Man city yumvikanye na Frankfurt iby’ibanze kugira ngo isinyishe Omar Marmoush

Ikipe ya Manchester city yamaze kugirana ibiganiro by’ibanze n’ikipe ya Eintrach Frankfurt bigamije gusinyisha umusore wayo ukomoka mu Misiri ukina asatira witwa Omar Marmoush kuri miliyoni zisaga miliyoni 67 z’amayero . Ikipe ya Man city yifuzaga kuba yazana Omor Marmoush kuri miliyoni 40 gusa ikipe ya Frankfurt ikomeza kuyibera ibamba bituma izamura ingano y’amafaranga yatangana…

Read More

u Rwanda rwatangaje gahunda y’imyaka 5 igamije guhindura byinshi mu rwego rw’ubuzima

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko igiye gushyira mu bikorwa gahunda y’imyaka itanu igamije kuzongera umubare w’abakora mu rwego rw’ubuzima ,kugabanya ndetse no kurandura burundu umubare w’ababyeyi ndetse n’abana bapfa mu gihe cyo kubyara . Ibi byatangajwe na Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana ubwo yagezaga ku nteko inshinga mategeko umutwe wa sena inyigo y’uyu mushinga ugamije kuzamura…

Read More

Kigali : Itsinda ry’abapolisi ryekeje muri Sudan y’epfo mu butumwa bwa LONI

kuri uyu wa Kane tariki 16 / Mutarama 2025 , itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda  ryahagurutse I Kigali ryerekeza muri Sudan y’Epfo gusimbura bagenzi babo bari mu butumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye Aba bapolisi b’u Rwanda berekeje muri Sudan biganjemo umubare munini w’ab’igitsina gore bayobowe na SSP Donatha Nyinawumuntu, bari mu itsinda rya rya RWAFPU3-7 . Iri…

Read More

Novak Djokovic yakuyeho agahigo kari gafitwe na Roger Federer

Umunyaseribiya Novak Djokovic, yaciye kuri Roger Federer, mu bijyanye n’intsinzi z’umukinnyi ku giti cye ubwo yageraga mu cyiciro cya Gatatu cy’irushanwa rya Australian Open. Djokovic w’imyaka 37, yasunikiwe gukina iyi mikino ubwo yakinaga umukino we wa 430, ndetse aza no kuwitwaramo neza atsinda umutangizi Jaime Faria, 6-1 6-7 (4-7) 6-3 6-2. Iyi ntsinzi niyo yahise…

Read More

Kamonyi : Umugabo yateye gerinade mugenzi we bapfa umugore

Mu karere ka Kamonyi haravugwa inkuru y’umugabo wateye gerinade mu rugo rw’umuturanyi we kubera urwango rukomoka ku kuba uyu mugabo waterewe gerinade mu rugo yari asanzwe afitanye umubano wigiye imbere n’umugore we bivugwa ko yaba amuca inyuma  . Uyu mugabo wateye gerinade yitwa Nkuriyingoma Jean Baptiste yari asanzwe akora akazi k’ubuhinzi n’ubworozi gusa ariko bikanogwanogwa…

Read More

Niger : umugore ukomoka muri Austria yashimuswe n’abataramenyekana

Umugore ukomoka mu gihugu cya Otirishe yashimutiwe muri Niger n’abantu batazwi , ndetse ni no ku nshuro ya mbere umuturage Ukomoka ku mugabane w’uburayi ashimutirwa muri iki gihugu kuva ubutegetsi bw’igisirikare bwajyaho mu mwaka wa 2023. Ku cyumweru, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga  ya Otirishe yemeje ko ambasade yayo muri Alijeriya, ari na yo ireberera abaturage b’iki…

Read More

Rutsiro : RIB yafunze abarimo gitifu w’umurenge bakekwaho Ibyaha bya ruswa

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu bane barimo abayobozi batatu bo mu Murenge wa Manihira mu Karere ka Rutsiro,rubakurikiranyweho ibyaha byo gukoresha ububasha bahabwa n’itegeko mu nyungu bwite no gukoresha inyandiko mpimbano. Abafunzwe ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Manihira, Basabose Alexis, n’ushinzwe Iterambere ry’Ubucuruzi n’Umurimo muri uwo Murenge, Hategekimana Victor, ndetse na…

Read More

Gasabo : Ubushinjacyaha bwareze umugabo wishe umwana w’umukobwa nyuma yo kumusambanya

Kuri iki cyumweru tariki ya 12 / Mutarama / 2025 ,Ubushinjacyaha Ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwagejeje imbere y’Urukiko dosiye y’umugabo w’imyaka 47 wishe umwana w’umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko nyuma yo kumusambanya. Icyaha uyu mugabo akurikiranyweho cyabereye mu mudugudu wa Rebero, akagari ka Rugando, umurenge wa Nyarugenge, mu Karere ka Bugesera ku itariki ya 15…

Read More