DailyBox

uyu munsi tariki ya 14 Nyakanga mu mateka;Louis VIII yabaye umwami w’igihugu cy’u Bufaransa naho Goodwill Zwelithini Kabhekuzulu, umwami w’Ubazulu abona izuba

Ku itariki ya 14 Nyakanga 1994 ab’i Kigali na Butare babyinaga intsinzi, ab’i Byumba bari mu mudendezo. Igihe cyari kigeze ngo abo mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri nabo bikirize intero y’amahoro. Ruhengeri y’imisozi miremire yakomokagamo abategetsi benshi b’u Rwanda muri Repubulika ya Kabiri. Niho hari hubatse gereza yafungirwagamo abitwaga ibyitso batavugaga rumwe n’ubutegetsi. Kuba…

Read More

TODAY IN SPORTS :Lewis Hamilton yanditse amateka muri Formula 1 naho Serge Gnabry wa Bayern Munich abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo : Ikipe ya Elche yo muri Espagne yatsinzwe ubujurire ku cyemezo cyo kubavana muri La Liga mu cyiciro cya kabiri kubera ko batishyuye imisoro n’umushahara ku bakinnyi. Urukiko nkemurampaka rwa siporo (CAS) rwanze ubujurire bw’iyi kipe, bivuze ko bazasimbuwe na Eibar. 1949…

Read More

Donal trump yari apfiriye mu bikorwa byo kwiyamamaza muri leta ya Pennsylvania

Kuri uyu mugoroba wo ku wa 13/07/2024,uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika Donald Trump yarasiwe aho yiyamamarizaga muri Leta ya Pennsylvania aho yiyimamazaga ku matora azaba mu minsi iri imbere. Ubwo yiyamamazaga, humvikanye urusaku rw’isasu maze rinyura iruhande rwa Donald Trump maze ahita yikubita hasi agwa igihumure. Abashinzwe umutekano nabo bahise bivugana…

Read More

Diaspora Bariraye Ku ibaba: Uko umunsi wa Nyuma wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’amatora y’abanyarwanda baba mu mahanga.

Uyu munsi wanyuma wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Gasabo Uyu mukandida Kandi nk’uko…

Read More

Isreal – Hamas War : Imibare mishya iratangaza ko nibura abagera kuri 71 bapfiriye mu bitero bya Israel k’umutwe wa Hamas

Abanyapalestina nibura 71 biciwe mu gitero cyo mu kirere cyakozwe na Israel ahitwa al-Mawasi ,gusa israel ivuga ko yari igamije kwivugana inyeshyamba nkuru zibarizwa mu mutwe wa Hamas zari zicumbitse muri aka gace. Kugeza ubu ,imibare igera kuri Daily box dukesha inzego z’ubuzima n’uko abarenga 289 bakomerekeye muri ibi bitero , mu minsi ishize Igisirikare…

Read More

CAF yongeye gushimangira ubushongore bwa sitade amahoro

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru muri Afurika, CAF yashyize hanze urutonde rwa za Sitade zishobora gukinirwaho imikino mpuzamahanga y’iyi Mpuzamashyirahamwe, aho u Rwanda rwisanze rufite ebyiri, ibintu byaherukaga mu myaka ine ishize. CAF yashyize Stade Amahoro na Kigali Pelé ku rutonde rw’ama-Stades yemerewe kwakira imikino y’ijonjora rya mbere n’irya kabiri, mu marushanwa nyafurika ahuza amakipe yabaye aya…

Read More

Gambia : Leta igiye gutora itegeko ritegeka ikatwa ry’imwe mu myanya ndangagitsina ku abagore

Mu gihugu cya Gambia hagiye kongera gushyirwaho itegeko ritegeka abakobwa n’abagore bose gukorerwa umuhango wo gukata bimwe mu bice byabo ndangagitsina . Gambiya, igihugu gito cyo muri Afurika y’iburengerazuba gituwe n’abantu batageze kuri miliyoni 3, nicyo gihugu cya mbere ku isi cyongeye kwemeza FGM[female genital mutilation] nyuma y’uko umuryango w’abibumbye ubibuzanyije,iri tegeko bitegenijwe ko riraza…

Read More

Sudan : abanyamahanga batuye i Khartoum bahawe nyirantarengwa yo kuba bavuye mu gihugu

Abanyamahanga batuye mu mujyi wa Khartoum bahawe gasopo ko bagomba kubatashye bitarenze iminsi 15 mu rwego rwo kubungabunga umutekano wabo. igipolisi cyo muri Sudan, cyasabye abanyamahanga bari muri iki gihugu by’umwihariko abari mu murwa mukuru i Khartoum no mu nkengero zaho kuhava byihuse ku bw’umutekano wabo. uru rwego rufite mu nshingano umutekano w’abantu n’ibyabo imbere…

Read More

Nigeria : abanyeshuri 22 bahirimiwe n’ishuri bahita bapfa

Abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko abana 22 bapfuye abandi barenga 130 barakomereka nyuma y’inyubako y’ishuri yasenyutse muri Nijeriya yo muri leta ya Plateau rwagati. ishuri rya Saint Academy riherereye mu murwa mukuru wa leta ya Jos ryahirimye mugihe abanyeshuri bari mwishuri mugitondo cyo kuwa gatanu. Abana benshi bahita bisanga munsi y’ibinonko by’iyi nyubako. Abakorerabushake bari…

Read More