Twagirumukiza Janvier

Rayon Sports na APR FC z\’ihombye €50 million bariguhabwa na FIFA!

Mumwaka wa 2025 muri Leta zunze ubumwe za Amerika hazakinirwa  imikino y’igikombe cy’isi cya makipe (FIFA Club World Cup 2025) kivuguruye aho umubare wa makipe azagikina aziyongera akava kuri 7 akagera kuri 32  amakipe azitabira gusa  azahabwa €50 million mugihe izegukana igikombe izatwara €100 million, iyo Rayon Sports na APR FC zitabira n’azo zari kurya…

Read More

Paper Talk[Europe]: Ineos iherutse kugura imigabane muri Manchester United igiye kugurisha imigabane! Manchester city, Liverpool,Arsenal,Chelsea, Barcelona

Umusore w’ikipe ya Crystal Palace ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Eberechi Eze, 25, afite amafaranga ya musohora muri  Crystal Palace(release clause)  atari munsi ya   £60m, Tottenham Hotspur irifuza uy’umusore. (Mail) Ikipe ya Aston Villa igomba kubona  by’ibuze angana £60m avuye mu kugurisha abakinnyi bayo muri iyi mpeshyi kugirango y’irinde kugongana n’ibibazo bya   profit and sustainability rules bikaba bya y’iviramo…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Rayon Sports na Kevin Muhire,Joackiam Ojera Police, APR FC gahunda y\’u mutoza n’abagomba gusohoka!

Umusore w’imyaka 35  ukomoka mu gihugu cya South Africa George Maluleka Nyiko wa kiniraga ikipe ya AmaZulu Football Club  bamaze  gutandukana, nyuma y’uko iy’ikipe ibonye umwanya wa 11 muri shampiyona ya South Africa n’amanota 36.(#Micky Jnr) Wydad Athletic Club nyuma yo kugira umwaka mubi w’imikino wa 2023/2024 aho itazakina imikino nya Africa haba Champions League …

Read More

Paper Talk[Europe]:  umutoza mushya wa Barcelona akomeje Kwerekana abakinnyi bazakomezanya ,Chelsea Nyuma yogukora Transfer yambere nticogora! Arsenal, Liverpool na United

Umusore akaba na rutahizamu w’ikipe ya Chelsea n’ikipe y’igihugu ya Belgium Romelu Lukaku, 31, ya maze gufungura imiryango ku ma ekipe yo muri shampiyona ya Saudi pro-League  muri Saudi Arbia y’ifuza gutwara uy’umusore , gusa n’anone AC Milan, Napoli zose z’ikomeje kumwirukaho ndetse na Fenerbahce. (#Telegraph, subscription required) Napoli yo mu gihugu cy’Ubutaliyani nayo iratekereza kugutwara  Lukaku gusa izamutwara  igihe…

Read More

PaperTalk[Rwanda&Africa]:Rayon Sports ya ryohewe n’isoko ry’Iburundi! APR FC Y’umvikanye n’umuzamu mushya, Aliou Cisse wa Senegal aciye agahigo

Aliou Cisse umutoza w’ikipe y’igihugu ya Senegal  yongeye  guca agahigo mu mwuga we w’ubutoza aho y’ujuje imikino 100 arumutoza w’ikipe y’igihugu ya Senegal, uy’u mutoza iy’imikino ya y’ujuje ku mukino ikipe y’igihugu ya Senegal ya nganyejemo na  DR Congo.(#AOL) Al Ahly SC  yo mu gihugu cya Misiri yaje kumwanya wa 18 ku rwego rw’isi mu…

Read More

Abanyarwanda batareba, Benin ishyize akadomo kudatsindwa kwa  Frank Spittler Torsten

Ikipe y’Igihugu y’Urwanda “ Amavubi “ ntiya hiriwe n’urugendo mu mukino wa gatatu w’itsinda wo gushaka tike y’igikombe cy’isi cya 2024 aho yatsinzwe n’ikipe y’igihugu ya Benin 1-0 mu mukino w’ishiraniro wa bereye kuri sitade y’itiriwe  Félix Houphouët-Boigny mu gihugu cya Côte d\’Ivoire. N’umukino wa giye kuba ikipe y’igihugu y’Urwanda iyoboye  itsinda rya  gatatu  nyuma…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal umukinnyi yari kuvanamo amafaranga byanze! icyemezo cya Manchester City kuri Pep Guardiola

Atletico Madrid nyuma yo gutunga abanya Argentina benshi barimo Angel Correa, Rodrigo de Paul Nahuel Molina  na bandi  irashaka n’undi munya Argentina w’imyaka 24  wa  Manchester City  Julian Alvarez nyuma yo kubura umwanya uhagije wo gukinga kubera Erling Braut Haaland. (#Marca – in Spanish) Gusa n’anone Paris St-Germain irifuza  Alvarez. (#Fabrizio Romano) Manchester United yamaze kwiyunga kuri Liverpool mu gushaka…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Young Africans iteye ikirenge mu cya Rayon Sports na Kiyovu Sports, Rayon Sports ibiyibayeho bitumye itangira Transfer zayo kumugaragaro!

Umunya Malawi Peter Banda w’Imyaka 23 usoje amasezerano ye muri Simba SC yo muri Tanzania yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Red Arrows yo muri Zambia bisobanuye ko azageza muri 2026 ari umukinnyi  w’iyi kipe .(#Zamfoot) Abakunzi b’umupira w’amaguru muri Cameroun bandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA barisaba ko ryahagarika ikipe y’igihugu yabo ’Lions…

Read More

Rustiro ihoreye mwenewabo wo mu burengerazuba! yongera no gukora ku uburyohe bw’ikiciro cya mbere[ibyaranze imikino yombi yabaye]

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 05 kamena,2024 hakinwaga umunsi wa gatanu w’imikino  ya kamarampaka(play-offs) y’ikiciro cya kabiri mu Rwanda 2023/2024 harebwa amakipe abiri azakina icyiciro cy\’ambere umwaka utaha w’imikino aho Vsion na Rutsiro zazamutse mu cy’iciro cya mbere . Rutsiro 2-0 AS Muhanga, n’umukino wari ukomeye cyane kubera ko As Muhanga ya gombaga gutsinda…

Read More

Paper Talk [Europe]:Chelsea ibonye umusimbura wa Thiago Silva, Ole Gunnar Solskjaer na Frank Lampard bagiye kongera kubona akazi

Arsenal  irifuza gutwara umusore w’Ikipe ya  Girona ,26 ukomoka mu gihugu cya Ukraine Viktor Tsygankov unifuzwa cyane na  AC Milan yo mu gihugu cy’Ubutaliya. (Sport – in Spanish) Chelsea ishobora guhanga cyane n’ikipe ya Arsenal mu gusinyisha umusore w’imyaka  21 ukomoka mu gihugu cya Slovenia Benjamin Sesko kuva mu ikipe ya  RB Leipzig. (Standard) Manchester United y’umutoza Eric Ten…

Read More