Umutoza w’ikipe ya Azam yavuze ko bizaba byoroshye kwinjiza ibitego byinshi APR FC I Kigali!
Umutoza w’ikipe ya Azam Umunya-Senegal Youssoupha Dabo yavuze ko APR FC mu mukino wo kwishyura bazayinjiza ibitego byinshi kubera ko byanga bikunda ngo izafungura umukino. Kuri iki cyumweru taliki ya 18 kanama 2024 nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC yari iri muri Tanzania mu mukino w’ishiraniro wa CAF Chempions League 2024-2025 aho batakaje imbere yikipe ya…