TODAY IN SPORTS HISTORY : Rayon Sports yamenye ko izahura na Enyimba yo muri Nigeria muri 1/4 cya muri Total CAF Confederation Cup

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo : 2017 Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yasezereye Tanzania mu gushaka itike ya CHAN 2018, kubera agaciro k’igitego cyo hanze. Ni nyuma yo kunganya umukino ubanza n’uwo kwishyura. Amavubi yagiye mu kiciro gikurikiraho yahuye na Uganda yari idafite umutoza wayo Milutin Sredojevic “Micho” wari weguye…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 25/kanama, Papa Cornelius yishwe aciwe umutwe, yiciwe ahitwa Centumcellae naho umukinnyi wa amafilime w’umuhindekazi Karisma Kapoor abona izuba

Uyu munsi ku wa kabiri,Taliki ya 25/Kanama 2024 ni umunsi wa 177 w’umwaka ubura iminsi 189 ngo urangire. Reka turebere hamwe ibyaranze uyu munsi mu mateka y’isi muri rusange : 253: Papa Cornelius yishwe aciwe umutwe, yiciwe ahitwa Centumcellae. 1678: Venetian Elena Cornaro Piscopia, ukomoka muri Repubulika ya Venice ubu ni mu gihugu cy’u Butaliyani…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: umutoza w’ubufaransa Didier Deschamps yaciye agahigo naho Alberto Michelotti abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1928 22 Tour de France: umunya- Luxembourg Nicolas Frantz wakiniraga ekipe ya Alcyon  yambaye umwenda w’umuhondo kuva ku gace ka mbere kugeza iri rushanwa risoje . 1970 Danemark yatsinze Ubutaliyani ibitego 2-0 muri shampiyona y’isi yumupira wamaguru wabagore. 1991 Sandhi Ortiz-DelValle numugore wa mbere…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester City iri gusaba  Pep Guardiola kuvuga niba azaguma muri iyi kipe, Chelsea igiye kurekura umukinni wayo mwiza!

Abahagarariye  ikipe ya  Brentford  na  Ivan Toney  bari mu biganiro  n’ikipe yo muri   Saudi Pro League  ya    Al-Ahli  kugirango uyu musore w’umwongereza w’imyaka  28 yerekezeyo  . (Teamtalk) Manchester United  yavuzwe cyane   kuri Ivan Toney   ntago ikiri muri gahunda yo gutwa  uyu Mwongereza  dore ko yamaze kugura undi rutahizamu  bavanye muri Bologna mu gihugu cy’Ubutaliyani  Joshua Zirkzee…

Read More

Dore iby’ingenzi wamenya ibi bizamini bya Leta bigiye gutangira ku munsi w’ejo

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini bya leta n’igenzura mu mashuri cyimaze gutangaza ku mugaragaro ko ibizamini bya leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye ,imyuga n’ubumenyingiro, inderabarezi ndetse n’ibisoza amashuri y’isumbuye bizatangira ku mugaragaro ku munsi wejo .menya byinshi wibaza kuri ibizamini bya leta. Minisiteri y’uburezi ibicishije mu kigo cyiyishamikiyeho gishinzwe itegurwa ry’ibizamini bya leta ndetse n’igenzura…

Read More

Abatwara abagenzi n’abanyeshuri batabifitiye uburenganzira  akabo kagiye gushoboka : Polisi y’u Rwanda

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye gushyira mu bikorwa ingamba zikarishye zigamije guhashya abatwara abagenzi mu buryo bwa rusange n’abanyeshuri batabifitiye impushya, ndetse no muri urwo rwego hakaba hafashwe imodoka 45. Ubuyobozi bw’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda bwemeje ko mu cyumweru gishize aribwo iki gikorwa cyo gufata imodoka zose zifashishwa…

Read More

Paper Talk [Rwanda&Africa]: KNC yatangaje ko azatsinda APR FC ibitego 2-1,Morocco yahawe no kwakira AFCON y’abagore

Minisitiri wa siporo mu gihugu cya Senegal Khadi Diene Gaye  yatangaje ko iki gihugu  kititeguye kwakira igikomba cya Africa cya 2029, kubera ko ntabikorwa remezo ikigihugu gifite byabafasha kwakira iyi mikino.(MickyJr) Impuzamashyiramwe y’aruhago ku isi “FIFA” yatangaje igihe ntarengwa ku makipe azakina imikino y’anyuma y’igikombe cy’isi cy’amakipe kuba yamaze gutanga imyenda azambara , akaba ari…

Read More

Kigali : Abapolisi barenga gato 180 batanze amaraso

Abapolisi 180 bakorera ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Mata, bakoze igikorwa cyo gutanga amaraso ku bushake, azakoreshwa mu gufasha abarwayi bayakeneye kwa muganga. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, yavuze ko ku bapolisi, iki gikorwa cyo gutanga amaraso ku bushake,…

Read More

Mbappe ari gukorwaho iperereza ku cyaha gufata ku ngufu

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’ubufaransa Kylian Mbappe ari gukorwaho iperereza ku cyaha cyo gufata ku ngufu bivugwa ko yakoreye mu gihugu cya Suwede yari yaragiye gufatiramo ibiruhuko mu minsi ishize . Aya makuru aje nyuma y’ibyavugwaga na bimwe mu bitangazamakuru byo muri suwede ko Mbappe Lottin ari gukorwaho iperereza ryimbitse ku byaha yaregwaga birimo gufata ku…

Read More

Umukinnyi w’Umunyarwanda yasinyiye Juventus ; inkuru Fabrizio Romano nawe yagarutseho

Ikipe ya Juventus yo mu gihugu cy’Ubutaliyani, kuri uyu wa Gatatu wa tariki 14 Gicurasi 2025, yasinyishije Shane van Aarle myugariro ufite inkomoko mu Rwanda akaba yarakiniye abato b’Ubuholandi imukuye mu ikipe ya FC Eindhoven yo mu gihugu cy’Ubuholandi. Uyu musore afite umubyeyi w’umumama ukomoka mu karere ka Rubavu mu ntara y’Uburengerazuba bw’u Rwanda, akaba…

Read More