RIB yafunze batatu bakekwaho kucucura rubanda akayabo babizeza kubashakira akazi

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha [RIB] rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo babiri n’umugore   bakurikiranyweho gushakira inyungu ku bandi hakoreshejwe uburiganya hamwe n’iyezandonke . Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Werurwe 2025 , nibwo RIB yemeje ko yafunze abarimo Mungaruriye Eric n’abafatanyacyaha be babiri ari bo Beneyo Jean Norbert na Iradukunda Aliane bakurikiranyweho gushakira inyungu ku…

Read More

Perezida wa Gasogi United KNC yakije umuriro ‘Malipangou ni umukinnyi wacu’

Perezida w’ikipe ya Gasogi United Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka “KNC” yatangaje ko Malipangou Christian Yawanendji uri kuvugwa cyane muri Rayon Sports akiri umukinnyi ugifite amasezerano muri Gosogi United. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Ugushyingo 2024, nibwo habyutse amakuru avuga ko uyu Munya-Central African Republic ashobora kwerekeza mu ikipe yambara…

Read More

Antonio Guterres yikomye ibihugu byinangiye gutanga umusanzu wabyo wo kugarura amahoro ku isi

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye [UN] , Bwana Antonio Guterres yatangaje ko ubutumwa bw’uyu muryango bwo kugarura amahoro hirya no hino ku isi buri guhura n’ikibazo cy’amikoro ahanini gituruka ku bihugu binyamuryango byinangira gutanga umusanzu wabyo ku gihe . Ubutumwa bwo kugarura amahoro bwa UN hirya no hino ku isi buri guhura n’ikibazo cyo kubura amafaranga…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal ifite ikizere cyo  kugumana William Saliba uri kwifuzwa na Real Madrid,Barcelona iri gutekereza kugura Leroy Sane!

Arsenal  ifite ikizere  ko Umufaransa  wa  yo  William Saliba, 23, azaguma  muri iyi kipe  ikinira  I Emirates nubwo  Real Madrid  iri kumwifuza  ndetse bamwe mu bakinnyi bakina muri iyi kipe batangiye kugaragariza urukundo uyu myugariro wa Arsenal y’umutoza  Mikel Arteta. (Express) Juventus  yamaze kwinjira  mu rugamba rwo gusinyisha Umwongereza wifuzwa n’amakipe menshi y’Iburayi  Dominic Calvert-Lewin,  akaba…

Read More

Dore iby’ingenzi wamenya ku tariki ya 12 / Gashyantare mu mateka

Tariki ya 11 Gashyantare ni umunsi wa 42 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 323 tukagana ku musozo w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka yo hirya no hino ku isi . 2002: Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho Yougoslavia (TPIY), rwatangiye urubanza rw’uwahoze ari Perezida wa Serbia, Slobodan Milošević, washinjwaga ibyaha by’intambara no kubangamira…

Read More

Ese ni iki kihishe inyuma yo guhura kwa Butera Knowless na Yago Pondat ?

Butera Knowless yashyize ahagaragara amashusho amwerekana yishimanye n’umuhanzi Nyarwaya innocent wamenyekanye nka Yago Pondat  ubwo bahuriraga mu gihugu cya Uganda uyu muhanzikazi ari kubarizwamo kuri ubu . Ni Butera Knowless, ugiye kongera gutaramira muri Uganda, yaherukaga gutaramiramo mu myaka irindwi ishize. Mu gitondo cyo ku wa kabiri tariki 10 Ukuboza 2024 nibwo uyu muhanzikazi nyarwanda…

Read More

Paper Talk[Europe]:Erik Ten Hag Aracyaganje ijabiro, Gahunda ya Julian Alvarez muri Manchester city! Arsenal,Liverpool,Real Madrid, FC Barcelona

Newcastle United yamaze gutanga agera kuri £16m  mu ikipe ya  Burnley kugirango babahe umuzamu wayo w’imyaka  21- wumwongereza James Trafford, ariko Clarets irifuza agera kuri £20m nyuma yokumanuka mu cyiciro cya kabiri. (Mail) Nyuma yokuvanwa mu ikipe y’igihugu ya bongereza izitabira imikino y’igikombe cy’Iburayi Jarrad Branthwaite, 21, biteganyijwe ko Manchester United igomba kurangiza gahunda yokumutwara mbere ya…

Read More

MINADEF yahakanye ibirego byo gufata abagore ku ngufu bishinjwa ingabo z’u Rwanda ziherereye muri Centrafrique

Ubuyobozi bwa minisiteri y’ingabo z’ u Rwanda bwahakanye ibirego bishinjwa ingabo z’u Rwanda ziherereye mu gihugu cya Centrafrique byerekeye gufata ku ngufu abana ba abakobwa ndetse n’abagore ndetse iyi minisiteri yongera kwibutsa ko ingabo z’u Rwanda zirangwa n’ikinyabupfura n’ubunyamwuga mu byo zikora byose . Ibi iyi minisiteri y’ingabo ibitangaje nyuma y’inkuru y’ikinyamakuru The New Humanitarian …

Read More

Muhanga: Musonera Germain wari ugiye kuba Umudepite yahakanye uruhare ashinjwa kugira muri jenoside

Germain Musonera, umwe mu bayoboke b’ishyaka FPR-Inkotanyi riri ku butegetsi mu Rwanda yahakanye uruhare aregwa muri jenocide asaba gukurikiranwa adafunze.Musonera wari ugiye kwinjira mu nteko Ishingamategeko nshya agafungwa habura umunsi umwe, yavuze ko kuba amaze y’imyaka 30 mu gihugu aho yahawe n’imirimo yo kurwe rwo hejuru bigaragaza ko nta cyo yishinjaga. Mu matora aheruka, Musonera…

Read More

Nyamagabe : Hizihijwe Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Umugore wo mu Cyaro

kuri uyu wa kabiri , U Rwanda rwifatanyije n’Isi mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Umugore wo mu Cyaro, ahazirikanwa ibikorwa inzego zitandukanye zikomeje gushyiraho mu guteza imbere abagore bo muri ibi bice . Ku rwego rw’u Rwanda abagore bo mu Karere ka Nyamagabe bamuritse ibikorwa bishingiye ku buhinzi bw’ibirayi, ibigori, imbuto n’imboga n’ingano ndetse no…

Read More