DailyBox

TODAY IN SPORTS HISTORY : ikipe y’igihugu y’ubudage yegukanye umudali wa zahabu mu mikino olempike

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1995 mu iteramakofe ,Mike Tyson yagarutse muri ring nyuma yo gufungwa imyaka 3. 2001 Umushoferi w’umudage ukinira ikipe ya Ferrari, witwa Michael Schumacher, yegukanye igikombe cya Grand prix ya Hongiriya . 2008 Umwongereza Victoria Pendleton yasigiye Anna Mears ku murongo wa nyuma wo gusorezaho…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Nyuma yo gusifurirwa mu buryo benshi batishimiye APR FC igiye kumenyesha CAF! Pyramids iri kunyagira APR FC na Azam n’ukoga magazi!

Kuri iki Cyumweru, ikipe ya APR FC yatsindiwe na AZAM FC igitego 1-0 kuri stade ya AZAM Complex mu mukino ubanza wa Total CAF Champions League. Umukino wo kwishyura uzaba kuri uyu w’agatandatu taliki ya 24 kanama 2024 ubere I Kigali mu Rwanda.(#APRFC) Ikipe y’Ingabo  z’igihugu  APR FC iri gutegura  kugira icyo ikora (imenyesha CAF)…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester City  iri kurwana no kugumana Rodri utekerezwa na Real Madrid, Liverpool  igiye kubona umuzamu mushya

Kuri uyu  w’agatandatu  Joe Gomez  yavuye  mu bakinnyi  ba Liverpool   nyuma  y’uko  hari amakuru  ari kumwerekeza mu  makipe atandukanye arimo  Newcastle, Aston Villa, Fulham  ndetse  na  Chelsea . (Times – subscription required) Liverpool ntago iri gutekereza  kugurisha  Joe Gomez   nk’ibintu  byibanze  dore ko umutoza  wayo  mushya  Arne Slot   atekereza ko na we yahatanira umwanya  wo gukina  muri iyi kipe …

Read More

abarenga 25 baguye mu bitero bya Isiraheli kuri Gaza

Umuryango, w’abana batandatu, wishwe mu karere ka Gaza rwagati ,uyu muryango waburiye ubuzima mu bitero simusiga biheruka kugabwa na Isiraheli ku butaka bwa Palesitine. Ku cyumweru, Minisiteri y’ubuzima ya Gaza yavuze ko byibuze Abanyapalestine 25 bishwe mu masaha 24 ashize, ubuyobozi bw’ibitaro byabahowe bya Al-Aqsa byavuze ko ababyeyi n’abana babo batandatu biciwe i Deir el-Balah…

Read More

Belarus yashyize ingabo nyinshi ku mupaka wayo n’u Burusiya kubera ubwoba bwo kwaguka kw’intambara ya Ukraine n’u Burusiya

Perezida wa Belaruze, Alexander Lukashenko, avuga ko Kyiv yashyize abasirikare barenga 120 ,000 ku mupaka wayo mu gihe imirwano ikomeje muri iki gihe Ukraine yinjiye mu karere ka Kursk mu Burusiya. Ku cyumweru, Lukashenko, umufasha ukomeye wa Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yavuze ko leta ya Minsk yohereje hafi kimwe cya gatatu cy’ingabo zayo ku mupaka…

Read More

Abagera kuri miliyoni 68 bahuye n’amapfa muri Afurika yepfo

Abantu babarirwa muri za miriyoni bo muri Afurika y’Epfo bahuye n’ingaruka zatewe n’amapfa yatewe na El Nino ndetse umuryango w’akarere uratangaza ko hagabanuka umusaruro w’ibihingwa n’amatungo bigatuma habaho ibura ry’ibiribwa mu bihugu byinshi. Ku wa gatandatu, Elias Magosi, umunyamabanga nshingwabikorwa w’umuryango w’iterambere ry’Afurika yepfo (SADC), yatangaje ko 17% by’abatuye ako karere abaturage bagera kuri miliyoni…

Read More

Uburusiya bwemeje ko ibisasu by’Amerika aribyo biri guterwa n’ingabo za Ukraine muri iki gihugu

Uburusiya bwashinje Ukraine gukoresha roketi zishobora kuba zarakozwe muri Amerika -kugira ngo zibasire ikiraro gikomeye ku ruzi rwa Seym mu karere ka Kursk, gihitana abakorerabushake bagerageza kwimura abaturage. Ku wa gatanu, ingabo za Ukraine zagabye ikiraro mu karere ka Glushkovsky mu karere ka Kursk ubwo zateraga imbere zinjira mu ifasi mu burengerazuba bw’Uburusiya. Ku wa…

Read More

Dore iby’ingenzi wamenya mbere y’umukino wa Chelsea na Manchester City muri Premier League

Ikipe ya Manchester City iza kuba idafite Rodri iratangira urugendo rwayo rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere ihura na ekipe ya chelsea kuri iki cyumweru kuri sitade ya Stamford bridge. Uyu musore ufite imyaka 28 y’amavuko yagarutse mu myitozo nyuma yo kuvunika mu gice cya kabiri ubwo Espagne yatsindaga Ubwongereza ibitego 2-1 ku mukino wanyuma wa…

Read More

Nigeria : polisi yiyemeje gukora ibishoboka byose ngo igarure abanyeshuri baherutse gushimutwa

Abayobozi bavuga ko abapolisi n’inzego zishinzwe umutekano muri Nijeriya barimo gukora ibishoboka kugira ngo abanyeshuri 20 bigaga mu ishami ry’ubuvuzi bashimuswe mu burasirazuba bw’igihugu. Ku wa gatandatu nimugoroba, nibwo abanyeshuri b’ubuvuzi bari mu nzira berekeza mu ikoraniro ngarukamwaka ubwo bashimuswe muri Leta ya Benue. Ihuriro ry’abanyeshuri b’ubuvuzi n’amenyo Gatolika mu itangazo ryatangaje ko abanyeshuri bari…

Read More