DailyBox

Minisiteri y’Ubuhinzi, ubworozi n’uburobyi ku ngoma ya Mpayimana; Uko umunsi wa 12 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu n’abakandida depite wagenze.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri babiri muri batatu, n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Rusizi na…

Read More

EUROPEAN TRANSFERS: willian yamaze gutera umugongo ibyo kungera amezerano muri Fulham

Umunyaburezile willian borges da silva yamaze guhakanira ikipe ya Fulham yari asanzwe akinira yamaze ibyo kongera amasezerano muri iyi ikipe bivugwa ko ashobora kuza kwerekeza muri shampiyona ya Arabia Saudite cyangwa mu gihugu cya Turukiya. Willian yanze amasezerano yatanzwe na Fulham mu gihe ashishikajwe cyane no kwerekeza muri shampiyona ya Arabiya Sawudite.Uyu mukinyi wimyaka 35…

Read More

Sierra Leone : Iki gihugu kimaze gutora itegeko ribuza ishyingirwa ry’abana bari munsi y’imyaka 18

Guverinoma ya Sierra Leone yashyizeho itegeko rishya ribuza gushyingirwa kw’abana ryatangajwe mu birori bikomeye byateguwe na Fatima Bio, umugore wa Perezida, byabaye ku wa kabiri mu murwa mukuru Freetown. Abitabiriye iki gikorwa harimo umugore wa perezida wa Cap-Vert n’umugore wa perezida wa Namibia, barebaga ubwo umugabo we, Perezida Julius Maada Bio, yashyiraga umukono ku itegeko…

Read More

AMAKURU MASHYA : inyubako y’umuturirwa izwi nka Makuza Peace Plaza yafashwe n’inkongi y’umuriro

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Nyakanga 2024 Inyubako Makuza Peace Plaza iherereye mu mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi. Inyubako izwi nka Makuza Peace Plaza iherereye mu mujyi Rwagati mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, yibasiwe n’inkongi y’umuriro, ariko ishami rya Polisi rishinzwe kuzimya inkongi, rihagoboka itarakwira iyi nyubako…

Read More

AMATORA MURI USA: Perezida Biden yegetse umugogoro ku umunaniro nka nyirabayazana y’intsinzwi ye mu kiganiro mpaka

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Joe Biden, yatangaje ko ukwitara nabi ndetse no kugaragaza intege nke mu kiganiro mpaka abona byaratewe n’umunaniro nyuma yo gukora ingendo ebyiri mbere yo kujya mu kiganiro mpaka cyabereye i Atlanta kuri CNN. Perezida Biden yegetse kwitwara nabi kwe mu kiganiro mpaka mu cyumweru gishize ku munaniro yatewe no…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 3/Nyakanga,Ingabo za RPF Inkotanyi zafashe Kigali naho Louis XI, Umwami w’u Bufaransa abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatatu /Nyakanga ni umunsi w’185 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 181kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu mateka y’isi : 321: Umwami w’Abami Constantin Ier yemeje ko umunsi w’icyumweru ugirwa ikiruhuko cyemewe n’amategeko mu Bwami bwa Roma, byanakurikijwe mu Burayi bwose….

Read More

TODAY IN SPORTS : taliki ya 3 /Nyakanga,Romania yakuyemo Arijantine mu gikombe cy’isi naho Sebastian Vettel abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatatu /Nyakanga ni umunsi w’185 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 181kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1927: Gerard de Courcelles yapfuye azize impanuka mu birori byabereye muri Grand Prix y’Abafaransa i Montlhery. 1932 Nyuma yimyaka 30…

Read More

DAILY BOX MUSIC BILLBOARD HOT 100+: Sekoma ya chris easy iyoboye izindi 99 ,ni izihe ,ni iz’abahe bahanzi ,zatsindishijwe iki ,hagendwe ku iki ?

Urutonde ngaruka kwezi rwa Nyakanga rw’ikinyamakuru Daily box rumaze amasaha 24 rugiye ahagaragara ,rukaba rwahindutse ku kigero cya mirongo irindwi na kabiri ku ijana nk’uko inzobere zirutunganya zimaze kubitangaza ,Menya byinshi byahindutseho kuri uru rutonde ndetse n’uduhigo twagiye ducibwa naba nyir’ibihangano. Nkuko bimenyerewe buri mpera z’ukwezi abayobozi b’igisata cy’imyidagaduro mu kinyamakuru Daily box bategura ndetse…

Read More

KENYA :Abarenga 10 bapfiriye mu bikorwa by’igipolisi byo gutatanya abigaragambyaga uyu munsi

Kuri uyu wa mbere igipolisi cyo muri Kenya cyakoresheje imbaraga z’umurengera zirimo kurasa ibyuka biryana mu maso kugirango gitatanye imbaraga z’abigarambyaga bamaganaga ibyo gutora umushinga w’itora rigamije kongera umusoro muri iki gihugu bivugwa ko abatari bake bahatakarije ubuzima. Igipolisi cyarashe ibyuka biryana mu maso mu murwa mukuru mu kwirukana abari mu myigaragambyo yo kwamagana leta,ibi…

Read More

PREMIER LEAGUE : Tottenham Hotspurs imaze kwibikaho Archie Gray wakiniraga leeds united

Ikipe ya Leeds united imaze kwemeza ko imaze kugurisha umukinnyi Archie Gray mu ikipe ya Tottenham Hotspurs kuri miliyoni 30 z’amyero,uyu musore w’imyaka 18 bitezweko azafasha iyi ikipe yo mu murwa mukuru i Londres kwitwara neza mu mwaka w’imikino utaha. Leeds United yashyize ahagaragara itangazo ridasanzwe nyuma yo kugurisha Archie Gray muri Tottenham kuri £30m,ndetse…

Read More