DailyBox

UYU MUNSI MU MATEKA : Papa Yohani Pawulo wa Kabiri yagiriye uruzinduko rw’akazi mu gihugu cye cy’amavuko cya Pologne naho Nouri Al-Maliki abona izuba

uyu munsi ku wa gatanu , tariki 2 Kanama ni umunsi wa 215 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 151 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: Ku munsi nk’uyu kandi hari kuwa 02 Kamena 1953 ni bwo umwamikazi w’Ubwongereza Queen Elizabeth II yambikwaga ikamba mu birori…

Read More

Police Handball Club yafatiwe ibihano nyuma yo kurangwa n’imyitwarire itari myiza

ikipe ya Police Handball club yahawe ibihano n’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Handball mu Rwanda   nyuma y’uko iherutse kwikura mu mukino utarangiye kubera kutishimira uburyo bw’imisifurire. Iri Shyirahamwe kandi rivuga ko ubugenzuzi bwakozwe hagendewe ku mategeko agenga shampiyona mu Rwanda n’agenga umukino wa Handball ku Isi ku gice kijyanye n’ibihano . Ibi ninabyo byashingiweho mu guhagarika CIP…

Read More

Nigeria : abaturage babyukiye mu mihanda bigaragambiriza izamuka ry’ikiguzi cy’ubuzima n’ubuyobozi bubi

Kuri uyu wa gatanu, Abanyanijeriya bagiye mu mihanda bamagana izamuka ry’imibereho muri iki gihugu ,aho Ibihumbi n’ibihumbi by’abatuye mu murwa mukuru , Lagos, no mu yindi mijyi minini bakoze urugendo bafite ibyapa byanditseho inzara, imiyoborere mibi n’ibindi. Abigaragambyaga banyuze mu duce dutuwemo n’abantu benshi bazamura ibyapa byamagana igiciro kinini cy’ibiribwa ndetse n’izamuka ry’imibereho, mu gihe…

Read More

Togo : Perezida Faure Gnassingbe yagaruye mu nshingano minisitiri w’intebe wari wareguye

Perezida wa Togo, Faure Gnassingbe yagumishije Victoire Sidemeho Tomegah-Dogbe, ku mwanya wa minisitiri w’intebe nubwo guverinema izashyirwaho mu minsi iri imbere bijyanye n’itegeko nshinga rishya. Iki gikorwa cyo ku mugarura ku nshingano cyibaye nyuma y’amezi make Tomegah-Dogbe yeguye kuri uyu mwanya hamwe na guverinoma ye yose muri Werurwe N’ubwo yeguye, Gnassingbe yari yarahaye Tomegah-Dogbe gukomeza…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Nicolas Anelka yasinyiye amasezerano na ekipe ya Real Madrid naho Nacer Chadli abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo. 1936 Trifecta wo muri Finilande yabaye uwa mbere mu kwiruka muri metero 10,000 mumikino olempike yabereye i Berlin; ahigitse abarimo Ilmari Salminen ,Arvo Askola na Volmari Iso-Hollo. 1936 Abanyamerika barimo Cornelius Johnson, Dave Albritton na Delos Thurber bahawe imidari yo gusimbuka k’ubutumburuke burebure mu…

Read More

Paper Talk[Europe]: Liverpool itaragura umukinnyi numwe igiye kurekura bamwe mubo ifite! Arsenal ikomeje inzira yo kurekura Eddie Nketiah

Crystal Palace  yiteguye kureka Umunya-Ghana  w’imyaka 32  Jordan Ayew  gusa ngo agomba kugenderea kugiciro cyiza bikaba bivugwa ko agomba kwerekeza mu ikipe ya Leicester city. (Standard) Everton  irasha gusinyisha Umunya- Paraguay Ramon Sosa, 24,  gusa igomba guhangana bikomeye n’ikipe ya Nottingham Forest uyu musore ukinira ikipe ya   CA Talleres yo mu gihugu cya Argentine. (Teamtalk) Umusore w’ikipe ya…

Read More

Israel &Hamasi:Ninde wihishe inyuma y’urupfu rw’umuyobozi mukuru wa Hamasi?

Umuyobozi mukuru w’umutwe wa Hamas bwana Ismail Haniyeh, yiciwe mu gitero yagabwemo muri Iran ubwo yari yagiye mu muhango w’irahira rya Perezida mushya w’iki gihugu, Masoud Pezeshkian. Hamasi yasohoye itangazo itangaza ko Haniyeh yagabweho igitero n’ingabo za Israel aho yari acumbitse mu murwa mukuru wa Iran, Tehran, kuri uyu wa 31 Nyakanga 2024.wagize uti “Hamas…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Fidel Castro yavuye ku ubutegetsi bwa Cuba naho Bob Welch abona izuba

uyu munsi tariki 31 Nyakanga ni umunsi wa 213 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 153 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze iyi tariki mu mateka: 432: Hatowe Papa Sixte III, asimbura Papa Célestin I. 1358: Étienne Marcel yishwe n’abakomoka mu mujyi wa Paris nyuma y’uko yanze ko…

Read More