Minisiteri y’Ubuhinzi, ubworozi n’uburobyi ku ngoma ya Mpayimana; Uko umunsi wa 12 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu n’abakandida depite wagenze.
Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri babiri muri batatu, n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Rusizi na…