TODAY IN SPORTS HISTORY : [4/Nyakanga],Igitego cya Bebeto cyakijije Brezil ipfunwe imbere ya leta zunze ubumwe z’Amerika naho rutahizamu w’umufaransa Georges Bereta aratabaruka

Uyu munsi Taliki ya kane /Nyakanga ni umunsi w’186 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 180kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki muri siporo: 1964 Tennis y’abagore ya Wimbledon: Umunyaburezili Maria Bueno yegukanye igikombe cya 3 cya Wimbledon ,ibi yabigezeho amaze gutsinda Margaret Smith…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal irenda gusinyisha umukinnyi wa mbere , Paris St-Germain  y’Injiye mu rugamba rw’Umukinnyi  w’Ifuzwa na makipe menshi!

Real Madrid yatangiye gutekereza gutwa myugariro w’ikipe ya  Crystal Palace w’Imyaka 23   Marc Guehi unarikumwe n’ikipe y’igihugu ya Bongereza mu gikombe cy’Iburayi  gusa ari no kwifuzwa cyane n’Ikipe ya   Barcelona yo mu gihugu cya Esipanye  n’Ikipe ya   Juventus  yo mu Gihugu cy’Ubutaliyani. (Sun) Arsenal  y’Iteguye gutwa  umusore w’Ikipe ya Bologna Riccardo Calafiori  wa gize…

Read More

Paper Talk[Rwanda &Africa]: APR FC  yamenya abobazatana mu mitwe muri CECAFA Kagame Cup , Umutoza wa Mangwende  yahonzwe agera ku $60,000! Rayon Sports nyamara izahanga mu mwaka utaha

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC yisanze mu Itsinda rya Gatatu [C] mu mikino ihuza Amakipe yo mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba no Hagati, CECAFA Kagame Cup y’umwaka wa 2024 muri tombora yatangajwe kuri uyu wa Gatatu taliki 3 Nyakanga 2024, ni itsinda isangiye n’amakipe ya SC Villa yo muri Uganda, Singida Black Stars yo muri…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 3/Nyakanga,Ingabo za RPF Inkotanyi zafashe Kigali naho Louis XI, Umwami w’u Bufaransa abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatatu /Nyakanga ni umunsi w’185 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 181kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu mateka y’isi : 321: Umwami w’Abami Constantin Ier yemeje ko umunsi w’icyumweru ugirwa ikiruhuko cyemewe n’amategeko mu Bwami bwa Roma, byanakurikijwe mu Burayi bwose….

Read More

TODAY IN SPORTS : taliki ya 3 /Nyakanga,Romania yakuyemo Arijantine mu gikombe cy’isi naho Sebastian Vettel abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatatu /Nyakanga ni umunsi w’185 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 181kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1927: Gerard de Courcelles yapfuye azize impanuka mu birori byabereye muri Grand Prix y’Abafaransa i Montlhery. 1932 Nyuma yimyaka 30…

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea irikwitwara neza cyane ku isoko pe! Yageze no kuri Nico Williams, Manchester United igiye kugura umukinnyi wa mbere akaba myugariro  

Anthony Gordon Umwongereza w’imyaka 23   ari kwifuzwa cyane  n’ikipe ya  Liverpool  yumutoza Arne Slot  ariko biragoye cyane  kuko Newcastle United  ivugako ntagahunda ifite yokugurisha  uyu musore ukina nka mababa  (Telegraph – subscription required) Manchester United biravugwa ko yamaze guha amasezerano y’imyaka itanu myugariro   Matthijs de Ligt, 24, ukomoka mu gihugu cya  Netherlands  mu gihe…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Rayon Sports iri gukora  remontada muri taransiferi! Umunya-Africa yanditse amateka muri Tour de France

Umunya-Eritrea Biniam Girmay, yabaye umukinnyi mu mukino w’amagare wa mbere w’Umwirabura wegukanye agace (Etape) mu isiganwa rikomeye ku Isi rya Tour de France, iyi ntsinzi yabonetse kuri uyu wa Mbere tariki 01 Nyakanga 2024, ubwo hakinwaga agace ka gatatu kiri siganwa rya Tour de France.(# Tour de France 2024) Simba SC  ikomeje kwiyubaka  yitegura  umwaka…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : taliki ya 2 /Nyakanga, Luis Suarez yahesheje Uruguay intsinzi imbere ya Ghana naho umubiligi Maarten Martens abona izuba

Uyu munsi Taliki ya kabiri /Nyakanga ni umunsi w’184 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 182 kugirango ugere ku musozo . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu mateka y’isi byumwihariko mu isi ya Siporo : 1932 Muri Tennis , umunyamerika Ellsworth Vines yatsindiye ku mukino wa nyuma Bunny Austin mugenzi we bahuje ubwenegihugu amaseti atatu…

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea iguze rutahizamu wa Barcelona, Newcastle United yatanze igisubizo kubifuza  Alexander Isak!

Liverpool, Arsenal, Chelsea ndetse na  West Ham United  zose z’irifuza gutwara  umusore w’imyaka 22  ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani   Riccardo Calafiori  myugariro mwiza cyane  gusa zose z’ifite umusozi wo kurira  bishyura agera kuri  £40m kugirango  ave muri  Bologna. (Express) Bamwe mu ba directors b’ikipe ya  Barcelona ntago bari kwemera  kuba bazana umusore ukomoka mu gihugu cya Esipanye  …

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Rutahizamu wanenzwe na Rayon Sports  ya bonye ikipe nshya  Ikipe izakina Confederation, Abdelhak Benchikha wanzwe na Simba ya bonye indi kipe!

CAF Club Licensing Online Platform (CLOP)  ni uburyo bwa sizweho  n’impuza mashyirahamwe y’umupira  wa maguru muri Africa  “CAF” kugirango amakipe agaragaze ko y’ujuje ibyangombwa  byo gukina imikino nya  Africa ndetse n’ibijyanye n’a masitade ku girango yemerwe cg nti yemerwe  kuri uy’u  wa mbere taliki ya 01 Nyakanga, 2024  yamaze gufunga ku makipe ashaka kugaragaza ko…

Read More