Handball : Polisi y’u Rwanda yatangiye yitwara neza mu irushanwa rya EAPCCO

Ikipe ya Police Handball club   yatsinze umukino wayo wa mbere wayihuje na General Service Unit ya Polisi ya Keny mu irushanwa rihuza amakipe yo mu bihugu bihuriye mu muryango w’ubufatanye uhuza Abayobozi bakuru ba Polisi mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO). Ni irushanwa  ryatangiye kuva ku itariki ya 27 Mata, rikaba ryaritabiriwe n’amakipe ya Polisi zo…

Read More

Chriss Eazy arashinjwa gushishura abanyekoreya y’epfo

Umuhanzi Rukundo christian, wamamaye nka Chriss Eazy, nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo “Sambolela”, yahindutse ingingo yo kuganirwaho hirya no hino Ku mbuga nkoranyambaga, aho bakomeje kumushinja gushishura tumwe mu duce tugize indirimbo “work” y’itsinda ry’abahanzi bo muri Koreya y’epfo. Uyu muhanzi usanzwe uzwiho igikundiro mu ngeri zose z’abanyarwanda, kubera umwihariko w’amaahusho y’indirimbo ze, kuri…

Read More

Muhire Kevin yatangaje icyatuma akinira APR FC mu buzima bwe!

Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, Muhire Kevin, yemeje ko Rayon Sports iramutse itemeye kumugumana , ikipe y’Ingabo z’Igihugu (APR FC) ikamwifuza yayerekezamo cyane ko icyangombwa ari imibereho y’umuntu(kwinjiza amafaranga). Ibi byose bikubiye mu kiganiro yaginye n’umunyamakuru Canisius Kagabo , aho yagarutse kuri byinshi harimo n’ibimaze iminsi bivugwa muri Rayon Sports bisa no kwitsindisha kwa bamwe…

Read More

Paper Talk[Europe]: Eddie Nketiah ibye muri Arsenal bikomeje kuyoberana, akagufa muri gahunda ya Martin Zubimendi muri Liverpool!

Liverpool  iracyari  kwiruka  kuri  Anthony Gordon  wa  Newcastle United nubwo iyo gahunda bayigerageje mu kwezi kwa kanama 2023 ariko bikanga , biteganyijwe ko igiciro cya   Anthony Gordon kigomba kuzamu ndetse binagoye ko Newcastle United yamure kura .(Liverpool Echo) Aston Villa  y’umutoza  Unai Emery  ikomeje gushaka uburyo  yasinyisha  Umunya-Portugal Joao Felix w’imyaka 24 wiyemeje  gusohoka…

Read More

Lamine Yamal yakoze ibyaherukaga gukorwa na Messi mu myaka 9

Umunya-Esipanye Lamine Yamal yatanze umupira wavuyemo igitego mu ijoro rya keye bituma yuzuza uwa gatandatu mu mikino 10 byaherukaga gukorwa na Lionnel Messi muri 2014-2015. Hari mu mukino w’umunsi wa 10 w’ashampiyona y’umupira w’amaguru muri Esipanye aho ikipe y’umutoza Hansi Flick[Barcelona] yari yakiriye ikipe ya Sevilla kuri Estadio Olimpico Lluis Companys. Ni umukino warangiye Barcelona…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal ifite ikizere cyo  kugumana William Saliba uri kwifuzwa na Real Madrid,Barcelona iri gutekereza kugura Leroy Sane!

Arsenal  ifite ikizere  ko Umufaransa  wa  yo  William Saliba, 23, azaguma  muri iyi kipe  ikinira  I Emirates nubwo  Real Madrid  iri kumwifuza  ndetse bamwe mu bakinnyi bakina muri iyi kipe batangiye kugaragariza urukundo uyu myugariro wa Arsenal y’umutoza  Mikel Arteta. (Express) Juventus  yamaze kwinjira  mu rugamba rwo gusinyisha Umwongereza wifuzwa n’amakipe menshi y’Iburayi  Dominic Calvert-Lewin,  akaba…

Read More

Ububiligi : Abanyekongo bakoze imyigaragambyo yo gusabira u Rwanda ibihano

Abanyekongo bakoreye imyigaragambyo imbere y’ibiro by’inteko inshinga amategeko y’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi biherereye mu gihugu cy’Ububiligi basaba uburayi gukoresha imbaraga zabwo mu guhatira u Rwanda kuvana ingabo zarwo muri DRC . Ku munsi wejo ku cyumweru tariki ya 2 Werurwe,nibwo abanyekongo basaga ibihumbi bakoreye urugendo rw’amahoro mu mujyi wa Buruseli mu gihugu cy’Ububigi mu mihanda ikikije…

Read More

Perezida Paul kagame w’u Rwanda yongeye kwegukana umudende w’ishimwe!

Ku wa kane tariki 24 ukwakira 2024, perezida wa repubulika y’u Rwanda Paul kagame yahawe igihembo cy’Umunyafurika wagaragaje ubushobozi n’impinduka ziteza imbere ubukungu nk’igihembo kigenerwa abayobozi mubya politiki n’ubucuruzi, all Africa business Leaders Awards (AABLA) Iki gihembo cyashyikirijwe ambasaderi Emmanuel Hategeka uhagarariye u Rwanda muri Afurika y’epfo, mwizina rya perezida kagame, aho abategura ibi bihembo…

Read More