Twagirumukiza Janvier

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Peresida wa Rayon Sports ibyo yijeje abafana yatangiye kubishyira mu ngiro, Police FC iri muri Uganda ikomeje gutanga ubutumwa!

Ikipe ya Police FC yahano mu Rwanda mu rwego rwo  kwitegura umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025  byumwihariko imikino Nya-Africa ya CAF Confederations Cup yakinnye umukino wa gicuti n’ikipe ya MAROONS yo mu gihugu cya Uganda banyabitse ibitego bitatu kuri kimwe (3-1) akaba ari n’umukino wakabiri bakinnye kuva bagera muri iki gihugu aho uwambere banganyije n’ikipe…

Read More

Paper Talk[Europe]:Chelsea igiye kurekura abakinnyi 12 icyarimwe, Barcelona igiye kurangizanya na Nico Williams

Tottenham Hotspur iyoboye irushanwa ryo gusinyisha  mababa Federico Chiesa, 26  unifuzwa cyane  n’ikipe ya Liverpool ndetse na  Arsenal  uyu musore w’umutaliyani  ukinira Juventus  . (Football Transfers) Newcastle United ifite ikizere ko izagumana   Anthony Gordon Umwongereza uri kwifuzwa cyane n’ikipe ya Liverpool  gusa amahirwe menshi agomba kuguma St James Park. (Team Talk) Umutoza wa Newcastle United Eddie Howe yamaze kubwira…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal yatangiye ibiganiro n’umukinnyi wa PSG, Liverpool yageze ku isoko ry’igura n’igurisha

Manchester City yamaze kwinjira muri Dosiye zo  gutwara Umunya-Esipanye  Dani Olmo  w’imyaka 26 akaba akina hagati mu kibuga kuva mu ikipe ya RB Leipzig yo mu gihugu cy’Ubudage. (Foot Mercato – in French) Barcelona n’imwe mu makipe yifuza cyane Dani Olmo ndetse yamaze gutanga angana na   £40m  ukongeraho n’ayinyongera angana na £20m. (Mundo Deportivo – in…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Amiss Cedric ushobora gusinyira Kiyovu yavuze kuri Rayon, Wydad AC yasinyishije umukinnyi wakinaga muri shampiyona y’u Bufaransa!

Umunya-Morocco Hamza Sakhi w’imyaka  28 yamaze gusinyira ikipe ya Wydad AC  y’iwabo n’ubundi avuye  mu ikipe ya  AC Ajaccio yo mu gihugu cy’Ubufaransa, akaba ari umukinnyi ukina  hagati mu kibuga yataka.(#MickyJr) Nyuma yo kwegukana igikombe cy’Ashampiyona ikipe ya Atlético Petróleos de Luanda yo muri Angola yerekeje mu gihugu cya Portugal mu kwitegura umwaka utaha w’imikino(Pre-season)…

Read More

BREAKING NEWS :Minisitiri Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc yirukanywe ku mirimo ye

Mujawamariya Jean D’arc wari usanzwe uyobora minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo yirukanwe ku nshingano nyuma yuko agomba kubanza kubazwa ibyo akurikiranyweho. Mu itangazo riturutse mu biro bya minisitiri w’intebe rimaze kujya ahagaraga mu kanya gashize rivuga ko uwahoze ari minisitiri wa minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo ko yirukanwe ku mirimo kubera ibyo agomba kubanza guhatwamo…

Read More

Perezida Kagame yihanganishije Abanya-Ethiopia bibasiwe n’inkangu

Perezida Kagame yafashe yihanganishije Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia n’abaturage b’icyo Gihugu, bibasiwe n’inkangu yabaye mu Karere ka Gofa muri Ethiopia, itewe n’imvura idasanzwe yaguye muri aka gace. Mu butumwa Umukuru w’Igihugu yanyujije ku rukuta rwe rwa X, yagize ati “Nihanganishije Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed Ali hamwe n’abagizweho ingaruka n’inkangu zaguyemo amagana y’abantu mu…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: Copa América yatashye i Brasília naho rutahizamu Kevin Phillips abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1937 Roger Lapebie ukomoka mu Ubufaransa yegukanye Tour de france yabaga ku nshuro yayo ya mirongo itatu na rimwe . 1940 Umunyamerika John Sigmund yanditse amateka mu mukino wo koga nyuma yo kumara amasaha 89, iminota 46 ari koga aho yavaga mu gace kitiriwe…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA :intambara y’iminsi ine hagati ya Libiya na Misiri yarasoje naho Victor Emmanuel wa I abona izuba

uyu munsi tariki 24 Nyakanga ni umunsi wa 206 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 160 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1567: Umwamikazi Mariya wa Scots, yahatiwe kurekura ingoma maze asimburwa n’umuhungu we warufite umwaka umwe James VI. 1823: Mu gihugu cya Chili, haciwe ubuhake 1935:…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:ikipe y’igihugu ya Urguay yegukanye Copa América naho Daniele De Rossi abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1904 Henri Corne ukomoka mu gihugu cy’ubufaransa yatwaye Tour de france yabaga ku nshuro yayo ya kabiri. 1908 Umunyamerika Johnny Hayes yegukanye marato ya metero 1000 mu mikino ya olempike yabereye i Londres igihe kingana n’amasaha 2: n’iminota 55: n’amasegonda18.4 . 1946 Abakinnyi icyenda…

Read More

Moussa Faki Mahamat nawe amaze gushimira Perezida Kagame kubwo gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu.

Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, yashimiye Perezida Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda. Faki Mahamat yashimye u Rwanda rwateguye neza amatora, yabaye mu mucyo, agaragaza ko kuba ingengo y’imari yakoreshejwe yaravuye imbere mu Gihugu ari gihamya ku muhate wo kwimakaza demokarasi n’imiyoborere myiza. Nyuma yo gutangazwa kw’amajwi ya burundu…

Read More