BREAKING NEWS : Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda yitabye imana

 Misfer bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani, wari ambasaderi w’igihugu cya Qatar mu Rwanda yitabye imana . Amakuru mabi yatashye i Doha ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu ubwo Nyakabahwa Mohammed bin Abdulrahman Al-Thani usanzwe ari minisitiri w’intebe w’iki gihugu yatangaje iyi nkuru y’incamugongo kuri rubanda,abicishije ku urukuta rwe rwa X ,aho yihanganishije umuryango ndetse…

Read More

AMATORA 2024:FPR yongeye kwigarurira ubwiganze mu nteko ishingamategeko

Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje iby’ibanze byavuye mu matora y’abadepite 53, bigaragaza ko ishyaka FPR-Inkotanyi n’andi mashyaka bafatanyije baje imbere n’amajwi 62,6%. ishyaka rya FPR-Inkotanyi yafatanyije n’amashyaka atanu, ari yo PDC, PPC, PSR, PSP na UDPR.Abo badepite 53 ni abatowe babangikanye n’amatora ya perezida yabaye ku wa mbere mu gihugu no ku cyumweru ku Banyarwanda baba…

Read More

ECUADOR : toni 6 za cocaine zasanzwe muri kontineri zari zijyanye ibitoki mu budage

Polisi ya Ecuador yatangaje ko imbwa zicunga umutekano zo mu bwoko bwa Sniffer zasanze toni 6.23 za cocaine zihishe mu ibitoki byari bigiye koherezwa mu mahanga. Polisi yavuze ko basanze ibiyobyabwenge byinshi bya Cocaine mu gihe cyo kugenzura buri kontineri yagombaga koherezwa ku cyambu cy’amazi maremare ya Posorja mu majyepfo y’iburengerazuba bw’umujyi munini wa Ecuador…

Read More

BREAKING NEWS : imyirondoro y’uherutse kurasa Donald Trump yamaze kujya ahagaragara

Urwego rwa Leta zunze ubumwe z’Amerika rw’ubugenzacyaha [FBI] rumaze gutangaza ku mugaragaro imyirondoro y’uwashatse kwica Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika mu gihe yarimo yiyamariza mu leta ya Pennsylvania. Agace gato ka Pittsburgh gaherereye muri parike ya Beteli muri Pennsylvania karahangayitse nyuma yuko FBI ivuze ko umusore uhakomoka witwa Thomas Matthew Crooks, ari we…

Read More

KENYA : abapolisi bamwe bakuwe mu birindiro mu gihe bari gukorwaho iperereza rifitanye isano n’imirambo yabonetse mu myanda mu minsi ishize

igipolisi cya kenya cyatangaje ko abapolisi bakoreraga mu gace katoraguwemo imirambo mu minsi ishize bimuwe bakajyanwa gukorera mu kandi gace kugira ngo batabangamira iperereza rikomeje kubakorwaho nyuma y’uko bakomeje gushyirwa mu majwi n’abatari bake mu ku kuba bari inyuma y’ubu bwicanyi. Umugenzuzi mukuru w’igipolisi w’agateganyo wa Kenya yavuze ko abapolisi bari kuri sitasiyo ya polisi…

Read More

Gambia : Leta igiye gutora itegeko ritegeka ikatwa ry’imwe mu myanya ndangagitsina ku abagore

Mu gihugu cya Gambia hagiye kongera gushyirwaho itegeko ritegeka abakobwa n’abagore bose gukorerwa umuhango wo gukata bimwe mu bice byabo ndangagitsina . Gambiya, igihugu gito cyo muri Afurika y’iburengerazuba gituwe n’abantu batageze kuri miliyoni 3, nicyo gihugu cya mbere ku isi cyongeye kwemeza FGM[female genital mutilation] nyuma y’uko umuryango w’abibumbye ubibuzanyije,iri tegeko bitegenijwe ko riraza…

Read More

Nigeria : abanyeshuri 22 bahirimiwe n’ishuri bahita bapfa

Abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko abana 22 bapfuye abandi barenga 130 barakomereka nyuma y’inyubako y’ishuri yasenyutse muri Nijeriya yo muri leta ya Plateau rwagati. ishuri rya Saint Academy riherereye mu murwa mukuru wa leta ya Jos ryahirimye mugihe abanyeshuri bari mwishuri mugitondo cyo kuwa gatanu. Abana benshi bahita bisanga munsi y’ibinonko by’iyi nyubako. Abakorerabushake bari…

Read More

CAMEROUN : umukobwa wa perezida ashobora kuba ari umutinganyi

Umukobwa w’umukuru w’igihugu Cameroun yasohoye amafoto asomana n’uwundi mugore, ibi byatumye abatari bake bacika ururondogoro mu gihe ibikorwa by’abahuje ibitsina muri iki gihugu bihanwa n’amategeko. Ubu ni ubutumwa yacishije ku rubuga rwe rwa Instagram bwerekana Brenda Biya w’imyaka 26 arigusomana n’umunyamiderikazi wo muri Brezili Layyons Valença. Brenda Biya yanditse ati: “Naragupfiriye kandi ndashaka ko isi…

Read More

AMAKURU MASHYA : inyubako y’umuturirwa izwi nka Makuza Peace Plaza yafashwe n’inkongi y’umuriro

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Nyakanga 2024 Inyubako Makuza Peace Plaza iherereye mu mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi. Inyubako izwi nka Makuza Peace Plaza iherereye mu mujyi Rwagati mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, yibasiwe n’inkongi y’umuriro, ariko ishami rya Polisi rishinzwe kuzimya inkongi, rihagoboka itarakwira iyi nyubako…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki ya 22/Kamena,Diego Maradona yakoze ku mupira n’ukuboko kw’ibumoso mbere yo kuwukubita umutwe kugira ngo awutereke mu ncundura binatuma Arijantine itsinda Ubwongereza igitego 1-0 naho Darrell Armstrong na Nikolay Shirshov babona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo kuri iyi taliki: Uyu munsi ku cyumweru ,Tariki ya 22 Kanama 2024 ni umunsi wa 174 w’umwaka ubura iminsi 192 ngo urangire. 1921 Paavo Nurmi yaciye agahigo ko kwiruka muri 10,000 akoresheje iminota 30 na amasegonda 40. 1949 ,mu mikino y’iteramakofe Ezzard Charles yatwaye umudali…

Read More