Twagirumukiza Janvier

Paper Talk: Kanamugire Roger muri APR FC,Abatoza batatu APR FC izakuramo umwe,Seif na Savio muri Gor Mahia, BAL 2024

APR FC ikomeje ibiganiro n’abatoza batandukanye yifuza gusimbuza Umufaransa Thierry Froger wasoje amasezerano ye muri iyi kipe barimo Aritz López Garai 44(spain), Julien Chevalier 43(France), Adel Amrouche 56(Belgium).(#Igihe) Bal 2024 Ku nshuro ya mbere yitabiriye BAL, Al Ahly yo muri Libya yageze ku mukino wa nyuma, itsinze Rivers Hoopers yo muri Nigeria amanota 89-83, mugihe…

Read More

Dore ibyo kumenya Ku rutonde rw\’abakinnyi 100+ beza mu Rwanda rwa sohowe ni kinyamakuru daily–box.com rwa Kamena,2024

Ikinyamakuru daily—box.com cyafunguye imiryango kuri uyu wa mbere , taliki ya 27 Kamena, 2024 batangiranye na gahunda idasanzwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda byandika kuri siporo nyarwanda by’Umwihariko aho basohoye urutonde rw’abakinnyi 100+ beza muri ruhago y\’u Rwanda.  1.Mu bakinnyi 10 bambere harimo abanyarwanda Batatu gusa Mu mwaka ushize wa 2023 nibwo ikipe y’Ingabo…

Read More

Paper Talk:Transfer ya mbere ya Liverpool, Barcelona Kuri Joao Felix, Mason Greenwood

Ama ekipe menshi yo muri  Saudi Pro League muri Saudi Arabia harimo  Al Nassr, Al Ahli na Al Qasidiya, zi komeje gukurikirana umugabo w’Imyaka 32-Brazil ukina hagati mu kibuga yu garira (Defensive Midfielder) Carlos Henrique Casimiro, ukinira ekipe ya Manchester United  mu gihugu cy’Ubwongereza muri iyi mpeshyi ya 2024 kugirango aza mutware. (#Goal – in…

Read More

Paper Talk:Onana,Ojera muri Rayon Sports,Umukinnyi w\’a Mavubi muri Champions League,Samuel Eto\’o Fils

Umunyezamu w’Amavubi Maxime Wenssens agiye gukora amateka yo kuba umunyarwanda wa mbere ukinnye irushanwa rya UEFA Champions League, rihuza amakipe yabaye aya mbere mu bihugu byayo ku mugabane w’i Burayi.Uyu munyezamu yabigezeho nyuma yaho ikipe ya Union Saint-Gilloise isoje imikino ya shampiyona( Regular season) iyoboye ku manota 70.(#Kigali To Day) Ikipe ya Patriots BBC iri…

Read More

Chelsea,Manchester United na Brighton mu ntambara z’Abatoza! liverpool kuri rutayizamu n’Umuzamu mu shya, Everton mu nzira zo Kugurishwa[paper talk Europe]

Manchester United ya vuganye n’uwahoze ari umutoza wa  Brighton ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani Roberto de Zerbi haramahirwe y’Uko ariwe ushobora gusimbura umutoza w’Umuhorandi  Erik ten Hag nyuma yuko hari ibihuha byinshi ko ashobora kwirukanwa. (#Guardian) Ariko na none Manchester United ira natekereza ku mugumana . (#Manchester Evening News) Ipswich Town iherutse kuzamuka mu kicyiciro cya mbere…

Read More

Volkswagen yarashinzwe n\’abagerekikazi batangira gutora ,Uyu munsi mu mateka taliki ya 28 /Gicurasi

ibihe byi ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka yisi. uyu munsi ni kuwa kabiri akaba ari umunsi wa 148 mu minsi 366 ubu hakaba hasigaye iminsi 218 dushingiye kuri calendari ya gregori. 585 bc:Habaye ubwirakabiri nyuma yuko byari biteganijwe n\’umucurabwenge akaba n\’umushakashatsi w\’umugereki. 1918: ibihugu bya aziberjan na Armenia byabonye uubwigenge 1934 ;I ontario muri…

Read More

Pochetino, Sofiyan Amrabat, Ederson Morayes n\’umusimbura wa eric tenhag

  Saudi Pro-League Al lttihad ikina muri shampiyona ya  Saudi Arabia irifuza Ederson Morayes ;umunya -brazil ufatira ikipe ya manchester city kuri miliyoni 25 z\’ama euros mugihe amasezerano ye azarangira muri 2026, kamena.( #Dailymail). Manchester united iri mu biganiro n\’umutoza wa Brentford Thomas Frank ndetse n\’uwahoze atoza chelsea Maurcio Pochetino kugirango irebe ko yabasimbuza umutoza…

Read More

BaL 2024,umusimbura wa juvenal,inteko rusange ya Ferwafa, muri kenya ,ninde uzasohokera iki igihugu?

Basketball Africa League Al Ahly ifite igikombe giheruka yasezerewe , Uyu mukino wa mbere wa ¼ wabaye ku Cyumweru, tariki 26 Gicurasi 2024 wari umwe mu yitezwe cyane ko wahuzaga ikipe ifite igikombe giheruka n’indi nshya ariko yagaragaje imbaraga zikomeye.(#Igihe) Kiyovu Sports Club Nkurunziza David yatorewe kuba perezida wa Kiyovu Sports mu nama y’Inteko rusange…

Read More

Dore ibyo kumenya Ku urutonde rw\’abakinnyi 100 beza mu Rwanda rwasohowe ni kinyamakuru daily–box.com rwa Kamena 2024

Ikinyamakuru daily—box.com cyafunguye imiryango kuri uyu wa mbere , taliki ya 27 Kamena 2024 ;batangiranye na gahunda idasanzwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda byandika kuri siporo nyarwanda by’Umwihariko aho basohoye urutonde rw’abakinnyi 100 beza muri ruhago y\’u Rwanda.  1.Mu bakinnyi 10 bambere harimo abanyarwanda Batatu gusa Mu mwaka ushize wa 2023 nibwo ikipe y’Ingabo…

Read More