’ubushita bw’inkende muri iki gihugu. Olivia Wigzell ukuriye ikigo cy’ubuzima cya Sweden yavuze ko uwo muntu wanduye yari yabanje kurwarira mu karere k’umurwa mukuru Stockholm, gusa ko kuba arimo kuvurirwa muri iki gihugu bidateye inkeke ku baturage bose bacyo. Olivia yabwiye…

Read More

imbaga y’abatari bake iteraniye i Kibeho kwizihiriza Umunsi Mukuru w’ijyanwa mu ijuru rya Bikiramariya

Abakirisitu babarirwa mu bihumbi baturutse mu bihugu bitandukanye bateraniye i Kibeho ku Ngoro ya Bikiramariya aho bari kwizihiriza Umunsi Mukuru w’ijyanwa mu ijuru rya Bikiramariya, uzwi nka Asomusiyo. Ni umunsi ngarukamwaka aho ku wa 15 Kanama ku Isi hizihizwa umunsi mukuru w’Ijyanwa mu Ijuru rya Biriramariya, aho aba Kirisitu Gatolika bakunze guhurira ku Butaka Butagatifu…

Read More

OMS irahururiza isi yose mu guhagurukira kurwanya indwara y’ubushita bw’inkende

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika ari ikibazo cy’ubuzima rusange cyihutirwa gihangayikishije isi. Umukuru wa OMS Tedros Adhanom Ghebreyesus yavuze ko kuba ishobora kurushaho gukwirakwira muri Afurika no hanze y’Afurika “birahangayikishije cyane”. Yagize ati: “Igisubizo mpuzamahanga gihuriweho ni ingenzi cyane mu…

Read More