Ines Mpambara yahawe igihembo cy’Umuyobozi mwiza muri za Guverinoma

Ines Mpambara usanzwe ari Minisitiri mu Biro bya Minisitiri w’Intebe yahawe igihembo cy’Umuyobozi mwiza muri za Guverinoma (Best Distinguished Government Official) akaba yaragiherwe muri Leta Zunze Ubumwe za Abarabu. Nyuma y’uko yari yashyizwe mu bagihataniraga hagendewe ku bunararibonye mu gusangizanya ibitekerezo kuri gahunda za Guverinoma.Ines Mpambara yagenewe iki gihembo mu gihe harimo haba Ihuriro rizwi…

Read More

Amakuru mashya : abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende bamaze kugaragara ku ubutaka bw’ u Rwanda

Mu Rwanda hamaze kugaragara abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Monkeypox) imaze iminsi ivugwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Byatangajwe na Dr.Rwagasore ushinzwe kurwanya ibyorezo mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, yabwiye RBA ko nubwo atari indwara ifite ubukana bukabije ariko abantu bagomba kuyirinda bakaraba intoki kenshi no kutajya ahari abayanduye cyangwa kubonana na bo….

Read More

Mushikiwabo yashimiye ibihugu bigize OIF uruhare bigira mu iterambere ry’umugore

Ku munsi wa kabiri w’Inama ya 19 y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bihuriye mu Muryango wa Francophonie, abakuru b’ibihugu bayitabiriye bahuriye muri Le Grand Palais mu Bufaransa . Aba bakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bari kuganira ku nsanganyamatsiko yayo iganisha ku guhanga udushya no gutangira imishinga hifashishijwe Igifaransa. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa, OIF,…

Read More

TO DAY IN SPORTS HISTORY 05/02/2025: Byiringiro Lague na Ishimwe Anicet bongereye amasezerano muri APR FC,Cristiano Ronaldo aravuka

Tariki ya 5 Gashyantare ni umunsi wa 36 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 329 tukagana ku musozo w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka ya Siporo . 2011: Ikipe ya Newcastle United yanganyije  n’ikipe  ya Arsenal ibitego bine kuri bine(4-4),  icyo gihe Arsenal yabanje ibitego bine mu gice cya mbere  ikipe…

Read More

Abahagarariye u Rwanda mu Igikombe cy’Isi gihuza amakipe y’abato abarizwa mu marerero ya Bayern Munich bageze mu Budage

Impano icumi zavuye muri academy ya Bayern Munich yo mu Rwanda zageze i Munich amahoro aho zigiye gukina imikino yanyuma y’igikombe cy’ama-academy ya FC Bayern 2024, izatangira ku ya 15 Ukwakira . Amakuru ahamya ibyo kugerayo k’uru rubyiruko yahamijwe na Minisiteri ya siporo ibicishije ku urukuta rwayo rwa X yahoze ari tweeter yavuze ko impano…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY :igikombe cy’isi cyabaye ku nshuro yacyo ya mbere naho Ariel Silvio Zárate abona izuba

Ku ya 13 Nyakanga 1930, Ubufaransa bwatsinze Mexico ibitego 4-1 naho Amerika itsinze Ububiligi ibitego 3-0 mu mikino ya mbere y’igikombe cyisi, yakinnye icyarimwe i Montevideo, muri Uruguay. Umukino w’Ubufaransa na Mexico wakinwe kuri Estadio Pocitos imbere y’imbaga y’abantu bagera ku 3.000, mu gihe abantu bagera ku 15,000 bareba Amerika n’Ububiligi kuri Estadio Parque Central….

Read More

Riad Salameh wahoze ayobora banki nkuru ya Libani yatawe muri yombi

Nk’uko ibitangazamakuru byo muri Libani bibitangaza ngo Riad Salameh wahoze ari guverineri wa banki nkuru ya Libani, yatawe muri yombi nyuma yo kuburanishwa mu ngoro y’ubucamanza yo muri iki gihugu agahamwa n’icyaha cyo kunyereza amafaranga ya Leta. Ikigo cya Leta gishinzwe amakuru (NNA) cyatangaje ko umucamanza Jamal al-Hajjar uri mu mwanya w’ubushinjacyaha, yafunze Salameh w’imyaka…

Read More

Musanze : Ba Offisiye bagera kuri 45 bashyize akadomo ku mahugurwa ku mikorere ya kinyamwuga n’ubuyobozi

Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda (NPC) riherereye mu Karere ka Musanze, ryasoje amahugurwa y’abapolisi ku rwego rwa ba ofisiye bato, agamije kongerera ubumenyi mu bijyanye n’imikorere ya kinyamwuga no kuyobora. Aya mahugurwa y’abagera kuri 45, yitabiriwe n’abapolisi bo mu bihugu bitandukanye, barimo 15 bakomoka muri Sudani y’Epfo, 21 bo muri Polisi y’u Rwanda, n’abahagarariye…

Read More

Perezida Kagame yashimiwe na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu k’ubwo gutsinda amatora

Perezida Paul Kagame yahamagawe na Sheikh Mohamed bin Zayed Al Nahyan usanzwe ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu amushimira ku ntsinzi yo kongera kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere aherutse kubona. Perezida Kagame yashimiye Perezida w’Ibihugu Byunze Ubumwe by’Abarabu, Mohammed bin Zayed Al Nahyan, inshuti ye akaba n’umuvandimwe, wamuhamagaye amwifuriza ishya n’ihirwe…

Read More

Tshisekedi yahaye imbabazi imfungwa eshatu zitavugaga rumwe n’ubutegetsi bwe

Ku munsi wejo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Felix Tshisekedi yahaye imbabazi abanyepolitiki batatu batavugaga rumwe n’ubutegetsi bwe bari bafungiye muri gereza nkuru y’iki gihugu ya Makala . Aba banyapolitiki barekuwe barimo Seth Kikuni , Mike Mukebayi ndetse na Denise Mukendi bari baratawe muri yombi bakurikiranyweho ibyaha birimo kwangisha ubuyobozi buriho abaturage ndetse…

Read More