Paper Talk:Imyitozo ya Rayon Sports ; Omborenga yagaragaye mu mwambaro wayo! Young Africans yongeye kujabura umukinnyi muri mukeba nyuma yo gutanga akayabo

Umunya-Zimbabwe Prince Mpumelelo Dube  yamaze kwerekeza mu ikipe ya Young Africans yo muri Tanzania  nyuma y’uko iy’Ikipe yamaze gushyira agera  $275,000 kuri Konti y’Ikipe ya Azam bituma uyu mukinnyi agomba gusoka muri iy’Ikipe ,uyu musore w’Imyaka 27 nk’uko yabigaragaje ko yashakaga kuyivamo kuva na mbere.(# Prince Mpumelelo Dube  ) Ahmed Refaat  wakiniraga ikipe ya Modern…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 07 Nyakanga,Muri Iran hatangijwe ikurikizwa ry’itegeko rya Islam rizwi nka Sharia naho  Joseph-Marie Jacquard abona izuba

Uyu munsi Taliki ya karindwi/Nyakanga ni umunsi w’i 189 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 177 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka Uyu munsi taliki ya 07 z’ Ukwakarindwi (Nyakanga) byandikwa 7/7 “Seven-seven” karindwi-karindwi, byamamaye cyane mu bitangazamakuru byo mu bihugu by’uburayi n’…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Inkuru yakababaro itashye umupira w’u Rwanda, hatangajwe igihe Rayon Sports izazanira umutoza

Ahoyikuye Jean Paul bitaga Mukonya wari myugariro w’ibumoso muri AS Kigali, yitabye Imana azize impanuka yo mu kibuga ubwo yakoraga imyitozo mu batarabigize umwuga, uyu musore  y’Itabye Imana  kumyaka 26 kuko yavuzetse  taliki ya 16 Kanama 2024.(#DailyBox) Fadlu Davids Umunya-South Africa w’Imyaka 43  yamaze kuba umutoza mushya w’Ikipe  ya Simba SC yo mu gihugu cya…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki ya 6/Nyakanga , Real Madrid yerekanye Cristiano Ronaldo nk’umukinnyi wayo mushya naho Umuny-Brazil Zé Roberto abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatandatu/Nyakanga ni umunsi w’i 188 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 178 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo: 2000 umunyemari washoye mu mitungo itimukanwa Stan Kroenke aratangaza ko yaguze Denver Nuggets, Colorado Avalanche hamwe na…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 06/Nyakanga,Malawi yatangaje ubwigenge bwayo nyuma yo kwibohora ubukoloni bw’Abongereza naho 50 Cent abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatandatu/Nyakanga ni umunsi w’188 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 178 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 2004: Radio Izuba, Radiyo y’Abaturage ikorera mu Burasirazuba bw’u Rwanda yatangiye gukora ku mugaragaro. 1484: Diogo Cão ukomoka muri Portugal yageze ku isoko y’umugezi…

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea yatangiye gukoresha Marc Cucurella kugirango areshye Nico Williams ! Amerekezo mashya ya  Joao Felix nyuma  y’uko  Barcelona ibyo kumuguma yabivuyemo

Manchester City  ibizineza ndetse iraniteguye kwakira ubusabe buvuye mu makipe yomuri Saudi  Arabia muri Saudi pro Legue kuri Ederson Santana de Moraes  gusa iramushakamo arenga  £30m bikavugwako  Al-Nassr arimwe mu makipe y’Ifuza cyane uy’u muzamu ukomoka mu gihugu cya Brazil. (Talksport) Marseille  yomu gihugu cy’Ubufaransa  ifite ikizere cyane cyo gutwara  umusore w’Ikipe ya Manchester United Mason Greenwood  n’ubwo…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Samuel Eto’o Fils  na CAF hasi hejuru agomba kwishyura $200K , Mugiraneza Jean Baptiste (Migi) impamvu itangaje yavuye muri Musanze!

Nyuma  yo  gutandukana  n’Ikipe ya  Petro Luanda yomu gihugu cya Angola  Alexandre Santos yamaze gusesekara mu gihugu cya Tunisia aho  agiye gutangira imirimoye  nk’Umutoza mushya wa  CS Sfaxien yo muri iki gihugu, uy’u mutoza akaba akomoka mu gihugu cya Portugal  afite imyaka 47.(#MickyJr) Akanama kimyitwarire  mu mpuzamashyirahamwe  y’Umupira wa maguru muri Africa “ CAF” ariko…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 5/Nyakanga ,Arsenal FC yaciye agahigo ku isoko ry’igura n’igurisha naho Dejan Lovren abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatanu /Nyakanga ni umunsi w’187 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 179 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 2003 Umupiloti w’indege w’umufaransa Sébastien Bourdais yatsindiye irushanwa rya Champ Car ryabereye ku yikibuga cyindege cya Burke…

Read More

TODAY IN HISTORY : [taliki ya 5/Nyakanga], General Major Juvénal Habyarimana yahiritse ku butegetsi Grégoire Kayibanda naho Shane Filan umwe mu bagize westlife abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatanu /Nyakanga ni umunsi w’187 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 179 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : 1295: U Bufaransa na Ecosse byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rwo kurwanya u Bwongereza. 1687: Isaac Newton yashyize ahagaragara inyandiko…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: APR FC na Police zahawe italiki ntarengwa na CAF ! AS Kigali na Kiyovu Sports hakurikijwe  uko bimeze z’ishobora  kudakina shampiyona

Abdulrazack Mohamed Hamza Umunya-Tanzania  w’Imyaka 21 yamaze gusinyira ikipe ya Simba SC yomuri icyo gihugu avuye mu ikipe ya SuperSport United yomu gihugu cya Africa Yepfo  akaba yasinye amasezerano y’Imyaka ibiri akinira iy’ikipe.(#SimbaSC) Umunya-South African Fadlu Davids  akaba yatozaga ikipe ya Raja Club Athletic yomuri Morocco nk’Umutoza wungirije biravugwa ko arimunzira zimerekeza mu ikipe ya…

Read More