LIVE🛑AMATORA 2024 ;PARTIAL RESULTS ,KAGAME PAUL ON THE TOP WITH 99.15 % VOTES

AMAJWI Y’AGATEGENYO KU MWANYA W’UMUKURU W’IGIHUGU ⚫PAUL KAGAME 99.15⚫DR.Frank HABINEZA 0.53⚫MPAYIMANA PHILLIPE 0.32 uko amajwi y’ibanze ateye kugeza ubu. Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Democratic Green Party of Rwanda akaba n’Umukandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Dr. Frank Habineza ageze kuri Olympic Hotel. Kuri iyi hoteli iherereye mu Kagari ka Bibare mu…

Read More

BREAKING NEWS : imyirondoro y’uherutse kurasa Donald Trump yamaze kujya ahagaragara

Urwego rwa Leta zunze ubumwe z’Amerika rw’ubugenzacyaha [FBI] rumaze gutangaza ku mugaragaro imyirondoro y’uwashatse kwica Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika mu gihe yarimo yiyamariza mu leta ya Pennsylvania. Agace gato ka Pittsburgh gaherereye muri parike ya Beteli muri Pennsylvania karahangayitse nyuma yuko FBI ivuze ko umusore uhakomoka witwa Thomas Matthew Crooks, ari we…

Read More

India : abavoka ibihumbi n’ibihumbi bari kwigaragambiriza uburyo amategeko ari gushyirwaho na Leta

Kuri uyu wa mbere, abanyamategeko babarirwa mu bihumbi mu murwa mukuru w’Ubuhinde bigaragambije bamagana ivugururwa ry’amategeko ahana ibyaha byakorewe mu murimo ndetse banamagana uburyo bw’iburanisha ry’urukiko. Benshi muri aba banyamategeko barakajwe n’amategeko mashya yaje ku ya 1 /Nyakanga yagura ububasha bwa polisi kugira ngo abantu bafungwe mbere y’urubanza kandi rikanategeka abacamanza gutanga imyanzuro y’urubanza kandi…

Read More

Amatora 2024: Abanyarwanda batoye umukuru w’igihugu n’abadepite Biteguye neza ibisubizo by’ibanze mu masaha y’umugoroba.

Kuri uyu wa mbere, abanyarwanda baba imbere mu gihugu bitabiriye amatora y’Umukuru w’igihugu n’ayabadepite muri iyi Manda y’imyaka itanu iri imbere,aho babyutse iya kare kugira ngo bitorere abayobozi bababereye. Nk’uko komisiyo y’igihugu y’amatora yabitangaje,amatora y’abanyarwanda baba mu mahanga batoye ku munsi w’ejo, mugihe ab’imbere mu gihugu batoye uyu munsi kuva saa moya kugera saa Cyenda…

Read More

u Rwanda na Kenya byasabwe gutanga ubusobanuro bwimbitse ku ishimutwa rya Yusuf Ahmed Gasana

impuguke zigenga z’umuryango mupuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu zavuze ko Kenya n’u Rwanda bigomba gutanga ubusobanuro bujyanye no n’ishimutwa rya Yusuf Ahmed Gasana  . Ku ya 30 Gicurasi 2023, nibwo bivugwa ko Gasana yashimuswe ubwo yari iwe i Nairobi,agashimutwa n’abantu batamenyekanye kugeza ubu akaba ntawuzi irengero rye ,kuva icyo gihe Umuryango wa Gasana ntiwahwemye kumenyesha ibura…

Read More

Donal trump yari apfiriye mu bikorwa byo kwiyamamaza muri leta ya Pennsylvania

Kuri uyu mugoroba wo ku wa 13/07/2024,uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika Donald Trump yarasiwe aho yiyamamarizaga muri Leta ya Pennsylvania aho yiyimamazaga ku matora azaba mu minsi iri imbere. Ubwo yiyamamazaga, humvikanye urusaku rw’isasu maze rinyura iruhande rwa Donald Trump maze ahita yikubita hasi agwa igihumure. Abashinzwe umutekano nabo bahise bivugana…

Read More

Diaspora Bariraye Ku ibaba: Uko umunsi wa Nyuma wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’amatora y’abanyarwanda baba mu mahanga.

Uyu munsi wanyuma wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Gasabo Uyu mukandida Kandi nk’uko…

Read More

Isreal – Hamas War : Imibare mishya iratangaza ko nibura abagera kuri 71 bapfiriye mu bitero bya Israel k’umutwe wa Hamas

Abanyapalestina nibura 71 biciwe mu gitero cyo mu kirere cyakozwe na Israel ahitwa al-Mawasi ,gusa israel ivuga ko yari igamije kwivugana inyeshyamba nkuru zibarizwa mu mutwe wa Hamas zari zicumbitse muri aka gace. Kugeza ubu ,imibare igera kuri Daily box dukesha inzego z’ubuzima n’uko abarenga 289 bakomerekeye muri ibi bitero , mu minsi ishize Igisirikare…

Read More

Sudan : abanyamahanga batuye i Khartoum bahawe nyirantarengwa yo kuba bavuye mu gihugu

Abanyamahanga batuye mu mujyi wa Khartoum bahawe gasopo ko bagomba kubatashye bitarenze iminsi 15 mu rwego rwo kubungabunga umutekano wabo. igipolisi cyo muri Sudan, cyasabye abanyamahanga bari muri iki gihugu by’umwihariko abari mu murwa mukuru i Khartoum no mu nkengero zaho kuhava byihuse ku bw’umutekano wabo. uru rwego rufite mu nshingano umutekano w’abantu n’ibyabo imbere…

Read More