Cristiano Ronaldo yatangaje amagambo akomeye kuri Vinicius Junior ashobora no kumuteranya na Rodri

Kizigenza Cristiano Ronaldo yavuze ko bitari bikwiye ko Rodrigo Cascante ahabwa umupira wa zahabu mu gihe yari ahanganye na Vinicius Junior wamurushaga byinshi. Rodrigo Cascante ukomoka mu gihugu cya Esipanye niwe uherutse guhabwa igihembo cy’umupira wa zahabu. Ni ibirori byasize impagarara n’urunturuntu mu mitima y’abakunzi b’umupira w’amaguru kuko abenshi bahaga amahirwe menshi Vinicius Junior usanzwe…

Read More

Abakristu Gatolika batambagije Isakaramentu ritagatifu banashengerera Yezu kristu wazutse, Ese iri sakaramentu rivuze iki kuribo ?

Kuri iki Cyumweru cya cyenda gisanzwe ku ngengabihe ya Kiliziya Gatolika, abakrisitu hirya no hino mu ma paruwasi atandukanye baramukiye mu muhango wo gutambagiza isakaramentu ritagatifu. Uyu ni umwe mu minsi ikomeye muri kiliziya gatolika kuko ni umwe muyibukwa ikanazirikanwaho nk\’ugucungurwa kwa muntu n\’isezerano Umwami Yezu kristu yagiranye na bene muntu abaha umugati na Divayi…

Read More

Halland yongereye amaserano y’imyaka icyenda n’igice muri Man city

Mu kanya gashize , ikipe ya Manchester city imaze gutangaza ku mugaragaro ko yongereye rutahizamu wayo witwa Erling Braut Halland amasezerano y’imyaka icyenda n’igice azamugeza mu mwaka wa 2034 muri ikipe ndetse akaba ari nayo maserano y’igihe kinini abayeho mu mateka y’isi y’umupira w’amaguru . Muri aya masezerano y’uyu munya- Noruveje biteganijwe ko ku cyumweru…

Read More

Abungiriza ba Ruben Amorim bamenyekanye

Ikipe ya Manchester United yamaze gutangaza ko abatoza batanu bazakorana na Ruben Amorim bamaze kuhagera. Uyu mugabo wahoze mu ikipe ya Sporting CP yahamagaje benshi mu bamufashije gutwara Primeira Liga ebyiri mu gihe cya Portugal mu mwaka wa 2020-2021 ndetse na 2023-2024. Mu itangazo iyi kipe yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo yemeje ko Carlos Fernandes…

Read More

Menya byinshi byaranze ikiganiro mpaka cyahuje Donald Trump na Kamala Harris

Abakandida prezida Kamala Harris w’Umudemokrate na Donald Trump w’Umurepubulikani bahuriye mu kiganiro mpaka aho buri wese yagerageje kugaragariza abanyamerika icyo bazabakorera baramutse batowe. Impaka z’aba bakandida-perezida mu kiganiro cyabo cya mbere zibanze ku ngingo z’ubukungu, uburenganzira bwo gukuramo inda ibijyanye n’abimukira bambuka umupaka na Megisike binjira muri Amerika n’ububanyi n’amahanga. Ni ku nshuro ya mbere…

Read More

Dr. Bizimana yerekanye ubugome ndengakamere bwa Gatete Jean Baptiste wari Burugumesitiri wa Komini Murambi

Minisitiri Dr Bizimana yagarutse ku bugome bwaranze Gatete Jean Baptiste wari Burugumesitiri wa Komini Murambi, wayoboye ubwicanyi bw’indengakamere bwakorewe Abatutsi muri Segiteri Rwankuba mu 1991. Ibi yabitangaje  kuri uyu wa Gatanu, ubwo yari yifatanyije n’abaturage b’i Gatsibo mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kiziguro mu yahoze ari Komini Murambi. Dr….

Read More

Nyuma y’imyaka ibiri, ikipe ya Leeds united yagarutse mu kiciro cya mbere

Ikipe ya Leeds united yagarutse mu kiciro cya mbere cya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza, nyuma y’imyaka ibiri yari ishize imanutse mu kiciro cya kabiri. Nyuma yo gutsindwa ku ikipe ya Sheffield united na Burnley ibitego 2 ku busa, byaje bisanga intsinzi y’ibitego 6-0 ikipe ya Leeds united yakoreye kuri Stoke city, byahise bishimangira ko…

Read More

Batatu ni bo bonyine bemerewe byagateganyo kwiyamamaza ku mwanya wa perezida

Kuri uyu wa kane komisiyo y\’igihugu y\’amatora [NEC] yatangaje urutonde rwa agateganyo rwa abakandida bemerewe kwiyamamariza amatora yo ku mwanya w\’umukuru w\’igihugu ndetse n\’aya abadepite ateganijwe kuba hagati ya taliki 14-16/nyakanga /2024. Komiseri mukuru wa Komisiyo y\’igihugu y\’amatora Hon. Oda Gasinzigwa yatangaje ko abakandinda batatu bonyine aribo bujuje ibisabwa aribo: Kurundi ruhande ,uyu muyobozi yanakomeje…

Read More

RBC yemeje ko imibare y’abandura Mpox iri kwiyongera mu buryo budasanzwe

Imibare y’Abandura Mpox Iri Kwiyongera mu Rwanda, RBC Irakangurira Abantu Kwitwararika Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko imibare y’abandura indwara y’ubushita bw’inkende (Mpox) iri kwiyongera mu Rwanda.  Mu kiganiro yagiranye n’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru ku wa Kabiri tariki 10 Ukuboza 2024, Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya Ibyorezo muri RBC, Dr. Edson Rwagasore, yavuze ko abandura iyi ndwara…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Police FC yatsinzwe n’Ikipe idafite umutoza, CAF yandikiye amashyirahamwe arigize ubutumwa bukakaye!

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru k’umugabane w’Africa  “CAF” yandikiye  amashyirahamwe yose ubutumwa  bukakaye bayibutsa ibihano bikakaye ku bantu bazagaragarwaho ni ibyaha byo kwijandika mu byaha byo gutega mu mikino y’amahirwe, ivuga ko ibihano bizagera ku myaka itatu ku bakinnyi , abatoza ndetse  n’abasifuzi bazabifatirwamo batagaragara mu bikorwa ibyari byo byose by’umupira w’amaguru.(#MickyJr) Umunya -Cote d’Ivoire  Michael Kouablan…

Read More