Uwo bikekwa ko ari ingabo ya DRC yarashe ku butaka bw’u Rwanda
Mu kanya gashize mu Karere ka Rubavu hafi y’umupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, humvikanye urusaku rw’amasasu ku ubutaka bw’u Rwanda bivugwa ko yarashwe n’uwo bikekwa ko ari umwe mu ngabo za Repubuilika iharanira Demokarasi ya Kongo. Mu masaha ya saa sita zo kuri uyu wa kane umusirikare bikekwa ko ari…