Dore ingengabihe ya shampiyona y’ikipe ya Apr fc n’amatariki izacakiranira na mukeba wayo

Ikipe y’ingabo z’igihugu imaze gushyira hanze urutonde rw’imikino yose izakina ,amatariki ndetse n’ibibuga izakinirwaho ;umukino uba utegerejwe n’abatari bake uhuza iyi ikipe na ekipe ya Rayon sports uteganijwe mu minsi itatu ibanza ya shampiyona . Mu rwego rwo gukomeza kwiyubaka ndetse no gutegura umwaka w’imikino utaha ikipe ya Apr fc imaze gushyira hanze imbonerahamwe igaragaza…

Read More

AFC/M23 bigaramye ibyo Kuba binjiza 300,000$ ku kwezi!

Ihuriro Alliance Fleuve Congo/M23 ryigaramye ibyo Kuba binjiza akayabo ki 300,000$ buri kwezi nk’uko byatanzwemo raporo n’umuyobozi wa MONUSCO bwana Bintou Keita. Hashize igihe umutwe wa M23 wigaruriye igice cya Rubaya cyagenzurwaga na FDLR, Mai-Mai Nyatura n’ingabo z’u Burundi aka gace kakaba kazwiho kugira amabuye ya agaciro menshi ariho bishingirwa nu yu muyobozi wa MONUSCO…

Read More

DRC : Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi yarezwe gufatanya na M23 kwica abasivili

Guverinoma ya Repubilika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko ikomeje inzira zisabwa zigamije gukurikirana mu nkinko abayobozi babiri batavuga n’ubutegetsi buriho bakekwaho gufatanya n’umutwe wa M23 mu bikorwa by’ubwicanyi byabaye mu ntara ya Kivu zombi . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku munsi wejo ku wa gatandatu Minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba yategetse umushinjacyaha mukuru wa FARDC…

Read More

Uyu munsi mu mateka : Abatutsi 2000 barokorewe muri Saint Paul n’ingabo z’Inkotanyi zari mu rugamba rwo kubohoza igihugu no guhagarika jenoside yakorerwaga abatutsi amahanga arebera.

Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka • 1779: Igihugu cya Espagne cyatangaje intambara hagati muri cyo, hatangira igitero cy’ahitwa Gibraltar. • 1846: Habaye inama yo gutora Papa wa Kiliziya Gatorika, nyuma y’urupfu rwa Papa Gregory XVI wapfuye tariki ya mbere Kanama 1846. Abakaridinali 50 muri 62 bari bagize icyitwa College of Cardinals bateraniye…

Read More

Rayon Sports imaze kwemeza Robertinho nk’umutoza mushya wayo

Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi ku kazina ka  Robertinho amaze gutangazwa  nk’umutoza mushya wa Rayon sports.  mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye ku cyicaro cy’umuterankunga mukuru wa Rayon sports, aho yarimo isobanura byinshi kuri gahunda yiswe icyumweru cya Rayon sports gikomba gusozwa n’umunsi w’igikundiro nibwo yemeje ko uyu munyeburezile wigeze kuyitoza akanayigeza mu mikino ya kimwe…

Read More

PAPER TALK[Rwanda&Africa]: Mitima Isaac wakiniye ikipe ya Rayon Sports yatandukanye n’ikipe ya kiniraga

COSAFA na CECAFA zanzuye ko zizashyigikira Andrew Kamanga na Souleilan Hassan Waberi mu matora y’akanama gafata ibyemezo, mu mpuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi ‘ FIFA’ ateganyijwe muri Werurwe 2025.[BB Kigali FC] Umutoza w’Umudage w’imyaka 45, Sead Ramović yamaze gutandukana n’ikipe ya Young Africans nyuma y’iminsi 81 atoza iyi kipe, ibi bije nyuma yo kubona akandi kazi…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Umwami Rudahigwa yaratabarijwe, Kigeli V Ndahindurwa yima ingoma naho umukinnyi w’amafilime witwa  Donnie Yen abona izuba

Ishami ry’Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’i Burayi ryita ku mihindagurikire y’ibihe, hamwe n’Umuryango w’Ubumenyi bw’Ikirere ku Isi, byabitangaje muri raporo yasohotse tariki ya 27 Nyakanga 2023.Raporo ivuga ko ubushyuhe bw’iminsi 23 ya mbere ya Nyakanga bwagejeje kuri dogere Selisiyusi 16.95, ugereranyije n’ubushyuhe bwagaragaye mu ntangiriro y’uku kwezi bwari kuri dogere Selisiyusi 16.63. Abahanga mu bumenyi bw’ikirere…

Read More

Fc Barcelona yakoresheje irihe banga kugirango inyagire kandi irusha bikomeye Real Madrid ? [ inkuru ishingiye k’ubusesenguzi ]

ikipe ya Real Madrid yaraye inyagiwe n’ikipe ya Fc Barcelona ibitego bine ku ubusa ihita inayirusha amanota atandatu ku urutonde rw’agateganyo rwa shampiyona nyuma y’ uyu mukino w’umunsi wa cumi na rimwe muri shampiyona y’igihugu ya Esipanye [ Laliga ] , ibi bitego bikaba byatsinzwe n’abarimo Yamine Lamal ,Robert lewandowski na Raphael Bellori bakunze kwita…

Read More

Urukiko rwemeje ko abakekwaho uruhare mu rupfu rwa Olga Kayirangwa bakomezwa gufungwa

Kuri uyu wa mbere urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko abasore babiri bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umukobwa witwa Olga Kayirangwa, bakomeza gufungwa by’agateganyo kuko hagikorwa iperereza ku byo bakurikiranyweho, cyane ko hari impamvu zikomeye zituma bakekwaho ibyaha bakurikiranyweho. Aba basore bombi,ni Fred Nasagambe na Gideon Gatare, bakurikiranwe nk’abakekwaho uruhare mu rupfu rwa Kayirangwa w’imyaka 25,…

Read More