UYU MUNSI MU MATEKA : Igihugu cya Côte d’Ivoire cyabonye ubwigenge naho Muammar al-Gaddafi, wayoboye Libya abona izuba

uyu munsi ku wa gatatu , tariki 8 Kanama ni umunsi wa 220 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 146 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1782: George Washington yategetse ko hakorwa imidali y’icyubahiro igenewe abasirikare bakomerekeye ku rugamba, iyi midali yahawe inyito ya Badge of…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : imyaka 79 irihiritse igisasu kirimbuzi kirashwe kuri Hiroshima mu Buyapani naho umuhanzi Josh Franceschi aravuka

Ku ya 6 Kanama 1945, ni bwo harashwe igisasu kirimbuzi (bombe atomique) hejuru y’umujyi wa Hiroshima, mu Buyapani, byatumye Intambara ya Kabiri y’Isi yose irangira.Kuva icyo gihe, ku Isi hose habaye ubwoba kubera ko amakimbirane ashobora kwangiza burundu ikiremwamuntu.Igisasu kirimbuzi Little Boy (agahungu gato) cyatewe mu mujyi wa Hiroshima ku itariki ya 6 Kanama 1945,…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Thomas Sankara yahiritswe ku ubutegetsi naho Harold Holt abona izuba

uyu munsi ku wa mbere , tariki 5 Kanama ni umunsi wa 218 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 147 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1916: Mu ntambara ya mbere y’isi yose, mu gitero cyabereye muri Romaniya, ingabo zishyize hamwe zari ziyobowe na Archibald Murray zakubiswe…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA :  Pasteur Bizimungu wigeze kuyobora u Rwanda yakatiwe gufungwa imyaka 15 naho Joseph Kabila Kabange abona izuba

uyu munsi ku wa cyumweru , tariki 4 Kanama ni umunsi wa 217 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 149 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu mwaka: Uyu munsi ni tariki ya 4 kanama 2024.Umunsi nk’uyu mu 1993 amasezerano ya Arusha yarasinywe 70 mbere y’ivuka rya YEZU: Umwami w’abami Titus yakuye…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Adolf Hitler yabaye umuyobozi w’ikirenga w’u Budage naho umwami Frederik William III abona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : 1492: Abayahudi bari batuye muri Espagne birukanwe n’ubwami Gatolika bwaho. 1852: Hatangiye amarushanwa yo gusiganwa mu bwato, kuva hagati ya Yale na Havard muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. 1934: Adolf Hitler yabaye umuyobozi w’ikirenga w’u Budage, ibi yabigezeho nyuma yo kuba Perezida na Chancelier w’iki gihugu…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Papa Yohani Pawulo wa Kabiri yagiriye uruzinduko rw’akazi mu gihugu cye cy’amavuko cya Pologne naho Nouri Al-Maliki abona izuba

uyu munsi ku wa gatanu , tariki 2 Kanama ni umunsi wa 215 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 151 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: Ku munsi nk’uyu kandi hari kuwa 02 Kamena 1953 ni bwo umwamikazi w’Ubwongereza Queen Elizabeth II yambikwaga ikamba mu birori…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Fidel Castro yavuye ku ubutegetsi bwa Cuba naho Bob Welch abona izuba

uyu munsi tariki 31 Nyakanga ni umunsi wa 213 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 153 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze iyi tariki mu mateka: 432: Hatowe Papa Sixte III, asimbura Papa Célestin I. 1358: Étienne Marcel yishwe n’abakomoka mu mujyi wa Paris nyuma y’uko yanze ko…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Hashinzwe Umujyi wa Baghdad naho Arnold Schwarzenegger abona izuba

uyu munsi tariki 30 Nyakanga ni umunsi wa 212 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 154 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 762: Hashinzwe Umujyi wa Baghdad, ukaba n’umurwa mukuru wa Iraq ,ushinzwe na Al-Mansur, Almanzor or Abu Ja’far Abdallah ibn Muhammad al-Mansur. 1502: Christophe Colomb wavumbuye Amerika…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : u Rwanda rwarekuye abagororwa barenga benshi biganjemo abashinjwaga ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi naho Benito Mussolini abona izuba

Tariki ya 29 nyakanga ni umunsi mpuzamahanga wahariwe Ibisamagwe, umunsi washyizweho 2010 i Saint Petersburg ugamije kubungabunga ibi binyabuzima. uyu munsi tariki 29 Nyakanga ni umunsi wa 211 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 155 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1836: Hafunguwe inzu ndangamurage izwi cyane…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : umutingito udasanzwe wibasiye agace ka Tangshan mu gihugu cy’u Bushinwa naho Hugo Chávez wari perezida wa Venezuela abona izuba

uyu munsi tariki 28 Nyakanga ni umunsi wa 210 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 156 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Kiliziya gatolika irazirikana mutagatifu Alphonsine, na Victor I. Bimwe mu byaranze iyi tariki mu mateka: 1794: Maximilien Robespierre na Louis Antoine de Saint-Just bicishijwe icyuma cyakoreshagwa mu kwica abantu mu mpinduramatwara zo…

Read More