TODAY IN SPORTS HISTORY : Rugwiro Herve wari kapiteni yatanze impuruza k’ubuyobozi bwa Rayon sports

Bimwe mu bihe byaranze uyu munsi muri siporo[Tariki ya 1/Nzeri] 2004 Kobe Bryant yahamijwe ihohoterwa rishingiye ku gitsina nyuma yo kuregwa n’ubushinjacyaha bukuru bw’akarere ka Eagle muri Colorado . 2013 Anna Stöhr yegukanye umudari wa zahabu muri Shampiyona y’Uburayi yabereye Eindhoven, mu Buholandi . 2013 Gareth Bale yavuye muri ekipe ya Tottenham Hotspur FC yerekeza…

Read More

Tariki ya 30/Kanama mu mateka : Ni bwo Edouard Ngirente yatangiye inshingano ze nka Minisitiri w’Intebe

Bimwe mu byaranze uyu mwaka 1870 : Hatangiye intambara ya Beaumont yahuje Abafaransa n’Abadage. 1922 : Muri Turikiya harangiye intamabara ya Dumlupinar yahuza ubwoko muri iki gihugu bushaka ubwigenge. 1559: Umwami Henry II wayoboraga u Bufaransa yakomerekeye bikomeye mu mukino ujya gusa n’umwe mu mikino njyarugamba mu bihe bya kera uzwi nka Jousting, aho abarwana baba bari ku…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Rayon Sports yongereye amasezerano Masoud Djuma

Bimwe mu bihe byaranze uyu munsi muri siporo[Tariki ya 30/kanama] 1986 Gelindo Bordin yegukanye marato ya Stuttgart akoresheje igihe kingana na 2:10:54. 1987 Ben Johnson wo muri Kanada yatwaye ya metero 100 anashyiraho amateka yisi nyuma yo gukoresha iminota icyenda n’amasegonda mirongo inani n’atatu [9.83]. 1991 umukinnyi witwa Mike Powell wo muri Amerika yashizeho agahigo…

Read More

Tariki 29 /Kanama mu mateka : Brazil yabonye ubwigenge nyuma yo kwigobitora ingoyi ya Portugal [ byinshi kuri uyu munsi]

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1825 : Igihugu cya Portugal cyahaye ubwigenge Brazil. 1831: Michael Faraday, umuhanga mu butabire n’ubugenge yavumbuye icyo yise electromagnetic induction. 1869: Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika hafunguwe umuhanda wa gari ya moshi wahawe izina rya Mount Washington Cog Railway . 1871: Mu gihugu cy’u Buyapani, Umwami w’Abami wari ufite…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : U Rwanda rwasinyanye amasezerano na FC Bayern Munich yo mu Budage

Bimwe mu bihe byaranze uyu munsi muri siporo[Tariki ya 29/kanama] 1948 : ikipe Y’igihugu ya Leta zunze ubumwe za Amerika y’umukino wa Basketball yisubije umudali wa zahabu Olempike nyuma yo gutsinda iy’u Bufaransa amanota 65-21, mu mikino Olempike yabereye i Londres mu Bwongereza. 1976 Umukino wa mbere uzwi wa ekipe y’igihugu y’u Rwanda yawukinnye tariki…

Read More

Tariki ya 28 /Kanama mu mateka : Irak yatangaje ko Kuwait ibaye intara nshya yayo

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1349: Abayahudi bagera ku bihumbi bitandatu biciwe ahitwa Mainz bashinjwa gutera indwara. 1879: Cetshwayo ni we mwami wa nyuma wayoboye ubwami bw’Abazulu (Zulus) buherereye muri Afurika y’Epfo, uyu mwami yaje gutabwa muri yombi n’Abongereza. 1937: Toyota Motors yabaye ikompanyi ikora imodoka yigenga. 1981: Ikigo cy’ubugenzuzi bw’indwara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Jean Marie Ntagwabira yeretswe imiryango muri Murera nyuma yo gutsindwa na APR FC!

1996 Ikipe ya Rayon Sports ifite agahigo ko kuba ari yo yabashije gutsinda ibitego byinshi mu mukino umwe kuko yabashije kunyagira APR FC ibitego 5-2 ubugira kabiri . 2012 Jean Marie Ntagwabira yeretswe imiryango muri Murera;Ntagwabira Jean Marie yabaye umutoza wa Rayon Sports, gusa na we ntabwo batandukanye neza kuko muri 2012 yaje kwirukanwa n’iyi…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Ikipe ya Musanze FC yitabaje FERWAFA ngo ibarenganure, ikipe izahagararira Africa muri club world Cup igiye kugura igikurankota!

Ikipe  ya  Al Ahly  yo mu gihugu cya  Misiri   ndetse  na   Gor Mahia  yo muri Kenya  ziri  mu  biganiro kugirango umukino ubanza  nuwo kwishyura  byose bizabere  I  Cairo mu gihugu cya Misiri  dore  ko muri Kenya hatari sitade zemewe  n’impuzamashyirahamwe  y’Aruhago muri Africa  “CAF” .(#MickyJr) Ikipe  yo muri Africa y’Epho  yatanze asaga $700  000 kugirango…

Read More

Paper Talk[Europe]: Ibya  Victor Osimhen  biri kugenda gake none Chelsea yatangiye gushaka ibisubizo ahandi, ahazaza  ha  Matheus Nunes  muri Manchester City hari mu mayirabiri!

Chelsea   yamaze gutera intambwe  yegeye imbere  yo gusinyisha  rutahizamu  Ivan Toney   w’imyaka 28  akaba  umukinnyi w’Ikipe ya   Brentford  y’umutoza  Thomas Frank, gusa ariko nanone  ntago Chelsea  yiteguye  gutanga amafaranga   nkayo  ikipe  Al-Ahli  yo  muri Saud Arabia iri gutanga kuri uyu Mwongereza  . (Sky Sports) Byavuzwe  y’uko  Ivan Toney    yemerewe  umushahara   £400,000  buri cyumweru  muri  Saudi Pro…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Maj Gen. Kazura Jean Bosco yatorewe kuyobora FERWAFA

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo : 1978 Umukinnyi w’amagare w’Umuholandi witwa Gerrie Knetemann yatwaye irushanwa rya UCI Road World C’ship atsizne Francesco Moser w’Umutaliyani na Dane Jorgen Marcussenin ryabereye i Nürburg, mu Budage bw’Uburengerazuba . 1985 Mary Joe Fernández wari ufite imyaka 14 n’iminsi 8 yabaye umukinnyi muto watwaye irushanwa…

Read More