DailyBox

Hakozwe amavugurura mu nzego nyinshi zirimo Minisiteri y’ubucuruzi n’ibitaro byitiriwe umwami Fayisali

Ku munsi wejo tariki ya 17 / Mutarama , Inama y’abaminisitiri yayobowe na nyakubuhwa Perezida Kagame Paul yashyize mu mwanya abayobozi bashya mu nshingano zitandukanye ndetse ikora n’amavugurura mu bigo bya leta birimo Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ndetse no mu bitaro byitiriwe umwami Fayisali . Aya ni amwe mu muvugurura yakozwe mu myanya y’ubuyobozi mu bigo…

Read More

Ubufaransa buri kurira nk’umwana w’uruhinja kubera gutakaza imbaraga muri Africa

Ibikorwa  biherutse gukorwa n’ibihugu  byo muri Africa y’iburengerazuba  byo guhagarika ingabo z’abanyamahanga  ku butaka bwabyo  birerekana ikindi kintu kibangamiye Ubufaransa ku mugabane wa Africa. Perezida wa Cote d’Ivoire Alassane Ouattara, mu ijambo rye ry’umwaka mushya, yatangaje ko ingabo z’Abafaransa zizava muri iki gihugu muri Mutarama. Mu buryo nk’ubwo, Perezida wa Senegali, Bassirou Diomaye Faye, yatangaje…

Read More

Man city yumvikanye na Frankfurt iby’ibanze kugira ngo isinyishe Omar Marmoush

Ikipe ya Manchester city yamaze kugirana ibiganiro by’ibanze n’ikipe ya Eintrach Frankfurt bigamije gusinyisha umusore wayo ukomoka mu Misiri ukina asatira witwa Omar Marmoush kuri miliyoni zisaga miliyoni 67 z’amayero . Ikipe ya Man city yifuzaga kuba yazana Omor Marmoush kuri miliyoni 40 gusa ikipe ya Frankfurt ikomeza kuyibera ibamba bituma izamura ingano y’amafaranga yatangana…

Read More

USA yamaganye icyo yise ubushotaranyi bw’ u Rwanda kuri DRC

Leta zunze ubumwe z’Amerika zamaganye icyo yise ubushotoranyi bw’u Rwanda kuri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo byumwihariko ikoreshwa rya misile kaburiwe mu ntambara ya FARDC na M23 ndetse n’umubare munini w’abasirikare b’u Rwanda ukigaragara muri kiriya gihugu . Ibi bikubiye muri raporo yashyizwe ahagaragara n’ishami ry’umutekano muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya USA ku munsi wo…

Read More

Kigali : Itsinda ry’abapolisi ryekeje muri Sudan y’epfo mu butumwa bwa LONI

kuri uyu wa Kane tariki 16 / Mutarama 2025 , itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda  ryahagurutse I Kigali ryerekeza muri Sudan y’Epfo gusimbura bagenzi babo bari mu butumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye Aba bapolisi b’u Rwanda berekeje muri Sudan biganjemo umubare munini w’ab’igitsina gore bayobowe na SSP Donatha Nyinawumuntu, bari mu itsinda rya rya RWAFPU3-7 . Iri…

Read More

Umubyeyi wa Bushali yaraye yitabye imana

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Mutarama 2025 , umuhanzi Bushali  umwe mu bagezweho cyane mu rubyiruko mu Rwanda muri iyi minsi yatangiye ibihe by’akababaro gakomeye ko kubura mama we waraye witabye Imana azize impamvu z’uburwayi . Hagenimana Jean Paul  wamenyekanye  muri muzika nka Bushali, abicishije mu butumwa yashyize ku rukuta rwe…

Read More

Kamonyi : Umugabo yateye gerinade mugenzi we bapfa umugore

Mu karere ka Kamonyi haravugwa inkuru y’umugabo wateye gerinade mu rugo rw’umuturanyi we kubera urwango rukomoka ku kuba uyu mugabo waterewe gerinade mu rugo yari asanzwe afitanye umubano wigiye imbere n’umugore we bivugwa ko yaba amuca inyuma  . Uyu mugabo wateye gerinade yitwa Nkuriyingoma Jean Baptiste yari asanzwe akora akazi k’ubuhinzi n’ubworozi gusa ariko bikanogwanogwa…

Read More