Watch Loading...
HomeToday in Sport History

TODAY IN SPORTS HISTORY : U Rwanda rwasinyanye amasezerano na FC Bayern Munich yo mu Budage

U Rwanda rwasinyanye amasezerano na FC Bayern Munich yo mu Budage.

Bimwe mu bihe byaranze uyu munsi muri siporo[Tariki ya 29/kanama]

1948 : ikipe Y’igihugu ya Leta zunze ubumwe za Amerika y’umukino wa Basketball yisubije umudali wa zahabu Olempike nyuma yo gutsinda iy’u Bufaransa amanota 65-21, mu mikino Olempike yabereye i Londres mu Bwongereza.

1976 Umukino wa mbere uzwi wa ekipe y’igihugu y’u Rwanda yawukinnye tariki ya 29 Kamena 1976 aho rwatsinzwe n’u Burundi 6-2 mu mukino wabereye muri Gabon.

2008: Umunyamerika Michael Phelps yatwaye imidali itatu ya zahabu Olempike mu koga, mu mikino Olempike yabereye i Beijing mu Bushinwa.

2017 Polisi y’u Rwanda yatsinze iya Kenya mu mupira w’amaguru mu mikino ya EAPCCO ; Ku mukino wayo wa mbere wabaye ku itariki  27 Kanama uyu mwaka, Polisi y’u Rwanda yatsinze Polisi ya Kenya ibitego bitatu kuri kimwe mu marushanwa  yateguwe n’Umuryango uhuza Abakuru ba Polisi zo  mu bihugu byo mu  Karere ka Afurika y’i Burasirazuba; uwo mukino ukaba warabereye muri Kaminuza ya Mukono muri Uganda.

2018 Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ndetse n’Ushinzwe Amarushanwa, batawe muri yombi mu iperereza ku byaha bakekwaho byo guha ruswa umusifuzi,Abo ni Umunyamabanga Mukuru, François Regis Uwayezu na Ruhamiriza Eric wari ushinzwe amarushanwa.Icyo gihe Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Mbabazi Modeste, yabwiye Itangazamakuru  ko ubugenzacyaha aribwo bwafashe inshingano zo kubakurikirana ku byo bakekwaho.

2021, hatangijwe bwa mbere mu mateka irushanwa rihuza amakipe y’ibigugu yo ku mugabane wa Afurika rizwi nka BAL (Basketball Africa League), irushanwa ryabereye mu Rwanda muri Kigali Arena, aho u Rwanda rwari ruhagarariwe na Patriots.

2023 Urwego rw’Igihugu rushinzwe kwihutisha Iterambere(RDB) na Minisiteri ya Siporo, basinyane amasezerano y’imyaka itanu n’ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage ya kwamamaza ‘visit Rwanda’.

Bimwe mu bihangange byavutse kuri iyi tariki byo mu isi ya siporo :

1976 Pablo Mastroeni, umukinnyi wumupira wamaguru wabanyamerika, wavukiye Mendoza, Arijantine .


1977 Aaron Rowand, umukinnyi wa baseball wumunyamerika, wavukiye Portland, Oregon.


1977 Devean George, umukinnyi wa basketball w’umunyamerika, wavukiye Minneapolis, Minnesota .


1978 Celestine Babayaro, umukinnyi w’umupira wamaguru wa Nigeriya, wavukiye i Kaduna, muri Nijeriya.


1979 Ryan Shealy, umukinnyi wa baseball wumunyamerika, wavukiye i Fort Lauderdale, muri Floride .


1980 Mohammad Sheikh, umukinnyi wa cricket wo muri Kenya, wavukiye i Nairobi, muri Kenya.


1982 Carlos Delfino, umukinnyi wa basketball wo muri Arijantine, wavukiye Santa Fe, muri Arijantine.

Bimwe mu bihangange byatabarutse mu isi ya siporo kuri iyi taliki:

1988 Paul Whitelaw, umukinnyi wa Cricket muri Nouvelle-Zélande, yapfuye afite imyaka 78.


1996 Al Zarilla, Umunyamerika ukina baseball , yapfuye azize kanseri afite imyaka 77 .


2008 Phil Hill, Umunyamerika usiganwa ku magare , yapfuye afite imyaka 81.

1932-2015 Al Arbor Umunyezamu wa Hockey , umutoza akaba n’umutozi mukuru wa NY Islanders Stanley, apfa azize indwara ya Parkinson no guta umutwe afite imyaka 82.

2017 Willie Duggan, umunya-Irlande ukina rugby .


2022 Manzoor Hussain, rutahizamu wa ruhago wo muri Pakisitani , yapfuye afite imyaka 63


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *