DailyBox

TODAY IN SPORTS HISTORY : umunyapolonye Krisztina Egerszegi yaciye agahigo mu mukino wo koga naho Victoria Azarenka abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1910 Octave Lapize w’Umufaransa yatwaye Tour de france arusha amanota 4 gusa mugenzi we witwa François Faber wakiniraga ikipe yitwa Team Alcyon ukomoka muri Luxembourg. 1928 Halina Konopacka wo muri Polonye yaciye agahigo ko kujugunya icumu muri metero 39.62 ahita anegukana umudari wa mbere…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester United umugambi  wo kugurisha Scott McTominay urakomeje,Liverpool yahize kugura umukinnyi wo hagati mu kibuga

Brighton yamaze kumvikana n’ikipe ya  Borussia Dortmund  asaga £5.9m  bizatuma Umudage  ukina hagati mu kibuga Pascal Gross, 33, yerekeza muri iy’ikipe yo mu gihugu cy’Ubudage ya  Borussia Dortmund. (Guardian) Chelsea ikomeje ibiganiro  n’ikipe ya Napoli kuri  Romelu Lukaku  w’imyaka 31 ugomba no kugenda muri gahunda ya Victor Osimhen w’imyaka 25  we akerekeza mu ikipe ya Chelsea  mu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Nyamukandagira yamuritse intwaro zayo, uwatoje u Rwanda agiye kongera guhangana na rwo nyuma yakazi gashya!

AS Vita yo mu gihugu cya Repubilika Iharanira Demokarasi  ya Congo irateganya kuzana umutoza mushya aho iteganya gutoranya mu batoza ba tandatu bakomoka mu bihugu bikurikira  Morocco, France. Turkey, South Africa, Cameroon ndetse na DR Congo.(#MickyJr) Michael Nees wigeze gutoza Amavubi, yagizwe Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Zimbabwe iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda mu gushaka…

Read More

Enzo Fernandez yamaze gusanga bagenzi be nyuma yo gukekwaho ivanguraruhu!

Enzo Fernandez yasanze ikipe ya Chelsea muri Amerika nyuma y’inkubiri y’amakuru y’ivanguramoko yari imaze iminsi amuvugwaho;aho uyu Umunya Argentine yasabye imbabazi bagenzi be ndetse na ekipe ye muri rusange. Muri uku kwezi hagati , Fernandez yabaye intandaro y’ivanguramoko nyuma yo gushyira amashusho kuri Instagram bigaragara ko amwerekana na bagenzi be bo muri Arijantine barimo kuririmba…

Read More

perezida Kagame avuga ko nta mwanya ukwiye guhabwa abatifuriza u Rwanda ineza

Perezida Kagame Paul avuga ko abakomeje gusebya no kutifuriza ineza igihugu cy’u Rwanda bagomba kwirindwa ndetse ko batagombwa no guhabwa umwanya kubw’ibikorwa byabo bigayitse . umukuru w’igihugu cy’ u Rwanda yatangaje ibi nyuma y’uko Umuvigizi wa Guverinoma y’u Rwanda Madame Yolande Makoro atangaje ko shampiyona y’umukino wa Basketball yo muri Amerika [ NBA ] ari…

Read More

Tito Barahira wari warakatiwe igifungo cya burundu kubera ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yitabye Imana.

Tito Barahira Umunyarwanda wari warakatiwe igifungo cya burundu n’ urukiko rwa rubanda ruri i Paris mu Bufaransa mu mwaka wa 2017 rumuhamije ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994 yapfuye aguye aho yari afungiye mu Bufaransa. Ni amakuru yamenyekanye ku munsi w’ejo kuwa mbere tariki 29 Nyakanga 2024 atangajwe na Me. Richard Gisagara…

Read More

Burundi: Perezida ndayishimiye yasasiwe ibitenge i Bujumbura bitangaza benshi!

Mu Burundi abaturage bakomeje kwibaza urwego umuyobozi w’ igihugu Evaliste Ndayishimiye agezeho rutuma abagore basasa ibitenge agatambuka nk’uko byagenze ku mwana w’ Imana Yesu/Yezu Kristu ubwo yegerezaga igihe cye cya Pasika. Ibi byabaye ku munsi w’ ejo ku wambere mu mujyi wa Bujumbura, ubwo yasuraga abaturage bo muri uyu mujyi mu gikorwa arimo cyo kuzenguruka…

Read More

Mali : Abarimo umusirikare mukuru w’umutwe w’abacanshuro b’Abarusiya [Wagner ] bishwe n’inyeshyamba

Abarimo Umusirikare mukuru wo mu ngabo z’umutwe w’abacanshuro w’abarusiya biciwe muri mu gihugu cya Mali mu gitero bagabweho n’inyeshyamba uharanira kwigenga kwa Mali, wiganjemo abo mu bwoko bw’aba Touareg. Mu itangazo washyize ku rubuga rwa Telegram, uwo mutwe w’abacanshuro b’Abarusiya ntiwasobanuye umubare w’abarwanyi bawo bapfuye, ariko wemeje ko watakaje abantu. Abo barimo umukomanda, Sergei Shevchenko,…

Read More

Paper Talk[Europe]: Xavi Simons yamaze gufata umwanzuro kuhazaza he, Arsenal ntirava kuri rutahizamu Victor Osimhen 

Napoli irifuza rutahizamu wa   Chelsea  Romelu Lukaku, 31, Umubiligi ufite amamuko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byumwihariko bigomba kujyanirana na gahunda ya  Osimhen muri Chelsea . (Guardian) Tottenham Hotspur  irifuza gutwa umusore w’ikipe ya   Juventus   Federico Chiesa, 26 Umutaliyani unifuzwa n’ikipe ya Arsenal . (Sky Sports Germany’s Florian Plettenberg on X) Atletico Madrid ifite…

Read More

DR .Congo irashinja ingabo z’u Rwanda Kwinjirira itumanaho ry’indege zayo za gisivile

Leta ya DR Congo irashinja ingabo z’u Rwanda kwinjirira mu mikorere ya GPS y’indege zirimo iza gisivile mu karere k’uburasirazuba bw’icyo gihugu. ‘Global Positioning System’ ikoreshwa n’indege mu gukoresha ‘signals’ z’icyogajuru mu kwerekana aho indege iherereye umunota ku wundi, kwerekana icyerekezo n’umuvuduko, n’amakuru yerekana uko indege iva aho iri igana aho yerekeza. Repubulika iharanira Demokarasi…

Read More