Tito Barahira wari warakatiwe igifungo cya burundu kubera ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yitabye Imana.
Tito Barahira Umunyarwanda wari warakatiwe igifungo cya burundu n’ urukiko rwa rubanda ruri i Paris mu Bufaransa mu mwaka wa 2017 rumuhamije ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994 yapfuye aguye aho yari afungiye mu Bufaransa. Ni amakuru yamenyekanye ku munsi w’ejo kuwa mbere tariki 29 Nyakanga 2024 atangajwe na Me. Richard Gisagara…