Ikibazo cy’abana bavukana ubumuga bwo kutumva no kutavuga cyabonewe umuti
Mu karere ka Musanze kuri uyu wa Kane tariki ya 01 Kanama 2024,hatangijwe ikigo gifasha abana kumva no kuvuga kizwi nka Rwanda Institute for speech and Hearing Independence (RISHI). Ni ikigo cyitezweho guhangana n’ikibazo cy’abana bavukaga bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga gihereye ku uvutse cyangwa se ufite amezi 8 kugeza ku myaka 3-5 y’amavuko….