DailyBox

Intambara ya Ukraine n’uburusiya : Drone za Ukraine zatwitse Ibigega bya Peteroli mu Burusiya

Indege z’intambara zitagira abapilote zikekwa kuba ari iz’igisirikare cya Ukraine zarashe ibigega bya peteroli mu karere ka Kursk mu Burusiya. aya makuru ayahamijwe n’umuyobozi wo mu Burusiya kuri iki cyumweru ,aho yashyize hanze amashusho yerekana ibirimi by’umuriro bizamuka mu kirere mu masaha ya mu gitondo .Ministeri y’ingabo y’Uburusiya yavuze ko yashoboye guhanura ebyiri muri izo…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Marco van Basten yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu y’Ubuholandi naho Fernando González abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 2001 Final ya Copa América, yabereye kuri Estadio El Campín, iherereye mu murwa mukuru wa Bogotá: Myugariro Iván Córdoba yatsindiye Columbia igitego kimwe cyanayihesheje igikombe imbere ya Mexico. 2004 Marco van Basten yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu y’Ubuholandi 2007 Alberto Contador wo muri Espagne yatwaye…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Peresida wa Rayon yavuze umubare w’abakinnyi basigaje kugura! ikindi gihugu muri Africa kigiye gukoresha VAR muri shampiyona

Raja Athletic Club yo mu gihugu cya Morocco ubu iri mu bibazo bikomeye cyane by’ubukungu aho ubu idafite amafaranga byibuze ya yifasha kwandikisha abakinnyi yaguze , ibi byatewe  ahanini no kugira umubare wabakinnyi n’abakozi bayikoreye muri rusange  baribategetswe kwishyura ukongeraho ko sitade yabo ubu iri kuvugururwa kugirango izakire imikino y’igikombe cy’Africa cya 2025 byatumye abafana…

Read More

Libya : Abayobozi bafunzwe bazira kugira uruhare mu myuzure yishe abatari bake!

Abayobozi 12 ba Libiya bakatiwe igifungo kiri hagati y’imyaka icyenda na makumyabiri n’irindwi kubera uruhare bagize mu isenyuka ry’urugomero rw’amashanyarazi rwahitanye abantu barenga 4000 muri mu kwezi kwa Nzeri mu mwaka ushize. abayobozi bakatiwe ibi bihano bari bashinzwe gucunga umutungo w’amazi no kubungabunga ingomero , ibiro ntaramakuru by’abongereza bitangaza ko aba bakurikiranyweho ibyaha birimo uburangare,…

Read More

DR.congo : Abantu icyenda bapfiriye mu muvundo ubwo bari bitabiriye ibitaramo bya gospel

ku wa gatandatu abantu icyenda bapfuye abandi bakomerekera mu gitaramo cy’imbonakubone cya Gospel muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo nkuko bitangazwa na Minisitiri w’ubuzima w’iki gihugu. Ibi byabaye ubwo Umuhanzi wa Gospel akaba n’umupasiteri witwa Mike Kalambay yaririmbiraga kuri Stade ya  Martyrs iherereye mu murwa mukuru , Kinshasa aho bivugwa ko iyi sitade ifite ubushozi…

Read More

Perezida Kagame yashimiwe na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu k’ubwo gutsinda amatora

Perezida Paul Kagame yahamagawe na Sheikh Mohamed bin Zayed Al Nahyan usanzwe ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu amushimira ku ntsinzi yo kongera kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere aherutse kubona. Perezida Kagame yashimiye Perezida w’Ibihugu Byunze Ubumwe by’Abarabu, Mohammed bin Zayed Al Nahyan, inshuti ye akaba n’umuvandimwe, wamuhamagaye amwifuriza ishya n’ihirwe…

Read More

Ibiciro by’amatike yo kwinjira kuri Rayon Day byahindutse!

Ubuyobozi bwa ekipe ya Rayon sports bwatangaje ibiciro bishya by’amatike yo kwinjira kuri Rayon day bitewe n’uko “Rayon Day” itakibereye kuri Stade Amahoro. Umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Robben, yatangaje ko bitewe n’uko “Rayon Day” itakibereye kuri Stade Amahoro kubera impamvu zitabaturutseho, hari uburyo bagerageje guhuza ibiciro by’amatike yari yashyizwe ku isoko n’ibijyanye na Kigali…

Read More

Israel vs Hezbollah : abana 12 bapfiriye mu bitero bya Israel yagabye ku umutwe wa hezbollah

Kuri iki cyumweru ingabo z’igisirikare cya Israel zagabye ibitero bikomeye byo mu kirere ku birindiro by’umutwe wa Hezibollah maze abarenga 12 biganjemo abana bahatakariza ubuzima. Ingabo za Israel zirwanira mu kirere zatanagaje cyo zashenye ibirindiro by’umutwe wa Hezbollah byari biherereye muri Libani ndetse abana bagera kuri 12 bahitanwe n’ibi bitero ubwo barimo bakinira mu karere…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : umutingito udasanzwe wibasiye agace ka Tangshan mu gihugu cy’u Bushinwa naho Hugo Chávez wari perezida wa Venezuela abona izuba

uyu munsi tariki 28 Nyakanga ni umunsi wa 210 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 156 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Kiliziya gatolika irazirikana mutagatifu Alphonsine, na Victor I. Bimwe mu byaranze iyi tariki mu mateka: 1794: Maximilien Robespierre na Louis Antoine de Saint-Just bicishijwe icyuma cyakoreshagwa mu kwica abantu mu mpinduramatwara zo…

Read More

Paper Talk[Europe]:Liverpool ntishaka kurekura kwa Anthony Gordon, Barcelona ishobora guterwa gapapu n’irangara kuri  Nico Williams!

Umwongerza ukina hagti mu kibuga  Kalvin Phillips, 28, yabwiye ikipe akinira  Manchester City ko yifuza kuba yasoka muri iy’ikipe mu buryo bw’aburundu  dore ko andimakipe atandukanye mu gihugu cy’Ubwongereza akomeje kumwifuza  Everton ndetse na  Aston Villa. (Football Insider) Rutahizamu w’umunya-Nigeria Kelechi Iheanacho, 27, yegereje kwinjira mu ikipe ya  Sevilla nyuma y’uko amasezerano ye arangiye mu ikipe ya Leicester…

Read More