Paper Talk[Rwanda&Africa]: Peresida wa Rayon Sports ibyo yijeje abafana yatangiye kubishyira mu ngiro, Police FC iri muri Uganda ikomeje gutanga ubutumwa!
Ikipe ya Police FC yahano mu Rwanda mu rwego rwo kwitegura umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 byumwihariko imikino Nya-Africa ya CAF Confederations Cup yakinnye umukino wa gicuti n’ikipe ya MAROONS yo mu gihugu cya Uganda banyabitse ibitego bitatu kuri kimwe (3-1) akaba ari n’umukino wakabiri bakinnye kuva bagera muri iki gihugu aho uwambere banganyije n’ikipe…