Icyogajuru cya mbere cya Amerika cyageze ku kwezi,Napoleon I,Voltaire nawe abona izuba…. uyu munsi mu mateka taliki ya 30/gicurasi.

Tariki 30 Gicurasi ni umunsi w’151 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 215 umwaka ukagera ku musozo. Bimwe mu by’ingenzi byaranze uyu munsi 1631: Ishyirwa ahagaragara ry’ ikinyamakuru cya mbere mu Bufaransa’’La Gazette’’ 1806: Ubwo Andrew Jackson waje kuba perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu 1829, yicaga umugabo wari washinje umugore we ubuharike. 1814:…

Read More

Twitege iki kuri Hans Flick wasinye imyaka ibiri nk\’umutoza mukuru muri Barcelona?

Barcelona yatangaje ko hashyizweho Hansi Flick nk\’umutoza wabo mushya nyuma yo kugenda kwa Xavi Hernandez,Uwahoze ari umutoza w’Ubudage na Bayern Munich yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe nyuma y’ibyumweru bike by’ibiganiro hagati niyi ekipe ikinira kuri Estadio de Camp Nou. Xavi yari yabanje gutangaza muri Mutarama ko agiye kuva ku mirimo ye mu mpeshyi,…

Read More

Dore ibyo kumenya Ku rutonde rw\’abakinnyi 100+ beza mu Rwanda rwa sohowe ni kinyamakuru daily–box.com rwa Kamena,2024

Ikinyamakuru daily—box.com cyafunguye imiryango kuri uyu wa mbere , taliki ya 27 Kamena, 2024 batangiranye na gahunda idasanzwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda byandika kuri siporo nyarwanda by’Umwihariko aho basohoye urutonde rw’abakinnyi 100+ beza muri ruhago y\’u Rwanda.  1.Mu bakinnyi 10 bambere harimo abanyarwanda Batatu gusa Mu mwaka ushize wa 2023 nibwo ikipe y’Ingabo…

Read More

Paper Talk:Transfer ya mbere ya Liverpool, Barcelona Kuri Joao Felix, Mason Greenwood

Ama ekipe menshi yo muri  Saudi Pro League muri Saudi Arabia harimo  Al Nassr, Al Ahli na Al Qasidiya, zi komeje gukurikirana umugabo w’Imyaka 32-Brazil ukina hagati mu kibuga yu garira (Defensive Midfielder) Carlos Henrique Casimiro, ukinira ekipe ya Manchester United  mu gihugu cy’Ubwongereza muri iyi mpeshyi ya 2024 kugirango aza mutware. (#Goal – in…

Read More

Ish kevin yahaye gasopo anakurira agahuru ku nzira Moses Turahirwa

Umuhanzi Ish Kevin amaze guha gasopo na nyirantarengwa Moses nyiri Moshion kutazongera kuzana izina rye mu ngeso ndetse n\’ibiganiro byerekeye ubitinganyi nyuma yuko uyu Moses avize ko umuntu yifuza kuzamarana igihe cy\’ubuzima bwose asigaje ari uyu muhanzi ish kevin. Semana Kevin Ishimwe wamenyekanye ku mazina yubuhanzi nka ish kevin yongeye kwikoma ndetse anihanangiriza Turahirwa Moses…

Read More

iby\’ingenzi wamenya ku 100 zikunzwe mu rw\’imisozi igihumbi [Rwanda music billboard]

Inama y\’ubwanditsi bw \’ikinyamakuru Daily BOX bufatanyije ni inzobere zigiye zitandukanye mu ruganda rw\’imyidagaduro hano iwacu m\’u Rwanda ndetse no mukarere ka Afurika y\’uburasirazuba bwaricaye butegura imbonerahamwe ngaruka kwezi izajya yibanda ku ndirimbo ijana zakunzwe hano mu gihugu .[RWANDA MUSIC BILLBOARD Hot 100+]. RWANDA MUSIC BILLBOAD ni urutonde ngaruka kwezi rw\’indirimbo ijana zikunzwe za abahanzi…

Read More

Paper Talk:Onana,Ojera muri Rayon Sports,Umukinnyi w\’a Mavubi muri Champions League,Samuel Eto\’o Fils

Umunyezamu w’Amavubi Maxime Wenssens agiye gukora amateka yo kuba umunyarwanda wa mbere ukinnye irushanwa rya UEFA Champions League, rihuza amakipe yabaye aya mbere mu bihugu byayo ku mugabane w’i Burayi.Uyu munyezamu yabigezeho nyuma yaho ikipe ya Union Saint-Gilloise isoje imikino ya shampiyona( Regular season) iyoboye ku manota 70.(#Kigali To Day) Ikipe ya Patriots BBC iri…

Read More

Arsenal yandagajwe na chelsea,Sir Bobby Charlton,juventus itwara UCL…uyu munsi taliki 29/gicurasi mu mateka mu isi ya siporo

Uyu munsi ni ku wa gatatu, 29 Gicurasi, umunsi wa 150 wa 2024. Hasigaye iminsi 216 mu mwaka. Uyu ni umunsi wo kwibuka. Ibihe by\’ingenzi byaranze uyu munsi mu isi ya siporo: 1922 Urukiko rw\’Ikirenga rwo muri Amerika rwemeje ko umukino wa baseball ko ari siporo ntabwo ari ubucuruzi bityo ntibigengwa n\’amategeko abuza kwishyiriraho ibiciro….

Read More

Urupfu rwa Manuel Noriega ,cuba ,umubano wa amerika na abasoviyete…., uyu munsi mu mateka taliki ya 29 / Gicurasi

Uyu munsi ni ku wa gatatu, 29 Gicurasi, umunsi wa 150 wa 2024. Hasigaye iminsi 216 mu mwaka. Uyu ni umunsi wo kwibuka. ibihe by\’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka: Ku ya 29 Gicurasi 1988, Perezida Ronald Reagan wa Amerika yahuriye n\’umuyobozi w\’leta zunze ubumwe z\’Abasoviyeti Mikhail S. Gorbachev mu inama yabo yamateka i Moscou….

Read More

Ese Israel ntiyaba iri gukorera jenoside abaturage muri Rafah isi irebera?

Kuri uyu wa kabiri,  Isiraheli yagabye igitero ku nkambi y’ihema mu gace k’impunzi mu burengerazuba bwa Rafah yahitanye nibura abantu 21, nk\’uko abashinzwe ubuzima muri Gaza babitangaje binyuze kuri Mohammad al-Mughayyir, umuyobozi mukuru mu kigo gishinzwe kurengera uburenganzira bwa baturage muri kariya gace ka Rafah , yavuze ko abantu abarenga 21 baguye muri ibi bitero”….

Read More