Pitchou yatangiye imyitozo n’abandi bakinnyi badafite amakipe b’abanyarwanda [amashusho]

Pitchou yatangiye imyitozo n’abandi bakinnyi badafite amakipe b’abanyarwanda ninyuma y’uko uyu musore atandukanye na ekipe ya APR fc k’ubwumvikane. Umukinnyi ukinira ikipe y’igihugu y’u Burundi izwi nk’INTAMBA mu RUGAMBA witwa Ismail NSHIMIYIMANA “Pitchou” wamaze gusaba APR FC gutandukana nayo, n’ikipe ikabimwemerera, yatangiye imyitozo n’abandi bakinnyi badafite amakipe b’abanyarwanda. Ikipe ya APR FC yasinyishije Ismael ‘Pitchou’…

Read More

Mukura  VS yaryohewe n’isoko rya Ghana ubu noneho igiye kugurayo rutahizamu warushijwe na Mbaoama igitego cyimwe!

Ikipe ya Mukura VS biravugwa ko yamaze kumvikana na rutahizamu w’umunya-Ghana Agyenim Boateng Mensah  ugomba gusinya imyaka ibiri muri iy’ikipe yambara umuhondo n’umukara . Ikipe ya Mukura VS ni imwe mu zikomeye zibarizwa mu ntara , ni imwe kandi mu makipe akomeje kwiyubaka bidasanzwe yitegura umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 ibinyujije mu gusinyisha abakinnyi bakomeye…

Read More

Abofisiye biga mu Ishuri rikuru rya Polisi bari mu rugendoshuri mu Misiri

Ba ofisiye bakuru biga mu Ishuri rikuru rya Polisi (NPC) mu Karere ka Musanze, batangiye urugendoshuri mu gihugu cya Misiri  rugamije kubafasha guhuza amasomo biga n’ibikorerwa mu kazi, aho basura hatandukanye.. Ni urugendoshuri rwitabiriwe n’abagera kuri 35 bakomoka mu bihugu 9 bitandukanye by’Afurika harimo n’u Rwanda, bakurikirana amasomo y’icyiciro cya 13, amara umwaka atangirwa mu…

Read More

Dore urutonde rw’Abakinnyi umwe kuri umwe Rayon izakoresha muri 2024-2025 haba mu bagore na bagabo

Kuri uyu wa gatandatu Rayon Sports yerekanye abakinnyi izakoresha mu mwaka utaha w’imikino haba mu bagabo ndetse no mu bagore umuhango wabereye kuri Kigali Pele Stadium mu kiswe umunsi w’igikundiro “Rayon Day”. Urutonde rw’Abakinnyi   Rayon Sports izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2024-25 Abazamu: Ndikuriyo Patient, Khadime Ndiaye. Bamyugariro: Serumogo Ali, Bugingo Hakim, Nsabimana Aimable, Ishimwe…

Read More

EURO 2024: myugariro wa Turkey ,Merih Demiral yamaze guhagarikwa imikino ibiri adakina

Mu kanya gashize impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’iburayi [UEFA] yamaze guhagarika myugariro Merih Demiral w’ikipe y’igihugu ya Turkey nyuma y’uko ashinzwa kuzana politike mu bikorwa bya siporo. Uyu myugariro Merih Demiral yahagaritswe imikino ibiri, ituma atazagaragara muri kimwe cya kane kirangiza hamwe na ekipe y’igihugu ya Turukiya muri Euro 2024 ndetse na kimwe cya…

Read More

Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya ba RIB

Inama y’Abaminisitiri yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Col Pacifique Kayigamba Kabanda wagizwe Umunyamanaganga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) wasimbuye Col (Rtd) Ruhunga Jeannot wari umaze imyaka irindwi kuri izi nshingano. Col Pacifique Kayigamba Kabanda asimbuye Col Rtd Ruhunga Kibezi Jeannot yari umaze kuri uwo mwanya imyaka irindwi. Muri Gicurasi Umwaka ushizwe nibwo Perezida wa Repubulika ,…

Read More

Dore ibyo Amb . Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we w’ Amerika ku kibazo cy’umutekano muri DRC

Ku mugoroba wo ku munsi wejo ku wa gatatu , tariki ya 12 Gashyantare , Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane , Amb. Nduhungirehe Olivier yagiranye ikiganiro cyo kuri telefone na Troy Fitrell usanzwe ari umunyamabanga wa leta zunze ubumwe z’Amerika wungirije w’agateganyo ushinzwe ibibazo byo muri Afurika . Ibi ni ibiganiro byibanze ku ngingo zitandukanye zirimo…

Read More

Umukinnyi uje kumvikana na Rayon Sports yamaze kugera I Kigali mu Rwanda

Myugariro ukomoka mu gihugu cy’burundi agakina ibumoso(Left-Back) , Prince Michel Musore, yamaze kugera I Kigali aho aje kurangizanya n’ikipe ya Rayon Sports kugirango azayikinire umwaka utaha w’imikino. Umwaka wa 2024-2025, wa Shampiyona wasoje bisa nk’aho Rayon Sports nta mukinnyi ukina ibumoso yugarira ifite cyane ko Bugingo Hakim wabonaga urwego rwe ruri hasi ndetse imikino myinshi…

Read More