Tito Barahira wari warakatiwe igifungo cya burundu kubera ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yitabye Imana.

Tito Barahira Umunyarwanda wari warakatiwe igifungo cya burundu n’ urukiko rwa rubanda ruri i Paris mu Bufaransa mu mwaka wa 2017 rumuhamije ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994 yapfuye aguye aho yari afungiye mu Bufaransa. Ni amakuru yamenyekanye ku munsi w’ejo kuwa mbere tariki 29 Nyakanga 2024 atangajwe na Me. Richard Gisagara…

Read More

Intwaro eshatu za Murera zamaze gusesekera i Kigali !

Abakinnyi bagera kuri batatu barimo Nathanael Iga Ndwangou ,Youssou Diagne na Rutahizamu Fall Ngagne bamaze kugera kugera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali kugira ngo basinyire ikipe ya Rayon sports. Nathanael Iga Ndwangou, umusore wimyaka 21 ukina nka Rutahizamu , yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali kugira ngo asinyire muri Gikundiro ,uyu musore ukiri…

Read More

Ethiopia : agaciro k’ifaranga rya Ethiopia kikubise hasi bitewe n’ingamba za leta zidahamye

Banki nkuru z’ubucuruzi zo muri Ethiopia zavuze ko agaciro k’ifaranga rya Ethiopia kagabanutseho 30% ugereranije n’idolari ry’Amerika nyuma y’uko guverinoma idebetse ku ingamba zo gucunga ifaranga mu gihugu. Guverinoma ya Ethiopia yahinduye politiki yari imaze igihe yo kugena igipimo cy’ivunjisha mu rwego rwo kubona inguzanyo ya biliyoni 10.7 z’amadolari yatanzwe n’ikigo mpuzamahanga cyita ku ubukungu…

Read More

Libya : Abayobozi bafunzwe bazira kugira uruhare mu myuzure yishe abatari bake!

Abayobozi 12 ba Libiya bakatiwe igifungo kiri hagati y’imyaka icyenda na makumyabiri n’irindwi kubera uruhare bagize mu isenyuka ry’urugomero rw’amashanyarazi rwahitanye abantu barenga 4000 muri mu kwezi kwa Nzeri mu mwaka ushize. abayobozi bakatiwe ibi bihano bari bashinzwe gucunga umutungo w’amazi no kubungabunga ingomero , ibiro ntaramakuru by’abongereza bitangaza ko aba bakurikiranyweho ibyaha birimo uburangare,…

Read More

Ibiciro by’amatike yo kwinjira kuri Rayon Day byahindutse!

Ubuyobozi bwa ekipe ya Rayon sports bwatangaje ibiciro bishya by’amatike yo kwinjira kuri Rayon day bitewe n’uko “Rayon Day” itakibereye kuri Stade Amahoro. Umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Robben, yatangaje ko bitewe n’uko “Rayon Day” itakibereye kuri Stade Amahoro kubera impamvu zitabaturutseho, hari uburyo bagerageje guhuza ibiciro by’amatike yari yashyizwe ku isoko n’ibijyanye na Kigali…

Read More

Amakuru mashya : abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende bamaze kugaragara ku ubutaka bw’ u Rwanda

Mu Rwanda hamaze kugaragara abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Monkeypox) imaze iminsi ivugwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Byatangajwe na Dr.Rwagasore ushinzwe kurwanya ibyorezo mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, yabwiye RBA ko nubwo atari indwara ifite ubukana bukabije ariko abantu bagomba kuyirinda bakaraba intoki kenshi no kutajya ahari abayanduye cyangwa kubonana na bo….

Read More

BREAKING NEWS : Umunsi w’igikundiro “Rayon Day” ntago ukibereye kuri Sitade Amahoro

Rayon sports yamenyeshejwe ko Stade Amahoro itakibonetse, umunsi w’i Gikundiro wimuriwe kuri sitade ya KIGALI PELE STADIUM. Amakuru ageze hanze nonaha avuga ko Umunsi w’igikundiro “Rayon Day” wari uteganyijwe ku itariki ya 3 Kanama 2024, ntabwo ukibereye kuri Stade Amahoro. Ibi birori ngaruka mwaka bizabera kuri Kigali Pelé Stadium. Ni ibirori ngarukamwaka byitezwe n’abatari bake…

Read More

ugushyirwa mu bikorwa kwa Jenoside yakorewe abatutsi ni ikimenyetso cyo kujenjeka kwa U.N : Bill Clinton

I Kigali hatangijwe ikigo kigamije kwigisha amahoro, cyikaba cyatangirijwe mu nama mpuzamahanga yateguwe n’umuryango w’abongereza ugamije kurwanya Jenoside ku Isi, Aegis Trust . Uretse abashakashatsi bo mu Rwanda no mu mahanga, iyi nama yatumiwemo kandi bamwe mu bayobozi b’iki gihe n’ababaye abayobozi kw’isi batandukanye. Abo barimo uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Bill…

Read More

Imikino olempike : Eric Manizabayo na Clementine Mukandanga nibo bari buserukire u Rwanda mu birori byo gutangiza iyi mikino ku mugaragaro ;Menya byinshi biri burange ibi birori [EXCLUSIVE ]

Clementine Mukandanga usiganwa marato (42km) na Eric Manizabayo usiganwa ku igare nibo baraza guserukira u Rwanda mu birori byakataraboneka byo gufungura ku mugaragaro imikino olempike ;dore ko ari bimwe mu birori bitegerejwe n’abatari bake menya byinshi kuri byo.  umuhanzi w’icyamamare Aya Nakamura, Umufaransa ukomoka muri Mali, ashobora kuba ari muri abo, uyu ubu niwe ucurangwa…

Read More

Dore iby’ingenzi wamenya ibi bizamini bya Leta bigiye gutangira ku munsi w’ejo

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini bya leta n’igenzura mu mashuri cyimaze gutangaza ku mugaragaro ko ibizamini bya leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye ,imyuga n’ubumenyingiro, inderabarezi ndetse n’ibisoza amashuri y’isumbuye bizatangira ku mugaragaro ku munsi wejo .menya byinshi wibaza kuri ibizamini bya leta. Minisiteri y’uburezi ibicishije mu kigo cyiyishamikiyeho gishinzwe itegurwa ry’ibizamini bya leta ndetse n’igenzura…

Read More