APR FC yatsinze Marine FC mu mikino wa gicuti

APR FC yatsinze Marine FC ibitego 2-1 mu mukino wa gicuti wakinwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 31/8/2024 i Shyorongi. Ni umukino wa gicuti wakinwe mu gihe iy’amarushanwa yabaye ihagaze kubera amajonjora yo guhatanira itike yo kujya mu mikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika (CAN) aho Amavubi agomba guhatana na Libya na Nigeria. Ibitego…

Read More

FERWAFA imaze gutangaza umubare ntakuka w’abanyamahanga bagomba kujya mu kibuga

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [ FERWAFA ] rimaze kwemeza ko umubare w’abanyamahanga bashobora kujya kuri list y’abakinnyi bagomba kugaragara mu mukino utagomba kurenga 10 naho abajya mu kibuga nabo ko batagomba kurenga abakinnyi batandatu. Aya makuru amaze gushyirwa ahagaragara n’ubuyubozi bukuru bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda bubicishije mu ibaruwa igenewe abafite aho bahurira…

Read More

ubuyobozi bwa shampiyona y’u Rwanda bwongeye kwibutsa FERWAFA kugira icyo batangaza ku umubare w’abanyamahanga bagomba gukina Shampiyona

Ubuyobozi bwa shampiyona y’u Rwanda bwamaze kwandikira ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [Ferwafa] burimesha ko bagitegereje igisubizo ku mubare w’Abakinnyi b’abanyamahanga bazakina Shampiyona uyu mwaka. Perezida wa shampiyona y’u Rwanda [Rwanda Premier League] Bwana Hadji Yussuf MUDAHERANWA akaba na Perezida wa ekipe ya Gorilla_fc yandikiye umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] amubwira ko amakipe…

Read More

APR FC yasubukuye imyitozo yitegura Pyramids FC

Nyuma yo gutsinda no gusezerera Azam FC mu ijonjora ry’ibanze, APR FC ikomeje imyitozo yitegura iyo zizahura mu cyiciro gikurikiyeho. Kuwa gatandatu tariki ya 24/8/2024 ni bwo APR FC yatsinze Azam FC ibitego 2-0, iyisezerera ityo ku bitego 2-1 hateranyijwe imikino yombi y’ijonjora ry’ibanze mu mikino yo guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere…

Read More

Nigeria yashyize hanze inkorokoro z’iyobowe  na  Victor Osimhen  zigomba  guhangana  n’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda  “Amavubi”

Ikipe  y’Igihugu  ya Nigeria  yashyize ahagaragara  abakinnyi 23  bagomba kuzahangana  n’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda  “Amavubi”  mu mikino yo gushaka  tike y’Imikino  yanyuma  y’Igikombe  cy’Afurika  kizabera muri Morocco 2025. Ikipe y’Igihugu  ya Nigeria  y’Aruhago  “Super Eagles”  n’umutoza  wa  yo  Umudage  Bruno Labbadia  urutonde bashyize  hanze rurimo  abakinnyi basanzwe bakomeye  k’umugabene  w’Iburayi  bambariye urugamba rwa  tariki ya …

Read More

Pitchou yatangiye imyitozo n’abandi bakinnyi badafite amakipe b’abanyarwanda [amashusho]

Pitchou yatangiye imyitozo n’abandi bakinnyi badafite amakipe b’abanyarwanda ninyuma y’uko uyu musore atandukanye na ekipe ya APR fc k’ubwumvikane. Umukinnyi ukinira ikipe y’igihugu y’u Burundi izwi nk’INTAMBA mu RUGAMBA witwa Ismail NSHIMIYIMANA “Pitchou” wamaze gusaba APR FC gutandukana nayo, n’ikipe ikabimwemerera, yatangiye imyitozo n’abandi bakinnyi badafite amakipe b’abanyarwanda. Ikipe ya APR FC yasinyishije Ismael ‘Pitchou’…

Read More