TODAY IN SPORTS HISTORY : [4/Nyakanga],Igitego cya Bebeto cyakijije Brezil ipfunwe imbere ya leta zunze ubumwe z’Amerika naho rutahizamu w’umufaransa Georges Bereta aratabaruka

Uyu munsi Taliki ya kane /Nyakanga ni umunsi w’186 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 180kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki muri siporo: 1964 Tennis y’abagore ya Wimbledon: Umunyaburezili Maria Bueno yegukanye igikombe cya 3 cya Wimbledon ,ibi yabigezeho amaze gutsinda Margaret Smith…

Read More

TODAY IN HISTORY:taliki ya 4/Nyakanga,ingabo zahoze ari iza RPA zabohoye u Rwanda naho Papa Benedict V yitaba imana

Uyu munsi Taliki ya kane /Nyakanga ni umunsi w’186 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 180kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze uyu munsi mu mateka: Igitondo cyo kuwa 4 Nyakanga 1994 muri Kigali ntabwo cyari kimeze nk’igisanzwe. Nyuma y’amezi atatu aburaho iminsi itatu, imiborogo,…

Read More

Minisiteri y’Ubuhinzi, ubworozi n’uburobyi ku ngoma ya Mpayimana; Uko umunsi wa 12 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu n’abakandida depite wagenze.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri babiri muri batatu, n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Rusizi na…

Read More

EUROPEAN TRANSFERS: willian yamaze gutera umugongo ibyo kungera amezerano muri Fulham

Umunyaburezile willian borges da silva yamaze guhakanira ikipe ya Fulham yari asanzwe akinira yamaze ibyo kongera amasezerano muri iyi ikipe bivugwa ko ashobora kuza kwerekeza muri shampiyona ya Arabia Saudite cyangwa mu gihugu cya Turukiya. Willian yanze amasezerano yatanzwe na Fulham mu gihe ashishikajwe cyane no kwerekeza muri shampiyona ya Arabiya Sawudite.Uyu mukinyi wimyaka 35…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal irenda gusinyisha umukinnyi wa mbere , Paris St-Germain  y’Injiye mu rugamba rw’Umukinnyi  w’Ifuzwa na makipe menshi!

Real Madrid yatangiye gutekereza gutwa myugariro w’ikipe ya  Crystal Palace w’Imyaka 23   Marc Guehi unarikumwe n’ikipe y’igihugu ya Bongereza mu gikombe cy’Iburayi  gusa ari no kwifuzwa cyane n’Ikipe ya   Barcelona yo mu gihugu cya Esipanye  n’Ikipe ya   Juventus  yo mu Gihugu cy’Ubutaliyani. (Sun) Arsenal  y’Iteguye gutwa  umusore w’Ikipe ya Bologna Riccardo Calafiori  wa gize…

Read More

Paper Talk[Rwanda &Africa]: APR FC  yamenya abobazatana mu mitwe muri CECAFA Kagame Cup , Umutoza wa Mangwende  yahonzwe agera ku $60,000! Rayon Sports nyamara izahanga mu mwaka utaha

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC yisanze mu Itsinda rya Gatatu [C] mu mikino ihuza Amakipe yo mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba no Hagati, CECAFA Kagame Cup y’umwaka wa 2024 muri tombora yatangajwe kuri uyu wa Gatatu taliki 3 Nyakanga 2024, ni itsinda isangiye n’amakipe ya SC Villa yo muri Uganda, Singida Black Stars yo muri…

Read More

Sierra Leone : Iki gihugu kimaze gutora itegeko ribuza ishyingirwa ry’abana bari munsi y’imyaka 18

Guverinoma ya Sierra Leone yashyizeho itegeko rishya ribuza gushyingirwa kw’abana ryatangajwe mu birori bikomeye byateguwe na Fatima Bio, umugore wa Perezida, byabaye ku wa kabiri mu murwa mukuru Freetown. Abitabiriye iki gikorwa harimo umugore wa perezida wa Cap-Vert n’umugore wa perezida wa Namibia, barebaga ubwo umugabo we, Perezida Julius Maada Bio, yashyiraga umukono ku itegeko…

Read More

AMAKURU MASHYA : inyubako y’umuturirwa izwi nka Makuza Peace Plaza yafashwe n’inkongi y’umuriro

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Nyakanga 2024 Inyubako Makuza Peace Plaza iherereye mu mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi. Inyubako izwi nka Makuza Peace Plaza iherereye mu mujyi Rwagati mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, yibasiwe n’inkongi y’umuriro, ariko ishami rya Polisi rishinzwe kuzimya inkongi, rihagoboka itarakwira iyi nyubako…

Read More

AMATORA MURI USA: Perezida Biden yegetse umugogoro ku umunaniro nka nyirabayazana y’intsinzwi ye mu kiganiro mpaka

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Joe Biden, yatangaje ko ukwitara nabi ndetse no kugaragaza intege nke mu kiganiro mpaka abona byaratewe n’umunaniro nyuma yo gukora ingendo ebyiri mbere yo kujya mu kiganiro mpaka cyabereye i Atlanta kuri CNN. Perezida Biden yegetse kwitwara nabi kwe mu kiganiro mpaka mu cyumweru gishize ku munaniro yatewe no…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 3/Nyakanga,Ingabo za RPF Inkotanyi zafashe Kigali naho Louis XI, Umwami w’u Bufaransa abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatatu /Nyakanga ni umunsi w’185 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 181kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu mateka y’isi : 321: Umwami w’Abami Constantin Ier yemeje ko umunsi w’icyumweru ugirwa ikiruhuko cyemewe n’amategeko mu Bwami bwa Roma, byanakurikijwe mu Burayi bwose….

Read More