daily

Today in history : taliki ya 22 /Kamena,Mu Bwongereza habaye intambara ya mbere yahuje amoko yabarizwaga muri iki gihugu naho Jomo Kenyatta, wabaye Perezida wa Kenya guhera mu 1964 aratabaruka

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: Uyu munsi ku cyumweru ,Tariki ya 22 Kanama 2024 ni umunsi wa 174 w’umwaka ubura iminsi 192 ngo urangire. 1642 : Mu Bwongereza habaye intambara ya mbere yahuje amoko yabarizwaga muri iki gihugu 1775 : George III, umwami w’u Bwongereza yatangaje ko intara za Amerika bari barigaruriye zatangiye…

Read More

Chelsea fc ku isoko ry’abakinnyi : ibya Samu Omorodion wa Atheltico Madrid na Michael Olise wa crystal palace berekeza muri iyi ikipe bigeze he ?

Ikipe ya Chelsea yo muri shampiyona y’ubwongereza nyuma yo kuzana umutoza mushya enzo Maresca nayo yamaze gutera amatako ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo muri iki ki, nibande iyi ikipe iri gushaka kungeramo ?… Umutoza Enzo Maresca arashaka abataka bagomba kuzafasha  umunya Senegal Nicolas Jackson,aho ibi byatumye iyi ikipe ikomanga mu ikipe ya Atletico Madrid…

Read More

TODAY IN HISTORY: Taliki ya 21/Kamena ,James Anderson Jr yahawe umudali w’ishimwe nk’umwirabura wa mbere wabaye umusurikare wa mbere wa Amerika mu mutwe w’abarwanira mu mazi naho Umwami Mohammed IV wa Maroc abona izuba

uyu munsi ku wa Kane ,Tariki 21/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 173 mu igize umwaka, hasigaye 193 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1878: Hashinzwe ishyirahamwe ry’abanyamategeko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rizwi ku izina rya American Bar Association. 1959: Perezida Dwight D. Eisenhower wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasinye…

Read More

Rayon sports yabagore binyuze mu bwumvikane yatandukanye n’abakinnyi umunani

Ikipe ya Rayon Sports y’Abagore yatandukanye n’abakinnyi 8 ,umutoza umwe ndetse n’umuganga. Iyi kipe yatwaye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere n’igikombe cy’Amahoro ku mwaka wa yo wa mbere, irashaka kwiyubaka birenze uko yari imeze umwaka ushize. Rayon Sports izahagararira u Rwanda mu mikino ya CECAFA izaba muri Kanama 2024 muri Ethiopia aho bazaba bashaka…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 18/kamena ,Inkiko Gacaca zasoje imirimo yazo mu Rwanda ndetse Amerika na Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyete byashyize umukono ku masezerano

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku wa kabiri ,Tariki 18/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 170 mu igize umwaka, hasigaye 196 ukagera ku musozo. Kiliziya gatolika irazirikana mutagatifu Amand w’i Bordeaux, Cyriaque na Léonce. 1429: Ingabo z’u Bufaransa ziyobowe na Joan of Arc zakubise inshuro iz’u Bwongereza zari ziyobowe na John Fastolf…

Read More

Ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza ikomeje kuza mu majwi ya abatari bake mu zihabwa amahirwe yo kwegukana EURO 2024

Ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza iri muzihabwa amahirwe yo kwegukana irushanwa rya Euro 2024 rizabera mu gihugu cy\’ubudage kuri uyu wa kane taliki 14/Kamena /2024 bashingiye kubudasa n\’ubuhanga bwa abakinnyi bayo n\’uko yagiye yitwara mu marushanwa yashize. Nyuma yaho iterwa rya penaliti ribujije ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza gutwara igikombe cy\’uburayi cyo muri 2021 nyuma gutsindwa n\’abataliyani kuri penaliti,…

Read More

World cup 2026 Qualifiers;Cameroun ibifashijwemo bikomeye na Onana yatsinze Cape verde

Ikipe y\’igihugu ya Cameroun ibifashijwemo n\’Andre anana baraye banyagiye ekipe y\’igihugu ya Cape Verde ibitego 4-1 mu mikino yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy\’isi cya 2026 amakipe y\’ibihugu y\’Africa akomeje guhatana ashakisha itike iyajyana mu mikino y\’igikombe cy\’isi 2026 kizabera muri America y\’epfo mu bihugu bya; Canada, Mexico na Leta zunze ubumwe za…

Read More

Uganda Cranes mu rugendo rwo gushakisha itike y\’igikombe cy\’ isi 2026.

Ikipe y\’igihugu ya Uganda \”Uganda Cranes\” itozwa n\’ umubiligi Paul Josep Put, mu myiteguro yo gushakisha itike y\’igikombe cy\’isi kizabera mu bihugu bitatu byo muri America y\’ epfo aribyo; canada, Mexico na USA. harabura iminsi ibiri iyi misambi ya Uganda igacakirana na ekipe y\’igihugu ya Botswana batazira Dipitse \”The Zebra\” itozwa n\’umutoza w\’umuFaransa Didier Gomez…

Read More

Papa Grégoire XII yaregujwe,General George Marshal, Robert Earl Hugues ni we wagaragaye nk’uwari ufite ibilo byinshi ku Isi…. uyu munsi taliki ya 5/Kamena mu mateka

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 5/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 157 mu igize umwaka, hasigaye 209 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu mwaka mu mateka: Tariki ya 5 Kamena buri mwaka, ni Umunsi Mpuzamahanga wo Kubungabunga Ibidukikije. 1305: I Pérouse, Bertrand de Got yatorewe kuba Papa ku izina Clément V. Ni we wimuriye icyicaro…

Read More

Ali Khamenei yatorewe kuba umuyobozi mukuru wa Repubulika y’igihugu cya Iran,Joseph Kabila Kabange na Angelina Jolie baravuka…taliki ya 4/kamena mu mateka

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 4 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 156 mu igize umwaka, hasigaye 210 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu mwaka mu mateka: 1794: Ingabo z’Abongereza zafashe ikirwa cya Port-au-Prince, mu gihugu cya Haiti. Mu 1812 Inteko Nshingamatego ya Leta Zunze Ubumwe z\’Amerika yemeje itegeko ryo gutangiza intambara ku Bwongereza….

Read More