Paper Talk: Percy Tau akomeje kuba igihangange muri Africa! Tunisia kuri sitade habaye akavuyo, Ani Elijah muri Rayon Sports

Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya south Africa Percy Muzi Tau, 30 ya hawe igihembo cy’Umukinnyi mwiza w’Umwaka wa COSAFA, ishyirahamwe ry’Ibihugu byo mu majyepho ya Africa, uyu musore asanzwe abarizwa muri shampiyona ya Misiri.( COSAFA) Ikipe ya Al-Gharaf  ibarizwa mu gihugu cya Qatar irifuza umusore ukomoka mu gihugu cya Angola Agostinho Cristóvão Paciência “Mabululu”  gusa…

Read More

Paper Talk:Karim Benzema yaje gusura ku ivuko,BAL 2024 yashyizweho akadomo! abatoza muri Africa bakomeje kwirukanwa

Petro de Luanda yo muri Angola yegukanye BAL 2024 itsinze Al Ahly Benghazi amanota 107-94, mu mukino warebwe na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, mu gihe Rivers Hoopers ya twaye umwanya wa gatatu muri BAL 2024.(#BAL 2024) Karim Mostafa Benzema,36 ya geze iya Béjaïa muri Algeria aho aba byeyi be bakomoka  kuri uyu wa…

Read More

Paper Talk: Amavubi abonye undi mukinnyi wo kubafasha, Espoir FC itewe mpaga 16! Simba ikomeje amavugurura adasanzwe

Umusore w’Imyaka 25 Jojea Kwizera usanzwe ukinira ikipe yo muri reta zunze  ubumwe za America ya Rhode Island FC ya maze guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu “Amavubi” iri kwitegura imikino ibiri yo gushaka tike y’Igikombe kisi cya 2026. (#IMFURAYACU Jean Luc) Ikipe ya Espoir FC yakinanga muri shampiyona y’Ikiciro cya kabiri yamanuwe mu cyiciro cya gatatu…

Read More

Paper Talk: Mvuyekure Emmanuel kurega Rayon Sports muri FIFA, John Bocco yasezeye Ruhago! Police ku bakinnyi baba nyamahanga

Martin Ndtoungou wari washyizweho nk’u mutoza w’Umusigire w’Ikipe y\’Igihugu ya Cameroon, nawe ya kuweho adatoje umukino n’Umwe nyuma y’Ubwiyunge bwa baye hagati ya Samuel Eto’o Fils umuyobozi wa federasiyo ya ruhago muri Cameroon(FECAFOOT) na  Marc Brys.(#BBC Sports Africa) Umunya Cameroon André Onana Onana,28 ukinira ikipe ya Manchester United y’Ibereye mu byaro by’Iwabo aho akomoka , ya garagaye…

Read More

Paper Talk: Kanamugire Roger muri APR FC,Abatoza batatu APR FC izakuramo umwe,Seif na Savio muri Gor Mahia, BAL 2024

APR FC ikomeje ibiganiro n’abatoza batandukanye yifuza gusimbuza Umufaransa Thierry Froger wasoje amasezerano ye muri iyi kipe barimo Aritz López Garai 44(spain), Julien Chevalier 43(France), Adel Amrouche 56(Belgium).(#Igihe) Bal 2024 Ku nshuro ya mbere yitabiriye BAL, Al Ahly yo muri Libya yageze ku mukino wa nyuma, itsinze Rivers Hoopers yo muri Nigeria amanota 89-83, mugihe…

Read More

Paper Talk:Onana,Ojera muri Rayon Sports,Umukinnyi w\’a Mavubi muri Champions League,Samuel Eto\’o Fils

Umunyezamu w’Amavubi Maxime Wenssens agiye gukora amateka yo kuba umunyarwanda wa mbere ukinnye irushanwa rya UEFA Champions League, rihuza amakipe yabaye aya mbere mu bihugu byayo ku mugabane w’i Burayi.Uyu munyezamu yabigezeho nyuma yaho ikipe ya Union Saint-Gilloise isoje imikino ya shampiyona( Regular season) iyoboye ku manota 70.(#Kigali To Day) Ikipe ya Patriots BBC iri…

Read More

Mucyo Didier Junior muri Al Jazira muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Mandela National Stadium izakira mikino ibiri ya Uganda cranes, Basketball Africa League(BAL)

Rayon Sports, Myugariro wo ku ruhande rw’iburyo wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, Mucyo Junior Didier agiye kujya mu igeragezwa mu ikipe ya Al Jazira muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, agomba gukora igeragezwa ry’iminsi 30.(#Isimbi) Rayon Sports, Nyuma yo gusoza amasezerano muri Rayon Sports, Muhire Kevin yavuze ko nubwo ari mu biganiro n’iyi…

Read More

BaL 2024,umusimbura wa juvenal,inteko rusange ya Ferwafa, muri kenya ,ninde uzasohokera iki igihugu?

Basketball Africa League Al Ahly ifite igikombe giheruka yasezerewe , Uyu mukino wa mbere wa ¼ wabaye ku Cyumweru, tariki 26 Gicurasi 2024 wari umwe mu yitezwe cyane ko wahuzaga ikipe ifite igikombe giheruka n’indi nshya ariko yagaragaje imbaraga zikomeye.(#Igihe) Kiyovu Sports Club Nkurunziza David yatorewe kuba perezida wa Kiyovu Sports mu nama y’Inteko rusange…

Read More