ibihugu bitandukanye byatangiye gutanga ubufasha bw’Inkingo z’Ubushita bw’Inkende kuri Afurika

Ibihugu bikomeje gutanga doze z’inkingo z’ubushita bw’inkende mu rwego rwo kurwanya icyorezo cy’iyo ndwara muri Afurika, nyuma y’uko Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima, OMS, itangarije ko yugarije ubuzima rusanga bw’abaturage, ku ncuro ya kabiri mu myaka ibiri. Inkingo zitangwa zakozwe n’isosiyete yo muri Danemarke ya Bavarian Nordic cyangwa isosiyete yo mu Buyapani, KM Biologics….

Read More

Lubero: RENADEL irahamagarira FARDC kongera ingufu mu bikorwa byo kurwanya ADF muri teretwari ya Bapere

Ku wa gatatu, tariki ya 28 Kanama, ihuriro ry’igihugu ry’intore (RENADEL), ryahamagariye ingabo za Kongo kongera ingufu mu bikorwa bya gisirikare mu turere duherutse kwibasirwa n’inyeshyamba za ADF, mu murenge wa Bapere, ku butaka bwa Lubero (Kivu y’Amajyaruguru). Umuhuzabikorwa w’uyu muryango w’abaturage, Cyprien Sangala, yavuze ko ingabo zigomba kwibanda cyane muri Mangurejipa, aho izo nyeshyamba…

Read More

Nord-Kivu: abasirikare 8 ba FARDC bakatiwe urwo gupfa

abasirikare umunani ba FARDC bakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rwa gisirikare rwa Goma i Munigi mu gace ka Nyiragongo muri Kivu y’Amajyaruguru. Nyuma y’urubanza rweruye ku mugaragaro ku wa gatandatu ushize i Munigi, aba basirikare umunani bahamwe n’icyaha cyo kwambura abantu, kwica abaturage gushyigikira ubujura no gukwirakwiza amasasu. Mu bakatiwe harimo : Bagejejwe mu…

Read More

abakandida-Senateri batandukanye bakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu Karere ka Musanze

kuri uyu wa gatatu , tariki ya 28/Kanama , mu Karere ka Musanze hiyamamarije abakandida batatu barimo Nyinawamwiza Laetitia, Dr Gatera Jean d’Amour na Amb Rugira Amandin  mu amatora y’abasenateri ateganijwe kuba ku itariki 16 na 17 Nzeri 2024. Ni mu gihe hirya no hino mu Gihugu hakomeje ibikorwa byo kwamamaza abakandida-Senateri, aho abiyamamaza bakomeje…

Read More

Leta ya Iran igiye gushyiraho ingamba zikarishye ku mikoreshereze ya interineti muri iki gihugu

Umuyobozi w’ikirenga wa Irani, Ayatollah Ali Khamenei, kuri uyu wa kabiri yasabye guverinema nshya y’icyo gihugu kiyobowe mu buryo bwa kiyisilamu, gushyiraho ingamba zihamye zo kugabanya imikoreshereze ya interineti. Avugana na guverinema shya yashyizweho na perezida Masoud Pezeshkian, Ayatollah Ali Khamenei yavuze ko hagomba kuba uburyo bwo kubahiriza amategeko n’ahatagaragarira amaso nko kuri interineti. Yasabye…

Read More

DRC : Abaregwa Kugerageza coup d’État ku wa 19 Gicurasi basabiwe urwo gupfa

Umushinjacyaha w’urukiko rwa gisirikare yasabiye igihano cyo kwicwa abantu 50 baregwa kugerageza guhirika ku ngufu ubutegetsi bwa Kinshasa tariki 19 Gicurasi, uruhande rwabo rwavuze ko icyo gihano gikabije. Baregwa ibyaha birimo; iterabwoba, gutunga intwaro bitemewe, kwica, umugambi wo kwica, no gutera inkunga iterabwoba n’ibindi.Kuri 51 baregwa, ubushinjacyaha bwasabiye umwe gusa kudakatirwa urwo gupfa kuko “agaragaza…

Read More

Lubero: abantu 3 bapfiriye mu iturika rya grenade i Kikuvo

Ku wa kabiri, tariki ya 27 Kanama, abasivili batatu barapfuye abandi benshi barakomereka bikabije, nyuma ya grenade yaturikiye i Kikuvo, mu gace ka Lubero (mu majyaruguru ya Kivu), yigaruriwe n’inyeshyamba za M23. Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza, ngo ibi byabaye igihe abaturage basaga nk’abakinisha grenade e nyuma yo kuvumburwa ku muryango w’umudugudu wabo….

Read More

Intambara ya Israel na Hamas : Isiraheli yakuye imbohe zari zarashimuswe na Hamas mu mwobo

Isiraheli ivuga ko ingabo zayo zidasanzwe zakuye imbohe ya Isiraheli mu mwobo wo mu majyepfo ya Gaza mu gikorwa gikomeye cyo gutabara izi nzirakarengane. Ku wa kabiri, igisirikare cyatangaje ko Kaid Farhan al-Kadi, Bedouin w’imyaka 52 y’amavuko, yashimuswe n’umutwe wa Palesitine Hamas mu gitero cyagabwe kuri Isiraheli. Igisirikare cyavuze ko al-Kadi ameze neza “kandi ko…

Read More