UYU MUNSI MU MATEKA : isi yifatanya n’abantu bakoresha ukuboko kw’ibumoso naho Fidel Alejandro Castro Ruz abona izuba

Tariki 13 Kanama buri mwaka, isi yifatanya n’abantu bakoresha ukuboko kw’ibumoso ubusanzwe bifatwa nk’ibidasanzwe mu miterere ya muntu kwizihiza uyu munsi udasanzwe wabashyiriweho. Uyu munsi watangiye kwizihizwa mu mwaka w’1976, ni ukuvuga ko uyu mwaka wizihijwe ku nshuro ya 39, ukaba warashyizweho n’ihuriro mpuzamahanga ry’abantu bakoresha imoso (Lefthanders International) aho washyiriweho kuzirikana ibizazane abantu bakoresha…

Read More

Paper Talk[Europe]: Vinicius Jr  muri Saudi Pro-League, Manchester United  ntirashirwa irashaka rutahizamu mushya!

Southampton yamaze kumvikana na  Hoffenheim  kubagurisha myugariro wayo  Armel Bella-Kotchap  w’imyaka 22 kuri £12.8m (15m euro) nyuma y’uko Hoffenheim itakaje rutahizamu wayo Maximilian Beier werekeje mu ikipe ya Borussia Dortmund  . (Sky Sports) Napoli yatanze ubusabe bufite agaciro ka  25m euros (£21.4m)  hakiyongeraho  5m euros (£4.3m)  mu ikipe ya Chelsea kuri rutahizamu  Romelu Lukaku, 31 Umubiligi igomba…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Imikino Olempike yabaga ku nshuro ya 28 yatangiriye muri Atene naho Alan Shearer abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1948 Johan Gren yatsinze ibitego bibiri mugihe Suwede yatsindaga Yugosilaviya ibitego 3-1 kugirango yegukane umudari wa zahabu wumupira wamaguru mu mikino Olempike yabereye i Londres . 1948 José Beyaert w’umufaransa yatwaye isiganwa ry’amagare mu mikino Olempike yabereye i Londres . 1965 sitade ya Municipal…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mugihe APR ikiri gutekereza ibya Super Cup; Police yashyize hanze abakinnyi izakoresha mu rugamba rw’imikino Nya-Africa!

Rutahizamu w’umunya-Senegal Bouly Sambou Junior w’imyaka 25 ageze kure ibiganiro n’ikipe ya Raja Casablanca yo mu gihugu cya Morocco  aho ashobora kuyisinyira avuye mu ikipe asanzwe akinira ya  Konyaspor yo mu gihugu cya Turkey.(#MickyJr) Ikipe ya Orlando Pirates yo mu gihugu cya Africa y’Epfo  yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yasinyishije umusore w’imyaka 27 ukina kuruhande…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : umunyamukuru shyaka clever yitabye imana naho Perezida w’Ubufaransa Louis XIII yatawe muri yombi

*Uyu munsi Kiliziya Gaturika irazirikana mutagatifu Hilarie wahowe Imana yiciwe ahitwa Ausbourg, yiciwe umunsi umwe na Quiriaque hamwe n’abandi bantu makumyabiri na bane. *Tariki ya 12 Kanama ni umunsi mpuzamahanga wahariwe urubyiruko, ukaba n’umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku nzovu. Ibyaranze tariki 12 Kanama mu mateka 1952: Habayeho iyicwa ry’intiti 13 z’Abayahudi i Moscou mu Burusiya. 1981: Ni…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Premier League yarashinzwe naho Mario Balotelli abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1993 Imiterere ya shampiyona y’icyiciro cya mbere y’umupira w’amaguru mu bwongereza yarahindutse nyuma y’uko hashinzwe Premier League yari igizwe n’amakipe 20 ya mbere mu cyiciro cya mbere cy’Ubwongereza . 2012 Imikino Olempike yabaga ku nshuro ya 30 yashyizweho akadomo i Londere mu Bwongereza 2016…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Muhadjiri yageneye ubutumwa bukakaye abafana ba APR FC! Young Africans ikomeje ku yobora umupira w’a Tanzania

Young Africans yegukanye  igikombe  cy’Igihugu cya 2024  “Ngao ya Jamii” nyuma yo gutsinda ikipe ya Azam ibitego bine kuri kimwe (4-1), kiyongera ku bindi iyi kipe yatwaye mu mwaka ushize w’imikino harimo na shampiyona  yari itwaye  kunshuro ya gatatu yikurikiranya.(#Young Africans) Umunya-Tunisia  Mohamed Ali Ben Romdhane w’imyaka 24 ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya …

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea igiye gufata ikemezo gikakaye ku mubare munini w’abakinnyi ifite, Casemiro akomeje kuvugwa hanze ya United!

Manchester United   ishobora kwishyura asaga   £50m  ubundi  ikibikaho   Evan Ferguson  wa  Brighton akaba rutahizamu w’imyaka  19  akaba akomoka mu gihugu cy’a  Republic  ya Ireland  nubwo  yatekerejweho na Chelsea . (Daily Star on Sunday) Manchester United  igomba guha  Umwongereza   Aaron Wan-Bissaka, 26,  akabakaba  £5.6m  mu gihe  azaba ageze muri West Ham United  . (Manchester Evening News) Umuyobozi w’asiporo(sporting…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA :  Igihugu cya Chad cyatangaje ubwigenge bwacyo ku mugaragaro naho umufilozofe witwa Torgny Torgnysson avuka kuri iyi taliki

uyu munsi ku wa cyumweru , tariki 11 Kanama ni umunsi wa 223 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 143 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Uyu munsi Kiliziya Gatolika irizihiza abatagatifu barimo Claire, Suzana n’abandi. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : 355: Claudius Silvanus, yashinjijwe ubugambanyi, nyuma y’uko yitangaje ko ari…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mu Rwanda hagiye gukoreshwa VAR, Azam izakina na APR FC yabonye undi musada ukomeye!

Ikipe ya Azam FC  yo mu gihugu cya Tanzani yabonye izindi mbaraga nshya mu gice cy’abatoza aho yabonye umutoza wo ngerera imbaraga abakinnyi(fitness coach) akaba  ari Murshid Ally Kika.(#MickyJr) Ikipe ya Mamelodi Sundowns yo mu gihugu cya Africa y’Epfo yamaze kongerera amasezerano  mashya abakinnyi bayo babiri barimo Themba Zwane (South Africa)   wasinye kugeza muri  2025…

Read More