Watch Loading...
HomePaper TalkRwanda & Africa

Paper Talk: Kanamugire Roger muri APR FC,Abatoza batatu APR FC izakuramo umwe,Seif na Savio muri Gor Mahia, BAL 2024

\"\"

APR FC ikomeje ibiganiro n’abatoza batandukanye yifuza gusimbuza Umufaransa Thierry Froger wasoje amasezerano ye muri iyi kipe barimo Aritz López Garai 44(spain), Julien Chevalier 43(France), Adel Amrouche 56(Belgium).(#Igihe)

Bal 2024 Ku nshuro ya mbere yitabiriye BAL, Al Ahly yo muri Libya yageze ku mukino wa nyuma, itsinze Rivers Hoopers yo muri Nigeria amanota 89-83, mugihe Petro de Luanda yo muri Angola yatsinze Cape Town Tigers yo muri Afurika y’Epfo amanota 96-86

Umukino wanyuma uzaba taliki ya 01 kamenza, 2024 (4:00pm) mugihe umukino w’Umwanya wa Gatatu uzakinwa 31 Gicurasi,2024 (8:00PM). (#BAL2024)

Niyonzima Olivier Seif  na Nshuti Dominique Savio bari bafite amahirwe yo kwerekeza muri ekipe ya  Gor Mahia yo muri Kenya ariko bya maze gupfa kuberako umutoza wa bifuzaga Johnathan McKinstry ya maze gusohoka muri iyi ekipe akere cyeza muri Gambia.(#Isimbi)

Umukinnyi wo hagati mu kibuga mu ikipe ya Rayon Sports, Kanamugire Roger ageze kure ibiganiro n’ikipe ya APR FC aho biteganyijwe ko agomba kuyisinyira amasezerano y’imyaka ibiri azarangira mu mpeshyi ya 2026.(#KGLnews)

Pre-Season Agaciro Tournament Travel Agency Line FC ntiyahiriwe kuko yatsinzwe na Kimonyi FC igitego 1-0 mu gihe Brésil & Friends FC y’abavuka i Rubavu na Football DNA FC y’abavuka ku Mumena izi zombi zaje kugwa miswi nyuma yo kunganya igitego 1-1.(#Umuseke)

Christian IYAMUREMYE niwe mukinnyi we nyine ukina mu cyiciro cy’Akabiri mu Rwanda wa garagaye kuru tonde rw’Abakinnyi 100+ beza mu Rwanda aho yaje kumwanya wa 98.(#Daily–box)

Mu mpera z’iki cyumweru, mu Rwanda hazakinwa irushanwa ryateguwe n’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Handball mu Rwanda (FERWAHAND), ryo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.(#Umuseke)

Amakipe 54 Yo Mu Bihugu Bitatu Niyo Azitabira Imikino Ya Volleyball Yo Kwibuka Rutsindura, bitaganyijwe kandi ko imikino y’amashuri abanza n’amashuri yisumbuye azatangira imikino yayo ku cyumweru, tariki ya 02 Kamena 2024.(#Rushyashya)

Nyuma yo kugirwa umutoza wa ekipe y’Igihugu ya Cameroon aga tanduka nayo atayitoje Marc Brys  ya simbujwe undi mutoza ugiye gukora nku musigire(Interim) ariwe Martin Ndtongou Mpile ukomoka muri Cameroon.(#BBC Sports Africa)

Intizanyo ya ekipe ya FC Barcelona muri Real Betis Chidi Riad,20  muri iki cyumweru ara kora igeragezwa ry’Ubuzima muri ekipe ya Crystal Palace uyu musore ukomoka muri Marocco.(#BBC Sports Africa)

TP Mazembe ye gukanye igikombe cy’Ashampioyona( Vodacom Ligue 1) cya 20 muri Republc iharanira demokarasi ya Congo.(#Linafoot)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *