Paper Talk[Europe]: Lamine Yamal ashobra kuba umukinnyi wa gurwa amafaranga menshi ku isi, Chelsea ishobora gutanga abakinnyi bane ishaka umwe !
Manchester United yamaze gufungura ibiganiro n’umusore w’imyaka 24 wu munya Netherland Matthijs de Ligt, akina nka myugariro (centre-back ) w’iteguye kuba yava no muri iy’kipe ya Bayern Munich muri iy’impeshyi . (Sky Sport Germany) Paris St-Germain y’iteguye kwishyura amafaranga yaba atanzwe kunshuro yambere ku rwego rw’isi rw’umupira wa maguru mu kipe ya FC Barcelona ku musore wabo…