Umwami w’Ubudage Henry IV yatsinze Ubwami bwa Saxony,Papa Clement wa VII,Umwamikazi Elizabeth II….uyu munsi mu mateka taliki ya 9/Kamena

uyu munsi ku cyumweru,Tariki 9/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 161 mu igize umwaka, hasigaye 205 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 641 Ingabo z\’Abarabu n\’Abisilamu zatsinze Abanyaroma muri Alegizandiriya, zigarurira Misiri. 721 Odo wa Aquitaine yatsinze ingabo z\’abayisilamu zari zikunzwe gutazirwa Umayyad ku rugamba rwa Toulouse. 1075 Intambara ya Langensalza:…

Read More

Bruno Fernandes yagize icyo atangaza ku bakomeje kwinubira imikinire ya Ruben Amorim

Kapiteni w’ikipe ya Manchester United, Bruno Fernandes,yavuze ko hari igihe bigorana kumva imikinire y’umutoza Ruben Amorim. Ku bitego 3-2, byatsinzwe ikipe ya Ipswich Town, ku wa Gatatu, ndetse byahise bihesha umutoza Ruben Amorim, intsinzi ya 11, kuva aje gutoza ikipe ya Manchester United. Gusa nubwo iyi ntsinzi yabonetse nta kizere gihambaye cyazamutse mu rwambariro rw’iyi…

Read More

impamvu zirenze imwe zatumye Haruna Niyonzima atandukana na Murera imburagihe! [inkuru icukumbuye ]

impamvu zirenze imwe zatumye Haruna Niyonzima atandukana na Murera imburagihe! Haruna Niyonzima yemeje ko yamaze gutandukana na Rayon Sports, nyuma y’igihe gito yari ayimazemo. amakuru ahari avuga ko hashize iminsi Niyonzima Haruna ahagaritse akazi muri Rayon Sports haba ku gukina imikino yari iteganyijwe n’imyitozo yayo mu bihe bitandukanye biturutse ku kuba atarigeze ahabwa amafaranga yaseseranyijwe. Haruna…

Read More

ubuyobozi bwa shampiyona y’u Rwanda bwongeye kwibutsa FERWAFA kugira icyo batangaza ku umubare w’abanyamahanga bagomba gukina Shampiyona

Ubuyobozi bwa shampiyona y’u Rwanda bwamaze kwandikira ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [Ferwafa] burimesha ko bagitegereje igisubizo ku mubare w’Abakinnyi b’abanyamahanga bazakina Shampiyona uyu mwaka. Perezida wa shampiyona y’u Rwanda [Rwanda Premier League] Bwana Hadji Yussuf MUDAHERANWA akaba na Perezida wa ekipe ya Gorilla_fc yandikiye umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] amubwira ko amakipe…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 3/Nyakanga,Ingabo za RPF Inkotanyi zafashe Kigali naho Louis XI, Umwami w’u Bufaransa abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatatu /Nyakanga ni umunsi w’185 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 181kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu mateka y’isi : 321: Umwami w’Abami Constantin Ier yemeje ko umunsi w’icyumweru ugirwa ikiruhuko cyemewe n’amategeko mu Bwami bwa Roma, byanakurikijwe mu Burayi bwose….

Read More

Manchester united ntiteganya gukora ibirori mu buryo budasanzwe igihe yatwara UEFA Europa league

Ikipe ya Manchester United yatangaje ko nta bidasanzwe izagaragaza yishima mu gihe igihe izaba imaze gutsinda ikipe ya Tottenham Hotspur ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya UEFA Europa league uteganyijwe mu cyumweru gitaha. Ibi bitangajwe nyuma yo kugira umwaka mubi w’imikino aho bishoboka cyane ko umwanya wa hafi iyi kipe iteganya gusorezaho ari uwa 13,…

Read More

Dushaka kubaho ariko ntitujya tumenyera ko kubaho gufite aho kugarukira : Perezida Kagame

Kuri uyu wa gatatu , mu ngoro y’inteko Ishinga Amategeko Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bunamiye ndetse baha icyubahiro Amb Col (Rtd) Dr Joseph Karemera uherutse kwitaba Imana . Mbere yo gutangira uyu umuhango wo guherekeza Amb Col (Rtd) Dr Joseph Karemera, abawitabiriye bafashe umwanya wo kumwibuka no kuzirikana ubutwari bwamuranze ataratabaruka. “Igihugu aho…

Read More

UBUSESENGUZI BWUJE IMIBARE : Arsenal yiteze byinshi kuri Viktor Gyökeres, bitari ugutsinda gusa

Nyuma y’umwaka w’imikino wa 2024-2025 aho Arsenal yagize ibihe byiza ariko ikaza kurangiza ku mwanya wa kabiri inyuma ya Liverpool, ikibazo cyabaye kimwe: kuba itarabonye ibitego bihagije. Mu gihe yinjije ibitego 69 gusa, Liverpool yatsinze 86 – itandukaniro ry’ibitego 17, ryari rihagije ngo ribe umwanzuro w’igikombe. Nyamara, si ugutsinda gusa kwari ikibazo. Arsenal ntiyabashije no…

Read More

UGANDA: igipolisi cyagose ibiro by’ishyaka rya Bobi Wine nyuma yo kurishinja gushaka guteza imyigaragambyo

Igipolisi cy’igihugu cya Uganda cyagose ibiro by’ishyaka rikuru ryemera ko ritavuga rumwe n’ubutegetsi biherereye mu mukuru i Kampala. Umuvugizi w’igipolisi avuga ko iki ari icyemezo cyafashwe mu rwego rwo gucungira hafi imyigaragmbyo yo kwamagana leta iteganijwe ejo ku wa kabiri. Robert Kyagulani, azwi kw’izina rya Bobi Wine ,Mu butumwa yacishije ku rubuga rwa X rwahoze…

Read More

Indonesia : Prabowo yarahiriye kuba perezida wa Indoneziya wa munani

Prabowo Subianto yasezeranyije kurwanya ruswa muri Indoneziya ubwo yarahiriraga kuba perezida w’igihugu cya kane gituwe cyane ku isi. Kuri iki cyumweru, ubwo yari yambaye ingofero y’umukara hamwe n’ikoti ryo mu bwoko bwa navy , nyakubahwa Prabowo w’imyaka 73 wahoze ari minisitiri w’ingabo w’iki gihugu yarahiye mu nteko ishinga amategeko ku cyumweru kugira ngo asimbure umuyobozi…

Read More