Paper Talk[Europe]: Lamine Yamal  ashobra kuba umukinnyi wa gurwa amafaranga menshi ku isi, Chelsea ishobora gutanga abakinnyi bane ishaka umwe !

Manchester United yamaze gufungura ibiganiro n’umusore  w’imyaka 24  wu munya Netherland Matthijs de Ligt,  akina nka myugariro (centre-back )  w’iteguye kuba yava no muri iy’kipe ya Bayern Munich muri iy’impeshyi  . (Sky Sport Germany) Paris St-Germain  y’iteguye kwishyura  amafaranga yaba atanzwe kunshuro yambere ku rwego rw’isi rw’umupira wa maguru mu kipe ya FC Barcelona ku musore wabo…

Read More

Libya : Abayobozi bafunzwe bazira kugira uruhare mu myuzure yishe abatari bake!

Abayobozi 12 ba Libiya bakatiwe igifungo kiri hagati y’imyaka icyenda na makumyabiri n’irindwi kubera uruhare bagize mu isenyuka ry’urugomero rw’amashanyarazi rwahitanye abantu barenga 4000 muri mu kwezi kwa Nzeri mu mwaka ushize. abayobozi bakatiwe ibi bihano bari bashinzwe gucunga umutungo w’amazi no kubungabunga ingomero , ibiro ntaramakuru by’abongereza bitangaza ko aba bakurikiranyweho ibyaha birimo uburangare,…

Read More

Uwari umukinnyi wa Manchester United arataka ubujura!

Uwahoze ari umukinnyi wa Manchester United, Demetri Mitchell, yasabye ubufasha nyuma y’uko imodoka ye nshya ya BMW yuzuye ibintu by’agaciro yibwe mu ijoro ubwo yimuriraga ibintu bye mu rugo rushya. Uyu mukinnyi w’imyaka 28 yari avuye i Manchester ajyana ibintu bye i Essex nyuma yo kwerekeza muri Leyton Orient mu isomo ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ry’iyi…

Read More

Tariki ya 10 / Ukuboza mu mateka : Nibwo Mississippi yabaye Leta ya 20 mu zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika

DAILY BOX Uyu munsi ku wa kabiri ,Turi ku tariki 10 Ukuboza 2024, umunsi wa 345 w’umwaka, ni iminsi 21 isigaye uyu mwaka ugasozwa . Bimwe mu by’ingenzi byabaye kuwa 10 Ukuboza 1817 : Nibwo Mississippi yabaye Leta ya 20 mu zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika 1869 : Abagore bemerewe bwa mbre uburenganzira bwo…

Read More

Arsenal iri mu biganiro na Luis Campos wa PSG nk’umusimbura wa Edu Gaspard uherutse gusezera muri iyi ikipe !

Ikipe ya Arsenal iri kwifuza bikomeye Umunya- Portigale witwa Luís Campos usanzwe ari umuyobozi wa siporo mu ikipe ya Paris Saint Germain kugirango aze gusimbura umunya – Brazil Eduard Gaspard wamaze gutangaza ko agiye gukomereza izi nshingano muri sosiyete rutura isanzwe ifite amakipe y’umupira w’amaguru menshi hirya no hino harimo ku isi harimp n’ikipe na…

Read More

Patrick Muyaya yatangaje ingingo ziri kuganirwaho i Luanda hagati y’u Rwanda na DR.Congo

Patrick Muyaya usanzwe ari minisitiri w’itumanaho wa DR Congo yatangaje ingingo ebyiri igihugu cye n’u Rwanda birimo kuganiraho mu biganiro by’i Luanda muri Angola bigamije gushaka amahoro mu burasiraziba bwa DR Congo. Ku wa mbere nijoro, mu kiganiro n’ikinyamakuru France 24, Patrick Muyaya yavuze ko mu biganiro bya Luanda “byongeye gutangira”, “habayeho inama z’abaminisitiri, [kandi]…

Read More

DRC : Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi yarezwe gufatanya na M23 kwica abasivili

Guverinoma ya Repubilika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko ikomeje inzira zisabwa zigamije gukurikirana mu nkinko abayobozi babiri batavuga n’ubutegetsi buriho bakekwaho gufatanya n’umutwe wa M23 mu bikorwa by’ubwicanyi byabaye mu ntara ya Kivu zombi . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku munsi wejo ku wa gatandatu Minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba yategetse umushinjacyaha mukuru wa FARDC…

Read More

Premier League vs Manchester City: Manchester City iratangira kwiregura ku Ibirego 115 ishinjwa

Byategereje igihe kirekire, ariko iburanisha ryigenga ryerekeye Manchester City ku birego 115 bivugwa ko yarenze ku mategeko y’imari ya Premier League riratangira. Mu ibitangazamakuru byo mu Bwongereza bivuga ko ari “igeragezwa rya siporo yo mu kinyejana”, komisiyo y’abantu batatu baratangira kuri uyu wa mbere kugira ngo ishakishe ibimenyetso bifatika mu gihe cy’ibyumweru 10 biteganijwe ko…

Read More