Impumeko nyuma y’uko Komisiyo y’amatora mu Rwanda itangaje ibyayavuyemo by’agateganyo

Mugihe hagitegerejwe ibyavuye mu matora by’aburundu bamwe bari kubyina insinzi abandi bashimira ababatoye n’ubwo batabashije gutsinda amatora. Abakandida batatu Kagame Paul wa FPR Inkotanyi, Mpayimana Philippe umukandida wigenga,na HABINEZA Frank w’ishyaka Democratic Green party of Rwanda (Ishyaka Riharanira amahame ya Demokarasi no kurengera ibidukikije) nibo bahataniraga kwicara muri Village Urugwiro muri iyi Manda. Frank HABINEZA…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Muri academy ya Bayern Munich hongeye gucishwamo umweyo, abatoza bomuri Cameroon bategetswe kuza gutoza bambaye amakote!

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroon ryashyizeho itegeko rishya rireba ndetse rikanategeka abatoza batoza mu cyiciro cyambere ni cyakabiri muri ikigihugu kwambara amakote mu gihe bagiye gutoza umukino gusa abatoza bandi batari abatoza bakuru bo bazajya bemererwa kwambara imyenda yamakipe yabo umutoza uzarenga kuri iritegeko azajya ahanishwa agera ku $111,563.80.(#MickyJr) impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi “FIFA”…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Intara ya Timor y’Iburasirazuba, yongewe ku zigize Indonésie naho, Letsie III umwami w’ubwami bwa Lesotho abona izuba

Tariki ya 17 nyakanga Ni umunsi mpuzamahanga w’ubutabera. Uyu munsi mu mateka y’u Rwanda ,Mu mwaka wo mu1994: Tariki ya 17 Nyakanga, Ingabo zahoze ari RPA zabohoye Umujyi wa Gisenyi. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1429: mu ntambara y’Imyaka 100 Hundred Years’ War, umwami Charles VII w’ubufaransa yambitswe ikamba ryo kuba umwami w’ubwami bw’ubufaransa…

Read More

Paper Talk[Europe]: Real Madrid igiye gutwara Trent Alexander-Arnold, amakipe  ashaka Nico Williams akomeje kuba menshi nyuma ya Barcelona

Real Madrid  iracyatekereza  gusinyisha umusore w’Imyaka 25 Trent Alexander-Arnold w’Ikipe ya Liverpool dore ko asigaje umwaka umwe wa masezerano kuyo afite mu ikipe ya Liverpool   gusa nayo ikomeje gukora ibishoboka byose kugirango bamwongerere  amasezerano. (Talksport) Manchester United  nubwo yazatandukana na Erik ten Hag  asoje amasezerano nago yazana  Gareth Southgate  imbere ya Thomas Tuchel  wahoze atoza Chelsea…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: Byasabye penaliti kugirango Brazil itware Ubutaliyani igikombe cy’isi naho Moussa Dembélé abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1927 Tour de France yabaye ku nshuro yayo ya 21: Nicolas Frantz wo muri Luxembourg yegukanye umwanya wa mbere mu gace kavaga mu mujyi wa Nice kerekeza mu bubiligi akoresheje kingana na 1h 48′ 21″ . 1963 Ikipe y’umupira wamaguru ya Telstar yarashinzwe mu gace…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Arafunze acyekwaho kwiba Kwizera Olivier, nyuma yo kubafasha gutwara Afcon yahisemo kubasezera!

Augustin Senghor wari pereZida w’ishyirahamwe  rya ruhago  muri Senegal  yamaze gutangaza ko yavuye kuri izi nshingano zo kuyobora umupira wa  Senegal, kungoma ye ikipe y’igihugu ya Senegal yatwaye  igikombe cya Africa ndetse hazamuka  na bakinnyi benshi babanya Senegal bagiye Iburayi.(#MickyJr) Wydad yo mu gihugu cya Morocco mu rwego rwo kwitegura umwaka  utaha w’Imikino wa 2023-2024…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA;Washington DC yabaye umurwa mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika naho Larry Sanger abona izuba

uyu munsi kuwa kabiri tariki ya 16/Nyakanga ni umunsi w’ijana na mirongo icyenda na karindwi hakaba hasigaye igera kuri 168 umwaka ukagera ku musozo . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 622: Hatangiye gukoreshwa ingengabihe ya Islam (Islamic calendar). 1377: Umwami Richard II yambitswe ikamba ry’ubwami bw’u Bwongereza. 1790: District of Columbia(Washington DC), yabaye…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY :Urguay yatwaye Brazil igikombe cy’isi naho John Hollins watojeho chelsea abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1950 Umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cya FIFA wabereye kuri Estádio do Maracanã, iherere mu mujyi wa Rio de Janeiro muri Berezile: Alcides Ghiggia yatsinze igitego ku munota wa 79 cyafashije Uruguay gutsinda Brezil, ibitego 2-1. 1955, Juan Manuel Fangio wo muri Arijantine yegukanye…

Read More

Paper Talk[Europe]: Abatoza batatu bagomba gusimbura  Gareth Southgate, Pep Guardiola ahanganye na Bayern kuri Dani Olmo

Manchester United yamaze kubaza amakuru yerekeye  myugariro  Jonathan Tah n’imugihe ikipe ya  Bayern Munich  bisankaho byayinaniye kumvikana n’ikipe ya  Bayer Leverkusen kugirango batware uyu mudage w’Imyaka 28  wagize umwaka w’Imikino mwiza wa 2023-2024 ndetse n’igikombe cyiza cy’uburayi. (Florian Plettenberg) Galatasaray ikipe yomu  gihugu ya Turkey iri mu biganiro n’ikipe ya   Manchester United kumusore wayo Scott…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Muri  shampiyona ya Tanzania hagiye gukoresha VAR, Abareyo bagiye kwibonera abakinnyi babo bashya mu mukino wa gicuti!

Imani Kajula  agiye kuva kunshingano zokuba   Chief Executive Officer(CEO)  w’Ikipe ya Simba SC  yomu gihugu cya Tanzania bisobanuyeko hagiye gushakwa undi mushya arinaho hashobora kuba haravuye ibihuha bijyana Uwayezu François Regis akaba Vice Chairman wa APR FC muri Simba SC.(#MickyJr) Impuzamashyirahamwe y’umupirwa  w’amaguru muri Africa  “CAF”  yashyizeho itariki ya 25 Nyakanga 2024 nk’umunsi ntarengwa  wokuba…

Read More