DailyBox

Ubufaransa : Ubwegure bwa minisitiri w’intebe bugiye guteshwa agaciro kubera imikino olempike

Minisitiri w’intebe w’ubufaransa ashobora kuza kuguma kuri izi nshingano by’agateganyo n’ubwo yari yatangaje ubwegure bwe kubera imikino olempike igiye kubera muri iki gihugu . Biteganijwe ko Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, araza guha umugisha ubwegure bwa minisitiri w’intebe we Gabriel Attal bitarenze ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri nyuma y’uko ishyaka ryabo ry’abakristu ryatsinzwe mu…

Read More

ECUADOR : toni 6 za cocaine zasanzwe muri kontineri zari zijyanye ibitoki mu budage

Polisi ya Ecuador yatangaje ko imbwa zicunga umutekano zo mu bwoko bwa Sniffer zasanze toni 6.23 za cocaine zihishe mu ibitoki byari bigiye koherezwa mu mahanga. Polisi yavuze ko basanze ibiyobyabwenge byinshi bya Cocaine mu gihe cyo kugenzura buri kontineri yagombaga koherezwa ku cyambu cy’amazi maremare ya Posorja mu majyepfo y’iburengerazuba bw’umujyi munini wa Ecuador…

Read More

APR FC imanuye abataka babiri bakomoka muri Nigeria

APR FC biravugwa ko iri mu biganiro n’aba rutahizamu bagera kuri babiri bakomoka mu gihugu cya Nigeria kugira ngo bazayifashe mu mwaka w’imikino utaha wiganjemo amarushanwa nyafurika iyi ikipe y’ingabo z’igihugu izitabira.  ikipe y’ingabo z’igihugu yamaze kumvikana byose na rutahizamu wa Enugu Rangers yo muri Nigeria witwa Chidiebere Johnson Nwobodo kuzayikinira mu mwaka w’imikino utaha….

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA;Washington DC yabaye umurwa mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika naho Larry Sanger abona izuba

uyu munsi kuwa kabiri tariki ya 16/Nyakanga ni umunsi w’ijana na mirongo icyenda na karindwi hakaba hasigaye igera kuri 168 umwaka ukagera ku musozo . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 622: Hatangiye gukoreshwa ingengabihe ya Islam (Islamic calendar). 1377: Umwami Richard II yambitswe ikamba ry’ubwami bw’u Bwongereza. 1790: District of Columbia(Washington DC), yabaye…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY :Urguay yatwaye Brazil igikombe cy’isi naho John Hollins watojeho chelsea abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1950 Umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cya FIFA wabereye kuri Estádio do Maracanã, iherere mu mujyi wa Rio de Janeiro muri Berezile: Alcides Ghiggia yatsinze igitego ku munota wa 79 cyafashije Uruguay gutsinda Brezil, ibitego 2-1. 1955, Juan Manuel Fangio wo muri Arijantine yegukanye…

Read More

Paul Kagame arayoboye na 99.15%; Ibyavuye mu matora ku mwanya w’umukuru w’igihugu bishyizwe ahagaragara.

none aha Komisiyo y’igihugu y’amatora imaze gutangaza iby’ibanze bavuye mu matora y’Umukuru w’igihugu, ibyerekanye ko Paul Kagame ari we uri imbere y’abandi bakandida bahanganye. Kuri uyu wa mbere, abanyarwanda baba imbere mu gihugu bitabiriye amatora y’Umukuru w’igihugu n’ayabadepite muri iyi Manda y’imyaka itanu iri imbere,aho babyutse iya kare kugira ngo bitorere abayobozi bababereye. Nk’uko yari…

Read More

LIVE🛑AMATORA 2024 ;PARTIAL RESULTS ,KAGAME PAUL ON THE TOP WITH 99.15 % VOTES

AMAJWI Y’AGATEGENYO KU MWANYA W’UMUKURU W’IGIHUGU ⚫PAUL KAGAME 99.15⚫DR.Frank HABINEZA 0.53⚫MPAYIMANA PHILLIPE 0.32 uko amajwi y’ibanze ateye kugeza ubu. Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Democratic Green Party of Rwanda akaba n’Umukandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Dr. Frank Habineza ageze kuri Olympic Hotel. Kuri iyi hoteli iherereye mu Kagari ka Bibare mu…

Read More

BREAKING NEWS : imyirondoro y’uherutse kurasa Donald Trump yamaze kujya ahagaragara

Urwego rwa Leta zunze ubumwe z’Amerika rw’ubugenzacyaha [FBI] rumaze gutangaza ku mugaragaro imyirondoro y’uwashatse kwica Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika mu gihe yarimo yiyamariza mu leta ya Pennsylvania. Agace gato ka Pittsburgh gaherereye muri parike ya Beteli muri Pennsylvania karahangayitse nyuma yuko FBI ivuze ko umusore uhakomoka witwa Thomas Matthew Crooks, ari we…

Read More

Ibisigisigi bya EURO 2024: abatoza batatu bagomba gusimbura Gareth Southgate bamaze kumenyekana

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu bwongereza [FA] ryemeje ko rigiye gushaka umutoza ugomba gusimbura Gareth Southgate nyuma y’uko Southgate agiye gutandukana n’iyi ikipe. Abatoza barimo Eddie Howe, Graham Potter, Lee Carsley na Mauricio Pochettino bari mu bahatanira kuba bakwegukana uyu mwanya.Southgate azagirana ibiganiro n’abayobozi be ba FA mu minsi iri imbere ikurikira ijoro ryo gutsindwa na…

Read More