DRC yakiriye izindi dose z’inkingo z’indwara y’ubushita bw’inkende

Ministri w’ubuzima muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo yatangaje ko icyo gihugu kigiye kwakira inkingo z’indwara y’ubushita bw’inkende. Repubulika ya demukarasi ya Kongo itegereje inkingo za mbere z’indwara y’ubushita bw’inkende kuri uyu wa kane, icyiciro cya kabiri cyazo kikazahagera kuwa gatandatu w’iki cyumweru. Byatangajwe n’umukuru w’itsinda rishinzwe kurwanya iyo ndwara, Cris Kacita. Ishami ry’umuryango w’Abibumbye…

Read More

Nyuma y’uko uwari umukunzi we amusutseho lisansi akamutwika ; Rebecca Cheptegei yapfuye 

Umukinnyi wasiganwaga ku maguru w’umunya-Uganda witwa Rebecca Cheptegei yapfuye nyuma y’iminsi micye arembeye mu bitaro byo muri Kenya, nyuma yo gutwikwa n’uwahoze ari umukunzi we wamusutseho lisansi akamutwika. Abategetsi bavuga ko ku cyumweru gishize ubwo yari avuye gusenga we n’abana be babiri, nibwo yasagariwe na Dickson Marangach umugabo wahoze ari umukunzi we, ari iwe mu…

Read More

Umwami Mswati III agiye kurongora Umukobwa wa Jacob Zuma

Nomcebo Zuma, umukobwa w’uwahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo Jacob Zuma, yerekanywe nk’ugiye kuba umugore mushya w’Umwami Mswati III wa Eswatini ku munsi wa nyuma w’ibirori gakondo bimara iminsi ine muri iki gihugu.  Umwami Mswati yizeje Jacob Zuma inka 100 na miliyoni zigera kuri ebyiri z’ama-Rand (arenga miliyoni 150Frw), yafatwa nk’inkwano, ku mukobwa we.Ku wa…

Read More

Usengimana Faustin yabonye ikipe nshya

Myugariro wa ekipe y’igihugu y’u Rwanda [Amavubi ] Faustin USENGIMANA yamaze gusinyira ikipe ya Masafi Al-Wasat yo mu gihugu cya Iraq isanzwe ikina shampiyona y’ikiciro cya mbere muri iki gihugu izwi nka Iraqi Premier Division League . Masafi Al-Wasat ibarizwa Bagdad mu murwa mukuru, ikakirira imikino yayo kuri Masafi Stadium yakira abantu 5000,Faustin ari mu…

Read More

Apr fc yamaze gutangaza ibiciro by’amatike y’umukino uzayihuza na Pyramids fc

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC, bwamaze gushyiraho ibiciro hasi ku bifuza kuzareba umukino ubanza uzayihuza na Pyramids Fc mu mikino y’ijonjora rya kabiri mu irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika, CAF Champions League. Tariki 14/ nzeri nibwo iyi ikipe y’ingabo z’iki gihugu ni bwo ikipe y’Ingabo izakira umukino ubanza wa Total Energies…

Read More

Nyuma  ya  perezida Uwayezu Jean Fidèle  undi mu yobozi muri Rayon Sports yafashe ikemezo cyo kuyisezera!

Umunyamabanga  w’ikipe ya Rayon Sports  Bwana Namenye Patrick biteganyijwe ko   atazakomeza  kuri  izi nshingano  akaba asigaje igihe kingana n’ukwezi kumwe kugirango ave  kuri izi nshingano. Ikipe  ya Rayon Sports  ni  imwe   mu makipe   ataratangiye umwaka w’Imikino neza  wa 2024-2025   aho mu mikino ibiri imaze gukinwa itarabona itsinzi  dore ko umukino  ufungura  wa  shampiyona  banganyijemo n’ikipe ya …

Read More

Ihuriro rya 13 ry’abapolisikazi ryasojwe hibandwa ku bunyamwuga no kwita ku buzima

Ihuriro ngarukamwaka rihuza abapolisikazi ryaberaga ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, ku nshuro ya 13 ryasojwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 31 Kanama, hagarukwa ku buryo bwo kwirinda indwara nka Kanseri y’ibere n’indwara z’ibyorezo zirimo; Ubushita bw’inkende (Mpox), Indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina (STDs) n’ingamba zo kuboneza urubyaro. Umunsi wa mbere wari waranzwe…

Read More

APR FC yatsinze Marine FC mu mikino wa gicuti

APR FC yatsinze Marine FC ibitego 2-1 mu mukino wa gicuti wakinwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 31/8/2024 i Shyorongi. Ni umukino wa gicuti wakinwe mu gihe iy’amarushanwa yabaye ihagaze kubera amajonjora yo guhatanira itike yo kujya mu mikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika (CAN) aho Amavubi agomba guhatana na Libya na Nigeria. Ibitego…

Read More

FERWAFA imaze gutangaza umubare ntakuka w’abanyamahanga bagomba kujya mu kibuga

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [ FERWAFA ] rimaze kwemeza ko umubare w’abanyamahanga bashobora kujya kuri list y’abakinnyi bagomba kugaragara mu mukino utagomba kurenga 10 naho abajya mu kibuga nabo ko batagomba kurenga abakinnyi batandatu. Aya makuru amaze gushyirwa ahagaragara n’ubuyubozi bukuru bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda bubicishije mu ibaruwa igenewe abafite aho bahurira…

Read More

CENTRAFRIQUE: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bakoze umuganda rusange

Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), bifatanyije n’abaturage mu gikorwa cy’umuganda rusange wabereye mu bice bitandukanye by’igihugu. Ibikorwa by’Umuganda rusange byitabiriwe n’amatsinda abiri y’abapolisi; RWAFPU1-10 rikorera mu Murwa Mukuru Bangui n’itsinda RWAFPU3-2 ribarizwa mu Mujyi wa Bangassou uherereye mu Ntara ya Mbomou, mu Majyepfo y’Iburasirazuba…

Read More