uyu munsi tariki 20 /kanama mu mateka : senegal yabonye ubwigenge!

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1878: Hashinzwe ishyirahamwe ry’abanyamategeko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rizwi ku izina rya American Bar Association. 1959: Perezida Dwight D. Eisenhower wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasinye amasezerano yemeza Hawaii nka Leta ya 50 muri Amerika. 1968: James Anderson Jr yahawe umudali w’ishimwe nk’umwirabura wa mbere wabaye umusurikare wa…

Read More

Uyu munsi mu mateka :  Pervez Musharaf wari Perezida wa Pakisitan, yeguye ku mirimo ye.

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : Mu 293 Mbere y’ivuka rya Kirisitu: Urusengero rw’Abaromani rw’ahitwa Venus ni bwo rwashinzwe, ibi byatangiranye n’ikigo cya Vinalia Rustica. 1201: Hashinzwe Umujyi wa Riga ukorerwamo ubucuruzi n’inganda muri Baltics. 1891: Muri Martinique habaye imyigaragambyo ikomeye yiswe Major hurricane, yasize ihitanye abantu bagera muri 700. 1938: Franklin D. Roosevelt wari Perezida…

Read More

Uyu munsi mu mateka : yvan Buravan na Nkusi Thomas wamamaye  nka yanga bitabye imana

Tariki ya 17 Kanama 2022 ni umunsi mubi utazibagirana mu mateka y’imyidagaduro mu Rwanda, kuko ari umunsi w’urupfu rw’abantu bagize uruhare runini mu byishimo by’abanyarwanda binyuze mu muziki no muri filimi. Abo ni Burabyo Yvan  wamenyekanye mu muziki nyarwanda nka Buravan na Nkusi Thomas wamamaye  mu gusemura filimi bigitangira mu Rwanda. Burabyo Yvan uzwi nka…

Read More

Uyu munsi mu mateka : Abatutsi 2000 barokorewe muri Saint Paul n’ingabo z’Inkotanyi zari mu rugamba rwo kubohoza igihugu no guhagarika jenoside yakorerwaga abatutsi amahanga arebera.

Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka • 1779: Igihugu cya Espagne cyatangaje intambara hagati muri cyo, hatangira igitero cy’ahitwa Gibraltar. • 1846: Habaye inama yo gutora Papa wa Kiliziya Gatorika, nyuma y’urupfu rwa Papa Gregory XVI wapfuye tariki ya mbere Kanama 1846. Abakaridinali 50 muri 62 bari bagize icyitwa College of Cardinals bateraniye…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Igihugu cy’ubuhinde cyabonye ubwigenge naho Umufasha wa Bill Gates abona izuba

Tariki ya 15 Kanama ni umunsi wa 228 wumwaka muri kalendari ya Geregori; ubu hakaba hasigaye iminsi 138 kugirango umwaka urangiye. Uyu munsi Kiliziya Gatolika yizihiza Umunsi Mukuru w’Ijyanwa mu Ijuru rya Bikiramariya, Nyina wa Yezu, uyu munsi uzwi nka Asomusiyo.Hizihizwa kandi Mutagatifu Arnoul de Soissons uyu ni umutagatifu ukomeye ku banyamuziki (le patron des…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : isi yifatanya n’abantu bakoresha ukuboko kw’ibumoso naho Fidel Alejandro Castro Ruz abona izuba

Tariki 13 Kanama buri mwaka, isi yifatanya n’abantu bakoresha ukuboko kw’ibumoso ubusanzwe bifatwa nk’ibidasanzwe mu miterere ya muntu kwizihiza uyu munsi udasanzwe wabashyiriweho. Uyu munsi watangiye kwizihizwa mu mwaka w’1976, ni ukuvuga ko uyu mwaka wizihijwe ku nshuro ya 39, ukaba warashyizweho n’ihuriro mpuzamahanga ry’abantu bakoresha imoso (Lefthanders International) aho washyiriweho kuzirikana ibizazane abantu bakoresha…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : umunyamukuru shyaka clever yitabye imana naho Perezida w’Ubufaransa Louis XIII yatawe muri yombi

*Uyu munsi Kiliziya Gaturika irazirikana mutagatifu Hilarie wahowe Imana yiciwe ahitwa Ausbourg, yiciwe umunsi umwe na Quiriaque hamwe n’abandi bantu makumyabiri na bane. *Tariki ya 12 Kanama ni umunsi mpuzamahanga wahariwe urubyiruko, ukaba n’umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku nzovu. Ibyaranze tariki 12 Kanama mu mateka 1952: Habayeho iyicwa ry’intiti 13 z’Abayahudi i Moscou mu Burusiya. 1981: Ni…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA :  Igihugu cya Chad cyatangaje ubwigenge bwacyo ku mugaragaro naho umufilozofe witwa Torgny Torgnysson avuka kuri iyi taliki

uyu munsi ku wa cyumweru , tariki 11 Kanama ni umunsi wa 223 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 143 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Uyu munsi Kiliziya Gatolika irizihiza abatagatifu barimo Claire, Suzana n’abandi. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : 355: Claudius Silvanus, yashinjijwe ubugambanyi, nyuma y’uko yitangaje ko ari…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Umwamikazi Elizabeth II yafunguye ikibuga cy’indege cya Gatwick naho John Key abona izuba

uyu munsi ku wa gatatu , tariki 9 Kanama ni umunsi wa 221 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 145 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : 1942: Mahatma Ghandi wari umuyobozi w’u Buhinde yatawe muri yombi n’ingabo z’Abongereza ubwo yari agiye gutangiza Quit India Movement…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Iraq yigaruriye Kuwait ndetse iyiyomekaho naho Artur da Silva Bernardes abona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1605: Hashinzwe Umujyi wa Oulu, uherereye muri Finland, ushinzwe n’uwitwa Charles IX of Sweden. 1908: Wilbur Wright, Umuvandimwe wa Orville yakoze urugendo rwe rwa mbere mu ndege, yagurukiye ahitwa Le Mans mu Bufaransa, uru ni rwo rugendo rwakozwe ku mugaragaro n’abavandimwe babiri bazwi cyane nka Wright brothers. •1846: Habaye inama…

Read More