UYU MUNSI MU MATEKA : Umwami Rudahigwa yaratabarijwe, Kigeli V Ndahindurwa yima ingoma naho umukinnyi w’amafilime witwa  Donnie Yen abona izuba

Ishami ry’Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’i Burayi ryita ku mihindagurikire y’ibihe, hamwe n’Umuryango w’Ubumenyi bw’Ikirere ku Isi, byabitangaje muri raporo yasohotse tariki ya 27 Nyakanga 2023.Raporo ivuga ko ubushyuhe bw’iminsi 23 ya mbere ya Nyakanga bwagejeje kuri dogere Selisiyusi 16.95, ugereranyije n’ubushyuhe bwagaragaye mu ntangiriro y’uku kwezi bwari kuri dogere Selisiyusi 16.63. Abahanga mu bumenyi bw’ikirere…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA :Ishyaka MRND ryatangaje ko nta mpunzi y’Umunyarwanda izemererwa gutahuka naho George Clinton abona izuba

uyu munsi tariki 26 Nyakanga ni umunsi wa 208 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 158 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1309: Henry VII yabaye umwami wa Roma, abiherewe uburenganzira na Papa Clement. 1340: Intambara yahuje Abongereza n’Abafaransa i Saint-Omer; intsinzi y’u Bufaransa yatumye Abongereza bava…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: Copa América yatashye i Brasília naho rutahizamu Kevin Phillips abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1937 Roger Lapebie ukomoka mu Ubufaransa yegukanye Tour de france yabaga ku nshuro yayo ya mirongo itatu na rimwe . 1940 Umunyamerika John Sigmund yanditse amateka mu mukino wo koga nyuma yo kumara amasaha 89, iminota 46 ari koga aho yavaga mu gace kitiriwe…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA :intambara y’iminsi ine hagati ya Libiya na Misiri yarasoje naho Victor Emmanuel wa I abona izuba

uyu munsi tariki 24 Nyakanga ni umunsi wa 206 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 160 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1567: Umwamikazi Mariya wa Scots, yahatiwe kurekura ingoma maze asimburwa n’umuhungu we warufite umwaka umwe James VI. 1823: Mu gihugu cya Chili, haciwe ubuhake 1935:…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA :Saddam Hussein nyuma yo gutera amahane ngo afungurwe yimuriwe mu bundi buroko naho umwami w’abami Haile Selassie abona izuba

uyu munsi tariki 23 Nyakanga ni umunsi wa 205 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 161 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Ku cyumweru cya tariki 23 Nyakanga 2023, Muri Diyosezi ya Butare, Paruwasi ya Mugombwa habereye igikorwa cyo gusoza urugendo rw’Isanamitima icyiciro cya 2, rwakozwe n’abakrisitu 303. . Bimwe mu byaranze itariki…

Read More

Uyu munsi mu mateka :  Amashyaka ya gisosiyalisite yabonye intsinzi mu Bufaransa mu matora y’abadepite naho  Havutse Jean-Paul Sartre abona izuba

uyu munsi tariki 21 Nyakanga ni umunsi wa 203 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 163 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 21 Nyakanga 2021, Polisi y’u Rwanda, ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano bafashe babiri mu bari bikoreye magendu y’imyenda ya caguwa, abandi babaherekeje bafite imipanga…

Read More

TODAY IN HISTORY: Tariki ya 20/Nyakanga, CIA yashyize ahagaragara inyandiko z‘amabanga ziba zigenzurwa na Guverinoma naho igikomangoma Haakon cyibona izuba

uyu munsi tariki 20 Nyakanga ni umunsi wa 202 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 164 kugira ngo umwaka ugere ku isoko. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: Tariki ya 20 Nyakanga ni umunsi mpuzamahanga wahariwe umukino wa Damu, umukino wavumbuwe mu 1924. Uyu munsi watangiye kwizihizwa kuva mu 1966, bitangijwe n’ishami…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Intara ya Timor y’Iburasirazuba, yongewe ku zigize Indonésie naho, Letsie III umwami w’ubwami bwa Lesotho abona izuba

Tariki ya 17 nyakanga Ni umunsi mpuzamahanga w’ubutabera. Uyu munsi mu mateka y’u Rwanda ,Mu mwaka wo mu1994: Tariki ya 17 Nyakanga, Ingabo zahoze ari RPA zabohoye Umujyi wa Gisenyi. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1429: mu ntambara y’Imyaka 100 Hundred Years’ War, umwami Charles VII w’ubufaransa yambitswe ikamba ryo kuba umwami w’ubwami bw’ubufaransa…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA;Washington DC yabaye umurwa mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika naho Larry Sanger abona izuba

uyu munsi kuwa kabiri tariki ya 16/Nyakanga ni umunsi w’ijana na mirongo icyenda na karindwi hakaba hasigaye igera kuri 168 umwaka ukagera ku musozo . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 622: Hatangiye gukoreshwa ingengabihe ya Islam (Islamic calendar). 1377: Umwami Richard II yambitswe ikamba ry’ubwami bw’u Bwongereza. 1790: District of Columbia(Washington DC), yabaye…

Read More

Tariki ya 15 Nyakanga mu mateka:Inkongi y’umuriro yibasiye urubuga rwa basilica yitiriwe Mutagatifu Paul, i Roma naho perezida wa Haiti Jean-Bertrand Aristide abona izuba

Uyu munsi kuwa mbere,Taliki ya cumi n’eshatu /Nyakanga ni umunsi w’i 195 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 171 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1099: Umurwa wa Yeruzalemu wigaruriwe n’abarwanyi barwanaga n’abantu bitwazaga imisaraba mu ntambara zitandukanye, aho bigaruriye kiliziya ndetse n’imva. 1149: Hongeye…

Read More