Apr fc igiye kuzajya yambara ‘Visit Rwanda’ ku myambaro yayo

Ikipe ya Apr fc yatangaje ko igiye kongera ibirango bya “Visit Rwanda ” ku myambaro izajya yambara mu mwaka utaha nka gahunda yo gukomeza gutuma u Rwanda rumenyeka i bwotamasimbi. iyi kipe y’ingabo z’igihugu yari isanzwe yambara uruganda rukora ibikomoka ku gihingwa k’ingano rwo mu gihugu cya Tanzania nk’umuterankunga wayo w’imena nyuma ya minisiteri y’ingabo…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Neymar Jr yabaye umukinnyi uhenze ku isi y’umupira w’amaguru naho Brahim Diaz abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo. 1949 icyahoze ari Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball muri Amerika (BAA) na National Basketball League (NBL) byishyize hamwe bishyiraho Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball ririho ubu rya (NBA), naho Maurice Podoloff yatorewe kuba umuyobozi wa mbere w’iyi shampiyona nshya. 1952 Umushoferi wakiniraga Ferrari w’umutaliyani witwa Alberto…

Read More

Conor Gallagher ashobora kuza kwerekeza muri Atletico Madrid

Ikipe ya Atletico Madrid yo muri esipanye irifuza gusinyisha Conor Gallagher usanzwe ukinira ikipe ya Chelsea fc mu kibuga hagati kuri miliyoni 36 z’amayero n’ubwo hari n’andi makipe arimo  Tottenham  ari kumwifuza. Gallagher yabwiye chelsea ko yifuza kuba umwe mu bakinnyi b’iyi ekipe izaba iyobowe n’umutoza mushya Enzo Maresca kandi ko yishimiye imikinire y’umutoza mushya…

Read More

Enzo Fernandez yamaze gusanga bagenzi be nyuma yo gukekwaho ivanguraruhu!

Enzo Fernandez yasanze ikipe ya Chelsea muri Amerika nyuma y’inkubiri y’amakuru y’ivanguramoko yari imaze iminsi amuvugwaho;aho uyu Umunya Argentine yasabye imbabazi bagenzi be ndetse na ekipe ye muri rusange. Muri uku kwezi hagati , Fernandez yabaye intandaro y’ivanguramoko nyuma yo gushyira amashusho kuri Instagram bigaragara ko amwerekana na bagenzi be bo muri Arijantine barimo kuririmba…

Read More

A.s Kigali yasinyishije myugariro Rwabuhihi Aimée Placide

myugariro Rwabuhihi Aimée Placide watandukanye n’ikipe ya APR FC yasinyiye ikipe ya A.s de Kigali yari isanzwe ivugwamo ibibazo by’amikoro byanagiye biyikoma mu nkokora mu kuba yatangira imyitozo. Nubwo hari amakuru yavugaga ko ikipe ya Kiyovu Sports yamwifuje kuva kera ndetse ikanamwizeza igitambaro cy’ubukapiteni ;Rwabuhihi Aimée Placide yahisemo kwerekeza muri ekipe ya AS de Kigali…

Read More

Rayon sports yamaze kwemeranya byose kugirango isinyishe abanya – senegal babiri

Ikipe ya Rayon sports mu rwego gutegura neza umwaka w’imikino utaha w’imikino yamaze kwemeranya n’abanya -senegal babiri kuba basinyira iyi kipe barimo Youssou Diagne na Fall Ngagne. Rayon Sports yumvikanye na Youssou Diagne, myugariro w’Umunya-Sénegal wari Kapiteni wa Ittihad Zemmouri de Khémiss yo muri Maroc. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 ategerejwe i Kigali kuri uyu wa…

Read More

Perezida wa Rayon sports avuga ko kuba Rayon day itazabera kuri Sitade Amahoro byabahombeje byinshi

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yavuze ko nubwo iyi kipe hari amafaranga menshi yari kwinjiza kuri ‘Rayon Day’ iyo ibera kuri Stade Amahoro, ariko igihombo kinini yagize ari uko batashoboye kwereka ibigo bikomeye ko bafite umubare munini w’abafana ku buryo byayifasha gukorana na byo. Si gahunda ya Rayon day yakomwe mu nkokora gusa…

Read More

Ibiciro by’amatike yo kwinjira kuri Rayon Day byahindutse!

Ubuyobozi bwa ekipe ya Rayon sports bwatangaje ibiciro bishya by’amatike yo kwinjira kuri Rayon day bitewe n’uko “Rayon Day” itakibereye kuri Stade Amahoro. Umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Robben, yatangaje ko bitewe n’uko “Rayon Day” itakibereye kuri Stade Amahoro kubera impamvu zitabaturutseho, hari uburyo bagerageje guhuza ibiciro by’amatike yari yashyizwe ku isoko n’ibijyanye na Kigali…

Read More