Papa John XXIII ni bwo yitabye Imana,umunyamerika wa mbere yagiye mu isanzure…,uyu munsi taliki ya 3/Kamena mu mateka

uyu munsi kuwa mbere ,Tariki 3 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 155 mu igize umwaka, hasigaye 211 ukagera ku musozo. Ku isi yose hari ibintu bitandukanye byabaye ku munsi nk’uyu haba ku bantu babaye ibyamamare no ku bihugu. Hari kuwa 03 Kamena 1940 u Budage bwateye igisasu mu bufaransa mu mujyi wa Paris gihitana…

Read More

Paper Talk: Erling Haaland Kuba muri city! ibyo Hansi Flick atekereza kuri Joao Felix,Paris St-Germain kuri NapoliKhvicha Kvaratskhelia

Manchester City ntakindi kintu irigutekereza usibye kongerera amasezerano umunya  Norway Erling Haaland, 23, nyuma y’uko Real Madrid ya muvugwagaho ya maze kugura  Kylian Mbappé byo ngerera amahirwe  Manchester city ko ya mugumisha  Etihad. (#Mirror) Arsenal  ya tangiye gukusanya amakuru ku musore wa FC Barcelona w’Imyaka,19, Mikayil Faye myugariro ukomoka mu gihugu cya  Senegal, Mikel Arteta ari gutekereza…

Read More

U Rwanda na Singapore mu mikoranire mishya yo kwagura ikoranabuhanga mu bihugu byombi

U Rwanda na Singapore byatangaje imikoranire mu mushinga wo gutunganya inyandiko ikubiyemo amabwiriza agenga imikoreshereze y’ubwenge bw’ubukorano bizwo nka artificial intelligence. Byatangajwe ku wa Kane mu Nama y’Abaminisitiri baturuka mu bihugu bigize Ihururiro ry’Ibihugu bito mu buso (Small States Forum).Minisitiri w’Itunamaho n’Ihanahanamakuru muri Singapore, Josephine Teo, yavuze ko ubu bufatanye ari ikimenyetso cy’uburyo, binyuze mu…

Read More

Abakristu Gatolika batambagije Isakaramentu ritagatifu banashengerera Yezu kristu wazutse, Ese iri sakaramentu rivuze iki kuribo ?

Kuri iki Cyumweru cya cyenda gisanzwe ku ngengabihe ya Kiliziya Gatolika, abakrisitu hirya no hino mu ma paruwasi atandukanye baramukiye mu muhango wo gutambagiza isakaramentu ritagatifu. Uyu ni umwe mu minsi ikomeye muri kiliziya gatolika kuko ni umwe muyibukwa ikanazirikanwaho nk\’ugucungurwa kwa muntu n\’isezerano Umwami Yezu kristu yagiranye na bene muntu abaha umugati na Divayi…

Read More

Perezida Kagame yagiriye uruzinduko i Seoul muri Koreya yepfo

Iyi nama iteganijwe kuba hagati ya tariki 4-5, Kamena , 2024  aho izahuza abakuru bibihugu bya Afurika naza guverinoma nabahagarariye imiryango mpuzamahanga. iyi nama izayoborwa n\’umukuru w\’igihugu cya Korea y\’epfo Nyakubahwa Yoon Suk Yeol na Mohamed El Ghazouanui wa Mauritania Ari nawe ubu uyoboye umuryango wa Afurika yunze ubumwe,bikaba bitegenijwe ko bazaganira kuhazaza heza hahuriweho…

Read More

Jose Mourinho yageze bwa mbere muri premier legue,Frank Lampard nawe arasezera muri chelsea,Liverpool…iyi taliki ya 2/kamena mu mateka mu isi ya siporo

Iby\’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo: 1869 ikipe ya Cleveland Forest City yakinnye umukino wabo wa 1 wa baseball, aho bahuraga na Cincinnati Red Stockings. 1996: Tennis ,Annika Sorenstam yatsindiye ku nshuro ye ya kabiri yikurikiranya US open . 2004 ,jose Mourinho yasinyiye ekipe ya Chelsea nk\’umutoza mukuru wayo. 2007: Daniel…

Read More

Elizabeth II yarimitswe,Repubulika y\’ubutaliyani yarashinzwe,Pope John Paul II …. byinshi byaranze iyi taliki ya 2/Kamena mu mateka

Tariki 2 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 154 mu igize umwaka, hasigaye 212 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi: 1946: Havutse Repubulika y’u Butaliyani, muri kamarampaka yabaye abaturage b’iki gihugu bahisemo ko igihugu cyabo kiva mu Ngoma ya Cyami kigahinduka repubulika, nyuma y’itorwa ry’iyi mpinduka Umwami Umberto II di Savoia wayoboraga iki…

Read More

Niki kihishe inyuma y\’umushinga wa Israel w\’agahenge mu ntambara hagati yayo n\’abarwanyi ba Hamasi?

Mu ijoro ryakeye ,Leta ya Israel yatangaje umushinga mushya wo gutanga agahenge mu ntambara yayo n\’umutwe wa Hamasi byateye abasanzwe bayikurikiranira hafi kugira icyo babitangazaho. Israel yatangaje umushinga mushya w\’agahenge ukubiyemo ibice bitatu by\’ingenzi birimo gukura ingabo zayo mu duce dutuwe twa Gaza , gufungura infungwa z\’intambara ndetse no kureka imodoka zitambutsa ibiribwa n\’ibindi bigoboka…

Read More

Paper Talk:Karim Benzema yaje gusura ku ivuko,BAL 2024 yashyizweho akadomo! abatoza muri Africa bakomeje kwirukanwa

Petro de Luanda yo muri Angola yegukanye BAL 2024 itsinze Al Ahly Benghazi amanota 107-94, mu mukino warebwe na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, mu gihe Rivers Hoopers ya twaye umwanya wa gatatu muri BAL 2024.(#BAL 2024) Karim Mostafa Benzema,36 ya geze iya Béjaïa muri Algeria aho aba byeyi be bakomoka  kuri uyu wa…

Read More