DailyBox

UYU MUNSI MU MATEKA : Igihugu cya Côte d’Ivoire cyabonye ubwigenge naho Muammar al-Gaddafi, wayoboye Libya abona izuba

uyu munsi ku wa gatatu , tariki 8 Kanama ni umunsi wa 220 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 146 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1782: George Washington yategetse ko hakorwa imidali y’icyubahiro igenewe abasirikare bakomerekeye ku rugamba, iyi midali yahawe inyito ya Badge of…

Read More

RGB yahagaritse ibikorwa byose by’inzego zose z’Itorero Ebenezer Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere rwatangaje ko rwahagaritse inzego zose z’Itorero Ebenezer Rwanda nyuma y’uyu mwuka mubi n’amakimbirane amaze iminsi abarizwa muri iri torero . Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) ruvuga zimwe mu ngingo rwashingiyeho mu ifungwa ry’uru rusengero harimo ubutekamutwe ndetse n’uburiganya bwagiye bugaragara mumukorere y’iri torero no kuba rutujuje bimwe mu bisabwa na uru rwego kugirango…

Read More

DRC: Akanama gashinzwe umutekano kemereye MONUSCO gutanga inkunga y’ibikoresho mu butumwa bw’amahoro mu karere

Akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano karahamagarira ibihugu bitanga ingabo muri SAMIDRC n’umuyobozi w’ingabo z’ubu ubutumwa gufata ingamba zifatika zo kugabanya ingaruka mbi zigera ku basivili mu bice byose by’intambara mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo . Mu nyandiko y’iki cyemezo, Akanama gashinzwe umutekano kagaragaza impungenge z’uko ihohoterwa ryiyongera mu burasirazuba bw’igihugu DRC itangaza…

Read More

D.R. congo : Perezida Felix Tshisekedi arashinja Joseph Kabila gufasha umutwe wa M23

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubilika ya Demokarasi ya Congo yashinje uwamubanjirije ku butegetsi Joseph Kabila kuba ari we wihishe inyuma yo kwihuza kw’ihuriro ry’inyeshyamba rya AFC – M23 rirwanya ubutegetsi bwe mu burasirazuba bw’igihugu. Ni kunshuro ya mbere uyu mukuru w’igihugu cya DR Congo ashinje uwo wahoze ari Perezida kugirana imikoranire n’inyeshyamba za AFC –…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : ikipe ya Westham yigaruriye umujyi wa London naho Dani Ceballos abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1984 Amerika yabonye umudari wa mbere wa zahabu mu mikino Olempike mu mateka ya basketball y’abagore itsinze Koreya y’Epfo amanota 85 kuri 55 ku mukino wa nyuma mu mikino wabereye i Los Angeles. 7 Kanama 1999 ,West Ham United yatsinze igitego 1-0 Tottenham Hotspur…

Read More

Paper Talk[Europe]: Robertinho utoza Rayon arifuza Milton Kalisa wa Vipers, Layvin Kurzawa wakiniye PSG ashobora kuza gukina muri Africa!

Ikipe ya Mouloudia Club d’Alger [MC Alger], ikina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Algerie yatangiye gukora imyitozo ikakaye isanzwe imenyerewe cyane mu ngando za gisirikare, mu rwego rwo kwitegura neza imikino ya CAF Champions League iyi kipe ifitiye itike.(#MickyJr) Umufaransa  Layvin Marc Kurzawa w’imyaka 31  wakiniye amakipe akomeye Iburayi nka Paris Saint-Germain, Monaco ndetse n’andi…

Read More

Abigaragambyaga bo muri Nijeriya batawe muri yombi bazira kuzunguza ibendera ry’Uburusiya

Abantu bagera kuri 40 batawe muri yombi mu majyaruguru ya Nijeriya bazira kuzunguza ibendera ry’igihugu cy’Uburusiya mu myigaragambyo yo kwamagana ubuzima bw’imibereho kandi icyo bumva ko ari “imiyoborere mibi”. Muri iki gikorwa cyo guhashya ubuyobozi buriho, umuyobozi w’ingabo Christopher Musa yihanangirije ko ari icyaha cy’ubuhemu ku gihugu kuzamura amabendera y’ibihugu by’amahanga muri iki gihugu. Igihugu…

Read More

Tim Walz yatoranijwe na Kamala Harris kuzamubera umukandida ku mwanya wa Visi Perezida

Kamala Harris,Visi Prezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika  yahisemo Guverineri Tim Walz wa leta ya Minnesota kumubera kandida visi prezida mu matora y’umukuru w’igihugu. Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri Visi Prezida Kamala Harris na Guverineri Tim Walz w’imyaka 60, barerekeza mu mujyi wa Philadelphia mu gikorwa cyo kwiyamamaza bwa mbere bari kumwe. Nyuma,…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : imyaka 79 irihiritse igisasu kirimbuzi kirashwe kuri Hiroshima mu Buyapani naho umuhanzi Josh Franceschi aravuka

Ku ya 6 Kanama 1945, ni bwo harashwe igisasu kirimbuzi (bombe atomique) hejuru y’umujyi wa Hiroshima, mu Buyapani, byatumye Intambara ya Kabiri y’Isi yose irangira.Kuva icyo gihe, ku Isi hose habaye ubwoba kubera ko amakimbirane ashobora kwangiza burundu ikiremwamuntu.Igisasu kirimbuzi Little Boy (agahungu gato) cyatewe mu mujyi wa Hiroshima ku itariki ya 6 Kanama 1945,…

Read More