TODAY IN HISTORY:taliki ya 4/Nyakanga,ingabo zahoze ari iza RPA zabohoye u Rwanda naho Papa Benedict V yitaba imana

Uyu munsi Taliki ya kane /Nyakanga ni umunsi w’186 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 180kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze uyu munsi mu mateka: Igitondo cyo kuwa 4 Nyakanga 1994 muri Kigali ntabwo cyari kimeze nk’igisanzwe. Nyuma y’amezi atatu aburaho iminsi itatu, imiborogo,…

Read More

Sierra Leone : Iki gihugu kimaze gutora itegeko ribuza ishyingirwa ry’abana bari munsi y’imyaka 18

Guverinoma ya Sierra Leone yashyizeho itegeko rishya ribuza gushyingirwa kw’abana ryatangajwe mu birori bikomeye byateguwe na Fatima Bio, umugore wa Perezida, byabaye ku wa kabiri mu murwa mukuru Freetown. Abitabiriye iki gikorwa harimo umugore wa perezida wa Cap-Vert n’umugore wa perezida wa Namibia, barebaga ubwo umugabo we, Perezida Julius Maada Bio, yashyiraga umukono ku itegeko…

Read More

AMATORA MURI USA: Perezida Biden yegetse umugogoro ku umunaniro nka nyirabayazana y’intsinzwi ye mu kiganiro mpaka

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Joe Biden, yatangaje ko ukwitara nabi ndetse no kugaragaza intege nke mu kiganiro mpaka abona byaratewe n’umunaniro nyuma yo gukora ingendo ebyiri mbere yo kujya mu kiganiro mpaka cyabereye i Atlanta kuri CNN. Perezida Biden yegetse kwitwara nabi kwe mu kiganiro mpaka mu cyumweru gishize ku munaniro yatewe no…

Read More

Inkuru Yose: Uko umunsi wa 11 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu wagenze ku italiki 02 Nyakanga ,2024  ndetse na gahunda y’Umunsi wa 12

Ku munsi wa 11   wo kwiyamamaza kuba kandida perezida kuri uyu wa Kabiri  taliki ya 02 Nyakanga 2024 abakandida bose  uko aribatatu bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza nyuma y’uko bamwe muribo bari babisubitse kuri uyu wa mbere w’icyumweru. Umukandida w’Umuryango wa   FPR Inkotany Paul Kagame yasubukuriye ibikorwa bye byokwiyamamaza  mu Karere ka Kirehe kuri  site ya Kirehe …

Read More

KENYA :Abarenga 10 bapfiriye mu bikorwa by’igipolisi byo gutatanya abigaragambyaga uyu munsi

Kuri uyu wa mbere igipolisi cyo muri Kenya cyakoresheje imbaraga z’umurengera zirimo kurasa ibyuka biryana mu maso kugirango gitatanye imbaraga z’abigarambyaga bamaganaga ibyo gutora umushinga w’itora rigamije kongera umusoro muri iki gihugu bivugwa ko abatari bake bahatakarije ubuzima. Igipolisi cyarashe ibyuka biryana mu maso mu murwa mukuru mu kwirukana abari mu myigaragambyo yo kwamagana leta,ibi…

Read More

AMATORA MURI AMERIKA : Nyuma yo kubyemeranyaho n’umuryango we ;perezida Biden azakomeza guhatanira ku mwanya wa Perezida

Akanama ka abagize umuryango wa Perezida Joe Biden kamaze kwemeza ko agomba kutava ku izima mu kwiyamamariza ku mwanya wa perezida nubwo Biden yitwaye nabi cyane ndetse agakubitwa incuro na mugenzi we Trump bahanganye mu kiganiro mpaka giherutse kubera kuri CNN i Atlanta. Umuryango wa Perezida w’Amerika ndetse akaba n’umudemokarate , Joe Biden wamushishikarije gutera…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 2/Nyakanga ,Hasinywe amasezerano y’amahoro ya Perth ( traité de Perth) naho Patrice Lumumba waharaniye ubwigenge bw’icyahoze ari Zaire abona izuba

Uyu munsi Taliki ya kabiri /Nyakanga ni umunsi w’184 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 182 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu mateka y’isi : 1266 : Hasinywe amasezerano y’amahoro ya Perth ( traité de Perth) arangiza intambara yahuzaga Ecosse na Norvège na Espagne….

Read More

Inkuru Yose: Uko umunsi wa 10 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu wagenze ku italiki 01 Nyakanga ,2024 ndetse na gahunda y’Umunsi wa 11

Ku munsi wa 10   wo kwiyamamaza kuba kandida perezida kuri uy’u wambere taliki ya 01 Nyakanga 2024 hiyamamaje gusa umukandida peresida  w’ishyaka riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije  “ Democratic Green Party”  Dr Frank Habineza. Uy’u mukandida wa Green Party ibikorwa bye byo kwiyamamaza  yabikoreye  mu ntara  yuburengerazuba mu Karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe …

Read More

SOUTH AFRICA :Perezida Ramaphosa yatangaje guverinoma nshya kandi idasanzwe

Kuri uyu wa mbere ,Cyril Ramaphosa ,Perezida wa Afurika yepfo amaze gushyira hanze abagize guverinoma nshya kandi idasanzwe kuko ihuriweho n’andi mashyaka atavuga rumwe na ANC iri kubutegetsi magingo aya . Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ibi , nyuma yuko ishyaka rye rya ANC (African National Congress) ritakaje ubwiganze mu nteko ishingamategeko mu matora…

Read More

#AMATORA MU BUFARANSA: Madame Marine Le Pen n’ishyaka rye bari kubyina intsinzi y’amatora

Ishyaka Rassemblement National rya Madame Marine Le Pen rimaze kubona intsinzi yo mu cyiciro cya mbere cy’amatora y’abadepite mu gihugu cy’ubufaransa nyuma yo guhigika iry’abaharanira demokarasi na repubulika rya Perezida Emmanuel Macron. Uruhande rw’ishyaka ry’abahezanguni mu gukomera ku migirire ya kera ryo mu Bufaransa riri mu mu byishimo nyuma y’icyiciro cya mbere cy’amatora y’abadepite, cyemeje kugira…

Read More