Umutoza  w’ikipe ya  Azam yavuze ko bizaba byoroshye kwinjiza ibitego byinshi APR FC I Kigali!

Umutoza w’ikipe ya Azam Umunya-Senegal Youssoupha Dabo yavuze ko APR FC mu mukino wo kwishyura bazayinjiza ibitego byinshi  kubera ko byanga bikunda ngo izafungura umukino. Kuri iki cyumweru taliki ya 18 kanama 2024 nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC yari iri muri Tanzania mu mukino w’ishiraniro wa CAF Chempions League 2024-2025  aho batakaje imbere yikipe ya…

Read More

abahinzi b’umuceri bo mu kibaya cya Bugarama kera kabaye babonye isoko ry’umuceri wabo

Abahinzi b’Umuceri bo mu Kibaya cya Bugarama ubu bari mu byishimo kuko watangiye kugurwa ndetse barashimira Perezida wa Repubulika Paul Kagame wabafashije umuceri wabo ukabona abaguzi nyuma y’amezi abiri bari mu gihirahiro. Abahinzi b’Umuceri bo mu Kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, bari bamaze iminsi barira ayo kwarika kubera umusaruro wabo wari umaze  igihe ku mbuga…

Read More

Tariki 19 / Kanama mu mateka : Hasojwe igikorwa cya gisirikare cyiswe Operation Iraqi Freedom

Bimwe mu byaranze uyu munsi : 1768: Hashinzwe Cathedral izwi cyane mu gihugu cy’u Burusiya yitiriwe Mutagatifu Isaac ikaba yubatse mu Mujyi wa Saint Petersburg. 1919: Igihugu cya Afganistan cyabonye ubwigenge mu buryo budasubirwaho, cyibohora ingoyi y’Ubukoloni bw’Abongereza. 1944: Mu ntambara ya Kabiri y’isi yose, iyi tariki yibukwa cyane mu Mujyi wa Paris mu gihugu cy’u Bufaransa kuko…

Read More

Abagera kuri miliyoni 68 bahuye n’amapfa muri Afurika yepfo

Abantu babarirwa muri za miriyoni bo muri Afurika y’Epfo bahuye n’ingaruka zatewe n’amapfa yatewe na El Nino ndetse umuryango w’akarere uratangaza ko hagabanuka umusaruro w’ibihingwa n’amatungo bigatuma habaho ibura ry’ibiribwa mu bihugu byinshi. Ku wa gatandatu, Elias Magosi, umunyamabanga nshingwabikorwa w’umuryango w’iterambere ry’Afurika yepfo (SADC), yatangaje ko 17% by’abatuye ako karere abaturage bagera kuri miliyoni…

Read More

Dore iby’ingenzi wamenya mbere y’umukino wa Chelsea na Manchester City muri Premier League

Ikipe ya Manchester City iza kuba idafite Rodri iratangira urugendo rwayo rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere ihura na ekipe ya chelsea kuri iki cyumweru kuri sitade ya Stamford bridge. Uyu musore ufite imyaka 28 y’amavuko yagarutse mu myitozo nyuma yo kuvunika mu gice cya kabiri ubwo Espagne yatsindaga Ubwongereza ibitego 2-1 ku mukino wanyuma wa…

Read More

Ubusuwisi bwemereye igihembo gikomeye uwo ari wese wafasha iki gihugu gukura ibisasu mu biyaga byaho

igihugu cy’ubusuwisi cyashyizeho igihembo cy’amafaranga ku muntu wafasha gukura ibisasu mu biyaga ,urwego rwa gisirikare rw’Ubusuwisi rurimo gutanga amafaranga angana na miliyoni 77 mu mafaranga y’u Rwanda nk’igihembo ku muntu watanga igitekerezo cyiza cy’uburyo ibyo bisasu byakurwamo. Ibitekerezo bitatu bya mbere byiza by’uburyo bw’igisubizo gitekanye kandi kitangiza ibidukikije cyo gukuramo ibyo bisasu, bizasaranganya icyo gihembo…

Read More

Premier League : Kai  Havertz na Bukayo Saka bafashije Arsenal kwitwara neza imbere ya Wolves

Ikipe ya Arsenal imaze kubona intsinzi yayo ya mbere muri shampiyona y’ubwongereza nyuma yo gutsinda ibitego bibiri ku busa ikipe ya Wolvermpton Wonderers bya Bukayo saka na Kai Harvertz ,uyu mukino ukaba wabereye kuri sitade ya Emirates iherereye mu mujyi wa Londres. Ikipe y’abarashi yari yakiriye uyu mukino kuri sitade yabo ya Emirates ifite ubushobozi…

Read More