MANCHESTER UNITED: Jarrad Branthwaite,Joshua Zirkzee na Matthijs de Ligt bageze he binjira muri iyi ikipe ? ni bande bagomba gusohoka?

Manchester united iratangaza ko igomba gusinyisha abakinnyi bane bashya barimo Jarrad Branthwaite,Joshua Zirkzee na Matthijs de Ligt gusa ariko kandi ko abarimo Masoon Greenwood na Donny van de Beek bagomba gusohoka muri iyi ikipe. Ikipe ya Manchester United yongeye gutanga akayabo kuri myugariro wa Everton Jarrad Branthwaite.Everton yanze amafaranga manchester Unted yabanje gutanga dore yabanje…

Read More

BAYERN MUNICH : nyuma ya Micheal Olise wamaze gusinya ;Joao Palinha niwe utahiwe muri iyi kipe!

Ikipe ya Bayern Munich ibinyujije ku rukuta rwayo rwa X, yatangaje ko yasinyishije Micheal Olise ,rutahizamu w’umufaransa wakiniraga Cryistal palace yo mu bwongereza kuri miliyoni 50 z’amapawundi harimo n’uduhimbaza musyi. Olise w’imyaka 22 y’amavuko nyuma yo kugurwa na Bayern yahise asinya amasezerano y’imyaka itanu azamugeza mumwaka wa 2029. Michael Olise abinyujije kurukuta rwa X, yagize…

Read More

CECAFA yahumuye APR FC irigukora imyitozo nkiyitegura gutwara igikombe !

Muri iki gitondo ikipe ya Apr fc yatangiye gukora imyitozo na bamwe mu bakinnyi bayo bashya yaguze kuri sitade ikirenga i Shyorongi yitegura kwerekeza muri Tanzania aho izaba igiye kwitabira irushanwa rya CECAFA KAGAME CUP 2024. Ikipe y’ingabo z’igihugu yatangiye imyitozo mbere yuko berekeza muri CECAFAKAGAMECUP2024 muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki…

Read More

EURO 2024 : Jadon Sancho yageneye ubutumwa bw’isanamutima Bukayo Saka nyuma yo kwitwara neza imbere y’ubusuwisi

Jadon Sancho yageneye ubutumwa buvuye ku mutima Bukayo Saka nyuma yuko Ubwongereza bugeze muri kimwe cya kabiri kirangiza muri Euro 2024. Intare eshatu zasezereye u Busuwisi kuri penariti ku mugoroba udasanzwe wabereye i Dusseldorf, uruhande rwa Gareth Southgate rwongeye kubira icyuya kugira ngo bagere mu cyiciro gikurikira. Asubiza rutahizamu Breel Embolo, Bukayo Saka yasubije Ubwongereza…

Read More

Copa América : Urguay ikatishije itike ya 1/2 nyuma yo kuvanamo Brazil kuri Penaliti

Ikipe y’igihugu ya Urguay imaze gukatisha itike ya kimwe cya kabiri nyuma yo gusezerera ikipe y’igihugu ya Brazil kuri penaliti 4 kuri 2 nyuma y’uko iminota isanzwe y’umukino aya makipe yaguye miswi ubusa ku busa ,bikaba biteganijweko Urguay izahura na Columbia muri kimwe cya kabiri cyirangiza. Ni umukino wabaye mu rukerera rwo kuri icyi cyumweru…

Read More

CAF yahaye apr fc na police italiki ya nyirantarengwa yo kwandikisha abakinnyi

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika yamaze gutanga italiki ya 16 /Nyakanga nka nyirantarengwa yo kuba amakipe yose azitabira imikino nyafurika “birumvikana na zaduhagararira [ APR FC na POLICE fc ] ararebwa niyi taliki ” kuba yatanze intonde ndakuka z’abakinnyi bazakoresha muri aya marushamwa mu cyiciro kibanze (Preliminary Round ). Hashize iminsi CAF itangaje ko amakipe…

Read More

BREAKING NEWS : Rayon sports imaze gusinyisha myugariro Oumar Gnign ukomoka muri senegal

Ikipe ya Rayon sports imaze gusinyisha myugariro witwa Oumar Gnign ukomoka mu gihugu cya Senegal wakiniraga ikipe yitwa As Pikine akaba afite imyaka makumyabiri n’itatu akaba ayisinyiye amasezerano y’imyaka ibiri ku kayabo ka milyoni 22 z’amafaranga y’u Rwanda. Mu kanya gashize nibwo amakuru agiye ahagaragara ko uwitwa Oumar Gnign ukomoka mu gihugu cya senegal amaze…

Read More

PREMIER LEAGUE : nyuma ya byinshi byavuzwe manchester united yongereye Tenhag amasezerano

Mu kanya gashize Ikipe ya Manchester united imaze kongerera umutoza wayo Eric Tenhag amasezerano y’umwaka umwe azamugeza muri 2026 ,nyuma yo kwitwara neza mu mpera z’umwaka ushize agatwara igikombe cya Fa Cup atsinze Manchester city. Ikipe ya Manchester United yatumye umwaka umwe wongerwa mu masezerano ya Erik icumi Hag yo kumugumana muri iyi kipe kugeza…

Read More