Minisitiri Shingiro :U Rwanda nirudashyikiriza u Burundi abashatse gukora coup d’état nta gufungura imipaka iduhuza

Kuri uyu wa kane Albert Shingiro Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi yatangaje ko nta kanunu ko kugurura imihahirane hagati y’u Rwanda n’u Burundi mu gihe rutaragishyikiriza abagerageje coup d’état yo ku butegetsi bwa Pierre Nkurunziza mu myaka icyenda ishize. Mu kiganiro Shingiro yagiranye n’abaminisitiri batandukanye bo muri Guverinoma y’u Burundi ndetse n’itangazamakuru kuri uyu wa…

Read More

DR.Congo _ Rwanda Conflict : Perezida Kagame ashobora kuba agiye guhura na Felix Tshisekedi vuba aha

Perezida João Lourenço wa Angola yatangaje ko hari ibiganiro birimo kuba kugira ngo mu buryo bwihuse habeho guhura hagati ya Perezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Tshisekedi kugira ngo haboneke amahoro mu burasirazuba bwa DR Congo. Perezida Lourenço yabitangarije i Abidjan muri Côte d’Ivoire, aho ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu kuva ku wa…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY :taliki 28/Kamena,umunya-cameroun Roger Milla yaciye agahigo mu gikombe cy’isi naho Kevin de brune abona izuba

Uyu munsi ku wa gatanu ,Taliki ya 28/Kanama 2024 ni umunsi wa 180 w’umwaka ubura iminsi 1876 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo: 1958 Umunyamerika ukina umukino wo koga Nancy Ramey yashyizeho amateka yisi muri uyu mukino buryo bwo kunk’ikinyugunyugu muri metero 100 akoresheje igihe kingana 1:…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 28/Kamena ,Igikomangoma Francois Ferdinand n’umugore we biciwe i Sarajevo [sarajevo incident] naho Umwami Henry VIII abona izuba

Uyu munsi ku wa gatanu ,Taliki ya 28/Kanama 2024 ni umunsi wa 180 w’umwaka ubura iminsi 1876 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1360: Muhammed wa VI yabaye Umwami wa Granada nyuma yo kwica muramu we Ismail wa II. 1461: Edward IV yambitswe ikamba ry’ubwami aba Umwami w’u Bwongereza. 1776: Thomas Hickey wari mu…

Read More

Paper Talk[Europe]: Alejandro Garnacho  agiye gutungurana ave muri United, amakipe ari kuvugishwa  kubere murumuna wa Jude  Bellingham!

Chelsea irashaka gutwara umusore w’ikipe ya Newcastle United   Alexander Isak  w’imyaka 24 akaba akomoka mu gihugu cya Sweden gusa ifite urugamba rukomeye rwo kwishyura igiciro kirenga  agera kuri £115m rutahizamu bavanye mu gihugu cya Esipanye . (Mail) Arsenal birasa nk’ibigoye  cyane  ko  yazabona rutahizamu  ukomoka mu gihugu cya Guinea  Serhou Guirassy  wagize  umwaka mwiza cyane w’imikino  mu…

Read More

Full Report: Uko umunsi wa gatandatu wo Kwiyamamaza wagenze ku bakandida Bose ku mwanya w’umukuru w’igihugu na gahunda y’umunsi ukurikiyeho

Ku munsi wa gatandatu wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza kuba turage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Ngororero na Muhanga.Philipe…

Read More

EURO 2024 : Anthony Gordon yagarukanye ibikomere mu myitozo

Kuri uyu wa kane, Anthony Gordon yagaragaye mu myitozo ya ekipe y’igihugu y’ubwongereza abifite igikomere ku kanananwa no kubiganza nyuma y’uko uyu mukinnyi wa Newcastle yaguye ari ku igare rye ku wa gatatu mu kigo ikipe y’Ubwongereza icumbitsemo . Uko Bigaragara Anthony Gordon w’imyaka 23 ukinira Newcastle yarakomeretse bikomeye cyane nyuma yuko we n’abandi bakinnyi…

Read More

DRC : Minisitiri Judith Suminwa avuga ko Congo igomba gutera u Rwanda byanze bikunze

Tuluka Suminwa ,Minisitiri w’intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko abateye igihugu cye [Rwanda] bazabakurikirana kugera iwabo; ibi biza bishimangira ibyagambiriwe na Perezida Félix Antoine Tshisekedi byo gutera u Rwanda. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu,Nibwo uyu mutegetsi yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma, yakirwa neza n’abaturage ba Goma hamwe n’intumwa…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: APR FC izabatangaho arenga 338k $, Radja Nainggolan agiye kuza gukina muri Africa! FIFA yakubise akanyafu karemereye  ikipe ya Congo Brazaville

Orlando Pirates  yamaze kongerera amasezerano  umukinnyi wayo ukina hagati mu kibuga y’Ugarira Miguel Timm  w’imyaka 32 akaba azaba ari muri iy’ikipe kugera muri 2026  uy’Umusore  n’ubundi  ukomoka mu gihugu  cya Africa yepfo.(# Orlando Pirates ) Al Ahly  yamaze  kurangizanya  n’umusore  w’ikipe ya Al-Duhail SC  yo mu gihugu cya Qatar w’itwa Yousef Aymen w’imyaka 25 akaba…

Read More